NDI NJYENYINE KU ISI????PAPA YARI UMUPOLISI MAMA ANJUGUNYA KU KAZI KE????NARI URUHINJA|NAVUKIYE I GISHARI
NDI NJYENYINE KU ISI????PAPA YARI UMUPOLISI MAMA ANJUGUNYA KU KAZI KE????NARI URUHINJA|NAVUKIYE I GISHARI
Advertisement

LEAVE YOUR COMMENT

YOUTUBE COMMENTS

@ISIMBITV Says:
NUMERO YA ANNICK ku wamufasha kubona Mama cg abavandimwe: +250 788 902 152
@mikel7491 Says:
Mujye muboneraho ariko no gutanga amasomo ( educate ) yo kwirinda ingeso yo kunyanyagiza intanga ahantu hose ari nako bigendana na HIV ,... ! Kuko niba harabayeho kubyara hirya hino wapi kbs
@violetkabarenzi8102 Says:
Niba Ari umuntu wakoraga mu kabari izakomeze ubaze abantu batandukanye murakoze have ba Delphine bazi.mama uzamumenya
@UmurungiSusan Says:
Ariko warababaye Koko kubura mukaso ,papa wawe nyogosenge na nyogokuru bose bagaca mumaso yawe ukababura, ihangane shenge Imana izaguha umuryango
@victoirehagerimana6079 Says:
Ni karende pee dore nuwo wivyariye wamwiyanditseko kandi uzi se😢
@victoirehagerimana6079 Says:
Yooooo😢.. pole sana...urababaje, Ariko rero ntuwemere ko ibyakubayeho bizaba Karande 😢..uwo mwana wabyaye uzamwandikishe unamwitwarire aguhe indezo yumwana nuwo mwana uzamutware umwereke se . Ushakishe no kumenya abandi barumuna numwana wewe 😢ndumva Karande yaraguteye😢...
@ElisabethNyiragaju Says:
Ibigabo bimeze nka papa wawe bibaho ibaze abo BANA bari hirya no hino mukaba mutaziranye ntiwamenya icyo yakoze mama wawe byamuteye kumugushyira ihangane iyo aza kuba atagushaka ntaba yarakubyaye Aho Ari hose uzamubabarire kbs kndi sorry.
@ElisabethNyiragaju Says:
Naba nawe so waramubonye ubona nabavandimwe😢 nanjye iyo ngira ayo mahirwe uwo papa bakamunjugunyaho😢
@peaceloveisrael3992 Says:
Bavuga SERVEUSE umugore cyanga umukobwa. Umu SERVEUR aba ari umugabo cyanga umuhungu
@NadineMuhimpundu-n4j Says:
Mana Sabin abo ba bantu ni dépressifs. Muzogire isekeza ryo kubumviriza.
@NasrahNouriath Says:
Yooooo pole cyane Imana irakuzi chr wajye uzabona numuryango turagukunda ❤️
@JosianeMutesi-k5i1y Says:
Manawee nukuri ndababaye cyane arko Imana izakuvura ibisebe nukuri
@JosianeMutesi-k5i1y Says:
Ihangane mama mwiza
@IradukundaMarceline-l2i Says:
Narinabuze comment ivugako asa na mutamba arebe neza ko batavukana
@Nimuberwe Says:
Hari Umudamu Wabaye Malawi ,Ariko Ari Australia. Kandi Ndabona Mufite Agashusho!!Narimfite,Inomeroye Reka Ejo nzongere,Nyishake.
@Nimuberwe Says:
Sha Hali Umudamu nzi,Witwa Iryozina,Aba Australia. Ubuse Mama,yaba Ariwe?
@nadegecyizere7213 Says:
Ampayinka
@NyirasengiyumvaMarcelne Says:
Indushyi ntimwimenya pe nawe urabyara Koko udafite kirengera kuki mudaca akenge mwabakobwa mwe
@EstherNshimirimana Says:
Imana iguhuze nabavyeyi bawe mwizaaaaa
@UwambajimanaOdette-h3y Says:
Nyumvira ukuntu karande ikurikirana nyina yatwitiye mu kabari disi urumva nuyu yatwise nawe akora mu kabari 😢
@KANANIJanvier Says:
ikigaragaracyo nyina wuyu mukobwa yari indaya yicuruza umuntu wacuruzaga n akabari igishari,nyina yishwe na sida
@JessicaAbayisenga Says:
Annick uri inshuti nziza kd uzi kubana humura imana izaguhoza amarira, kuko benshi duhora tugusabira umugisha kubera umutima mwiza ugira ❤
@mukampogazijosephine7155 Says:
Kuki buri gihe muvuga nabi abantu babagiriye impuhwe bakabakira mu miryango yabo?
@nikwigizehussein4895 Says:
Wamwnye neza gute ko Ari ukuri?
@niwewewowe9505 Says:
Abaze niba mama we atari Cyamukazi Delphine
@DanielUWITONZE-b8n Says:
Arko Sabin k yigira ñaive cyn!!!ubwo biragoranye kumva uko yanyoye inzoga?ibaz inshuro ubimubajije!!!
@ursuleUyisabe-k4y Says:
Impore
@mfatiyimanaanasie-bh2wr Says:
Wovyibuha utariye?
@helenemarierobert8557 Says:
Amateka yisubiramo! Duce karande mwa bantu mwe
@abasijohn1051 Says:
It's part of life ihangane my sister ❤
@uwamahorogaudence9163 Says:
Uyumwana niba ashaka kumenya details za mama we azajye i Rwamagana bazamushakira details zose
@beckythehustler2981 Says:
Sabin uyumukobwa mumaso biragaragara ko ari muto wimubwira ngo wamubarira no muri30,that an insult to a lady
@nshimiyimanaaime4851 Says:
Siwowe wenyine natwe Hari amafamilly tutazi kd ariho ark mbona Hari urubuga rukwiye kubaho ushaka abe yareberaho kuko murwanda Hari Ibyo bibazo uwabuze Abe nushaka uwe akareberaho umuntu agashyiraho amakuru make aba afite
@ConfusedEucalyptusTree-qb9sj Says:
Yewe buriya arahari kuko nzi abana benshi batongeye kubonana n'abababyaye kandi bahari barabajugunye mu muryango wa se ntibongere kubasura
@charleskazungu1454 Says:
Ishimire kuba wifitiye umwana. Niwe uzakubera umuryango, uzamukunde nawe azagukunda
@IdrissaMoussa-tx7jy Says:
Ndumva warabaye ishyano. Nonese abo ubana nabo Bose Ntabwo bazi iyo ukomoka cg urashaka agatwiko? Sha njyewe ntabwo nizeye ibyo urikuvuga, ngaho komeza wiyanike kukarubanda ufite imiryango wagiye uyibamo kuki itagugasha kumenya nyoko,none urabona kwiyanika hano Kuri YouTube niho uzakura umuryango wawe? 😂😂😂😂😂
@ClementineUwamukuza-q9d Says:
Utazi iyo ava ntamenya iyo ajya mwana wanjye komera ufite uguhoza ariwe mwana wae
@ClementineUwamukuza-q9d Says:
Sha siwoe wenyine nanjye ndinjyenyine singira iyo mva niyonjya
@ClementineUwamukuza-q9d Says:
Sha pole sana twe twariyakiriye tubayeho nkibiti bitagira amashami
@MushimiyimanaChrollote Says:
None x muko ko waruzi neza ko uri indushyi kuki wakinishije gusambana wumvaga utazabyara di!
@Imanarakora Says:
Ariko nkiki gikobwa kibyibushye nkikirya ibumbure koko nikimara gusaka kikonsa kizandana gute?
@mukanezacolette4495 Says:
Wazagiye muri Ako gace yacururizagamo cg kubitaro bya rwamagana ko hari igihe baba bafite amafishi ariho imyirondoro ye
@MutuwaJustine Says:
Allah azadukize ibikomere abana b urwanda kuko ibyacu n amateka maremare,ubu nange umuryango wa papa ndikuwubaririza niba hari uwarokotse muri 1994.
@whistleblower94 Says:
Amakuru utanze ni menshi rwose nibigenda neza uzabona umuryango
@geoffreyruhinda8875 Says:
Ariko uyu niba ibyo avuga ari ukuri azabona bene wabo kuko azi amazina ya Benewabo Kandi ntabwo ari kera nivuba
@TechplusGroupeltdpodcasttv Says:
Nkandira kugafoto 🙏
@AnneMarieNiragira-z4s Says:
Imana igufashye Mukobwa mwiza
@UweraJackson Says:
Asa namutamba pe
@MukantabanaMarieClaire-q8l Says:
Annick pole sana, ndakuzi twaraturanye URI umwana mwiza, kd ugira numutima wa kimuntu humura, nyagasani azaguhuza nabawe, mwana wange, ukomere ❤🙏
@AliceKobusinge-f9o Says:
Imana izagufashe umubone ❤❤

More Abantu Videos