Ese we nkubwo so,umushyize munkuru yawe gute?mwarimu wagusambanyije c ushaka kumufungisha?
@Mitsindondihoo Says:
Njyew ndamuzi
@Mitsindondihoo Says:
Umugore wa dj fresh
@Mitsindondihoo Says:
Dj fresh
@hansenlina Says:
Umuruho ubyinisha Umudaho koko, muko witeye umuruho in the name of love 😅😅😅 what kind of man is that
@RORUNYURWEDidacienne Says:
N,ukuntu uri iki maman cyiza sha🤦♀️
@ayinkamiyejulienne687 Says:
Agape disi.wize igikondo
@mutesayirelea7488 Says:
Asa na Tonzi cyane kbs
@MuhireNorbert-n5u Says:
Hhhhh cyakoze😂😂😂
@mujawimanaeugenie9900 Says:
Gusambana mwabigize umukino peeee😢
@mujawimanaeugenie9900 Says:
😂😂😂😂😂yewe abakobwa murasekeje. Ubwo seee
@benicharlesnzeyimana1482 Says:
Inkuru nk'izi biba byiza umuntu ayumvise nta marangamutima menshi ashyizemo.
1. Icyo mbashije kwumva nuko papa w'uyu mukobwa yari umugabo ureberera urugo rwe kdi neza gusa ariko akaba ashobora kuba atarumvikanaga na nyina kuburyo barera abana babo. Nyina akaba very protective noneho abana bagafata side ye kuko yemeraga amafuti yabo yose.
2. Uyu mudame ambabarire ariko nawe ntabwo yari yoroshye n'ubwo abyita gufatwa ku ngufu. Ubirebye nta burere bwiza yari yarahawe akiri muto akaba kandi yari azi ko ibyo akora byose ari bugire umuntu umushyigikira ariwe nyina kuko uko mbyumva papa we nta jambo yaragifite muri uwo muryango kuburyo ibye byose yabyakiraga uko nyine
3. Ingaruka z'ibyo akenshi abana barezwe uko bahura n'ibibazo bikomeye cyane mu buzima kuko mind yabo iba iri corrupted from the beginning kandi ni gake bumvira inama zibaganisha kubyiza. Kwiyita umukozi hari n'igihe biba ari ugufunga umutw rimw bakagira Imana bigacamo ariko ni gake cyane bitinda
4. Ubuzima bwaramwigishije ubwo byiza yabikuramo isomo atabishyizemo amarangamutima menshi. Arebe ibyo nyina yamukoreraga yita byiza, arebe ibyo se yamukoreraga n'ubwo gukubita umugore ntabishyigikiye niw ubizi ko aribyo cg ataribyo, anarebe noneho uwo mugabo numva w'imbwa bahuye kuko niba ari byo ibyo bintu yamuvuzeho iryo zina yaba arikwiye.
5. Ndumva yava muri ako gakungu ka we na nyina akegera se nawe akamugira inama z'uko yakwifata muri ibyo bibazo. Ubu se ashobora kuba yiyumvamo guhezwa agahitamo guceceka ariko biba bimuhangayikishije cyane. Nace bugufi ajye kumusaba inama n'ubwo yaba atinjiza wenda nk'ayo nyina yinjiza.
Murakoze
@RAF528 Says:
Very beautiful and intelligently tells a story and with accountability and honesty. For those judging her or focusing on the s**ual aspect of her story, you are part of the problem. Ntawuvuze ko uwo mwarimu akeneye gufungwa or any other adult who took advantage. Its all "wari warananiranye pee"... what? Are you sick? ntabwo yarafite imyaka nubumenyi bwo kuba "ikirara" "indaya" like some people are judging this young lady. Ahubwo umwana arashukwa agahendwa ubwenge nabamwangiriza ubuzima. Cyane cyane iyo adafite abamurera cyangwa iyo abamurera bafite ibibazo cyNgwa bahuze batamubonera umwanya wokumenya whats happening in her life and also advise. Sorry my kinyarwanda is weak but i hope my point is clear. Most of this happened before she was the right age of maturity and consent.... she was a victim of both her teacher and this Nelson love who took advantage of her pain and naivety.
YOUTUBE COMMENTS