UMUTINGANYI YANTWAYE UMUGABO TUBA KENYA????NARAMUFUHIYE UMUTIMA WENDA GUTURIKA????NAZINUTSWE GUSHAKA
UMUTINGANYI YANTWAYE UMUGABO TUBA KENYA????NARAMUFUHIYE UMUTIMA WENDA GUTURIKA????NAZINUTSWE GUSHAKA
Advertisement

LEAVE YOUR COMMENT

YOUTUBE COMMENTS

@ISIMBITV Says:
NUMERO YA AGAPE +250785504438 / +250738363010
@BeatriceUwamariya-lj8qh Says:
Courage sha komeza ube intwari ushake inote ibindi ubireke
@UmurungiMine-tg9eq Says:
Ese ninde wababeshye ko Iyo ubyaye uba ubyariye umugabo???!?! Umvaaa Igihe utwise menyako ugiye kubyara kd wibyariye umugabo ahari cg adahari abana Ni abawe /umugore
@christellabianca Says:
Ta mère est juste extraordinaire ! Courage à toi
@mumararungudiane5951 Says:
Ndagukunda cyaneee
@mumararungudiane5951 Says:
Oooohh agape wange be strong bestiii
@MunyanaFrancine-l9h Says:
Sha warumukozi wahuye numugabo wibandi
@EstimeeTwizerimana Says:
Pole mama, Imana izakomora kandi igushumbushe
@TuyisengeJack-w4i4h Says:
Nihatari kbs mukomere
@KarenM-dp4du Says:
Wari ikurara Ubwo wageze secondaire uzi kujya mumihango utazi ko kuryamana nabasore havamo inda,puu abakobwa muranze muratunaniye Ubwo se uje kuvuga iki hano uje gutanga uruhe rugero kubakuri inyuma????gutera agahinda ababyeyi gusa,ngo umusore akubwiye ko agukunda ngo so ntiyabikubwiye Genda
@hanoiwacu8668 Says:
Umugabo mbwa
@hanoiwacu8668 Says:
Uri mwiza cyane agape
@immaculeeniwemugore2452 Says:
pole sana , humura , komeraa , umugabo wawe azakugarukira, azagusaba imbabazi
@SengimanaMartin Says:
Nutagabanya ubushinzi ntamugabo uzigera ubona Kandi uzisuzume uzasanga ikibazo niwowe
@ZabulonNdikumasabo Says:
Wariwibereye mubakamba
@PelagieIngabire-f3l9l Says:
Yooo agape disi komera sha ndakwibuka
@AsumaniKamanayo Says:
Ohh pole saana
@BusingeDivine Says:
mayange hejuru cyane 🎉
@BusingeDivine Says:
mbega umu professor 😂😂
@TuyishimireWinifride Says:
Ese we nkubwo so,umushyize munkuru yawe gute?mwarimu wagusambanyije c ushaka kumufungisha?
@Mitsindondihoo Says:
Njyew ndamuzi
@Mitsindondihoo Says:
Umugore wa dj fresh
@Mitsindondihoo Says:
Dj fresh
@hansenlina Says:
Umuruho ubyinisha Umudaho koko, muko witeye umuruho in the name of love 😅😅😅 what kind of man is that
@RORUNYURWEDidacienne Says:
N,ukuntu uri iki maman cyiza sha🤦‍♀️
@ayinkamiyejulienne687 Says:
Agape disi.wize igikondo
@mutesayirelea7488 Says:
Asa na Tonzi cyane kbs
@MuhireNorbert-n5u Says:
Hhhhh cyakoze😂😂😂
@mujawimanaeugenie9900 Says:
Gusambana mwabigize umukino peeee😢
@mujawimanaeugenie9900 Says:
😂😂😂😂😂yewe abakobwa murasekeje. Ubwo seee
@benicharlesnzeyimana1482 Says:
Inkuru nk'izi biba byiza umuntu ayumvise nta marangamutima menshi ashyizemo. 1. Icyo mbashije kwumva nuko papa w'uyu mukobwa yari umugabo ureberera urugo rwe kdi neza gusa ariko akaba ashobora kuba atarumvikanaga na nyina kuburyo barera abana babo. Nyina akaba very protective noneho abana bagafata side ye kuko yemeraga amafuti yabo yose. 2. Uyu mudame ambabarire ariko nawe ntabwo yari yoroshye n'ubwo abyita gufatwa ku ngufu. Ubirebye nta burere bwiza yari yarahawe akiri muto akaba kandi yari azi ko ibyo akora byose ari bugire umuntu umushyigikira ariwe nyina kuko uko mbyumva papa we nta jambo yaragifite muri uwo muryango kuburyo ibye byose yabyakiraga uko nyine 3. Ingaruka z'ibyo akenshi abana barezwe uko bahura n'ibibazo bikomeye cyane mu buzima kuko mind yabo iba iri corrupted from the beginning kandi ni gake bumvira inama zibaganisha kubyiza. Kwiyita umukozi hari n'igihe biba ari ugufunga umutw rimw bakagira Imana bigacamo ariko ni gake cyane bitinda 4. Ubuzima bwaramwigishije ubwo byiza yabikuramo isomo atabishyizemo amarangamutima menshi. Arebe ibyo nyina yamukoreraga yita byiza, arebe ibyo se yamukoreraga n'ubwo gukubita umugore ntabishyigikiye niw ubizi ko aribyo cg ataribyo, anarebe noneho uwo mugabo numva w'imbwa bahuye kuko niba ari byo ibyo bintu yamuvuzeho iryo zina yaba arikwiye. 5. Ndumva yava muri ako gakungu ka we na nyina akegera se nawe akamugira inama z'uko yakwifata muri ibyo bibazo. Ubu se ashobora kuba yiyumvamo guhezwa agahitamo guceceka ariko biba bimuhangayikishije cyane. Nace bugufi ajye kumusaba inama n'ubwo yaba atinjiza wenda nk'ayo nyina yinjiza. Murakoze
@RAF528 Says:
Very beautiful and intelligently tells a story and with accountability and honesty. For those judging her or focusing on the s**ual aspect of her story, you are part of the problem. Ntawuvuze ko uwo mwarimu akeneye gufungwa or any other adult who took advantage. Its all "wari warananiranye pee"... what? Are you sick? ntabwo yarafite imyaka nubumenyi bwo kuba "ikirara" "indaya" like some people are judging this young lady. Ahubwo umwana arashukwa agahendwa ubwenge nabamwangiriza ubuzima. Cyane cyane iyo adafite abamurera cyangwa iyo abamurera bafite ibibazo cyNgwa bahuze batamubonera umwanya wokumenya whats happening in her life and also advise. Sorry my kinyarwanda is weak but i hope my point is clear. Most of this happened before she was the right age of maturity and consent.... she was a victim of both her teacher and this Nelson love who took advantage of her pain and naivety.
@JeanDamasceneBagirigomwa Says:
Pole Agape
@HappyCalicoCat-kc4tu Says:
Pole Agape mwiza ndabizi neza inkuru yawe yose washutswe ukiri muto abagabo bakwangiriza ubwonko Kandi bibaho kumwana mutoya ndakumva cyane Kandi ndabizi wararababaye. Sabin wakoze kumutega amatwi rwose kuko abenshi tubura abo tubwira bikatubyimbiramo
@estheruwingabiye8789 Says:
Yegoko sibintu nizereko uburaya nuburara wabiretse kuko warushyushye usuzugura wiyumva birenze mbabajwe nuko ubeshyeye so yaritondaga muri Cartier Bazaguhugure Dore urakuze ibyosibyo
@immaculeeimanishimwe3065 Says:
Iyi nda ko yakumazemo iminsi pe gutwita ufite 16 ans ukabyara habura amezi 2 ngo wuzuze 18 ans
@AssiaUwase Says:
Komera komera mwana wa Mama ndumva dusangiye inkuru imwe
@wholesalerlaptops Says:
Yaraguhohoteye kdi warusanzwe utanga umupuri
@wholesalerlaptops Says:
Iyi nkuru irimo ubutekamutwe peeee na Sabin yamubihiye
@wholesalerlaptops Says:
Ariko warindaya kokoooo
@TuyishimeGisele-h1c Says:
Mama gigi disi be sorry
@KwitondaEvariste Says:
Ariko wamugorere nawe ntago warushobotse uwo mugabo wanafashaga ngo yari umutinganyi byari bigutwayikise ubwo washakaga kwiharira umugabo wenyine rero icyama ayo mahirwe sinayitesha
@murekatetejane2819 Says:
Oooh Impole mama Nyagasani azagutze intambwe wirere abana.
@Skystarrwanda Says:
Ndakwibuka wari kiza gusa
@Skystarrwanda Says:
Ndakwibuka GSK washatse imburagihe kubera gushyuhaguzwa ntibyari bukugwe amahoro
@jeannedarcmukarwego8864 Says:
Maman Gift irere abana bawe ureke se wabo kuko yifitiye undi mukunzi we Principal niwe buriya ashyira imbere mureke rero shakisha bazakura
@dushimiyumuremyiMarielouise Says:
mbivuze bmihagaziho neza
@dushimiyumuremyiMarielouise Says:
urasabiriza erura gusa ababuze icyo bayamaza bayaguhe ndakuzi neza nukuri warananiranye
@dushimiyumuremyiMarielouise Says:
Urabenshye ibyo uvuze byose njyewe ndakuzi cyane benshya abatakuzi kugera kuri level wita umugabo wawe umutinganyi ku muntu wabafashaga
@dushimiyumuremyiMarielouise Says:
Uri indaya ntago ushobotse uzabeshye abatakuzi warigurishaga

More Abantu Videos