Abarikubona ko iriya bandana Ari kuyihanaguza mukwaha akayishira nokumunwa murihe 😂😂
@benonmugasha Says:
Ex Mani bou, Ko Ari wowe uba Uri kuba directing kuberiki bakujagaraza, ubundi silivizo KO Ari umu Star wagafashe yaretse g taff, Kandi g taff, nakagire ibintu byose urwenyaa,
@patricentirushwa6378 Says:
Manibu, uzashake na KIJANA HIGH LEVEL, Wawundi mwajyaga mutumira muri Flash Friday night
@ajaxmuhire4213 Says:
Ikibazo g taff n'injiji cyane
@MinaniJanClaude Says:
Arko nkuyu DR M niba urikigoryi wagiye uvana ubugoryi mubantu
Uravugango wishyuwe igice Andi bayakurimo
Ubundi UTI nishyuwe mirongo 80k hasigara 20k
Ko URI nyirigihangano wishyurwaga iki ?
Ese kowiyita manager nigute umuhanzi u managing yishyishyurira igihangano kugeza ubwo nudusigaye utumwishyuriza kukarubanda
Ako silvizo ikigaragara wegereye izo za DR M mbere yokwegera G TAFF urebyenabi wowe na DOCT M mwacibwa million 100 so
D m wivugiyeko G TF yazanye aragitosa nkigitecyerezo Wenda uracyagura ntagishya kirimo kwiyitirira ikintu cyundi nokukihesha birahanirwa mugarukire aho
@EgideMugabushaka Says:
Ese ko Sylviso yoshakira inkweto n'ipantalo bye Dr M ashaka iki, ko ndinze nsoza ikiganiro cyose ntumvise icyo aburanira materiellement?? Mumfashe rwose mbyumve
@Carles-s9 Says:
Silvizo nave kuri G taff
@germainkwizera Says:
Mwamugambaniye kbsa muri gushak kumufatirana
@germainkwizera Says:
G tuff muri kumurya kungufu kweli kubera indirimbo ye mumaze kubona irimo ibiryo sha
@germainkwizera Says:
G tuff mumureke yirire ibishyimbo bye kuko yarihirinze nta manager afite ni we wimamaginga
@ShadypGuitar Says:
Umurara ntacyo waza umubwira
@EmmanuelNTIVUGURUZWA-j1t Says:
Nubwo bari gusakuza ndi kwiyumvira G Tuff gusa❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤
YOUTUBE COMMENTS