Nonese Sabine ubwiwe nikiko aba babyeyi barimukuri
@MUKANDANGAMARIE Says:
Ahubwo se kuki bakoze ikiganiro kuyindi channel babivuga bakaba baje no kwisimbi kubivuga harimo akantu njye ndumva arukuri ahubwo ntabwo bari baziko barigusebya imiryango none babamereye nabi
@kuberimanatv4317 Says:
Gusa lmana ibababarirepe kuko basabye imbabazi
@kuberimanatv4317 Says:
Gusabirababajepe kubeshya nibibipe sumucomwiza
@user-dn2ct8by4k Says:
Sabin iyo couple ya felix na Christine icyo bashaka ni mission bahawe yo guhimba ibinyoma bakabicisha kuri isimbi TV. Iyo mission nukugire berekane ko isimbi TV isigaye ishikiriza inkuru zibinyoma kugire isimbi abantu ntibasubire kuyigirira icyizere..
@kadino_jc Says:
Bashaka kugaruka😂😂😂
@KankindiFanny-p5d8r Says:
Ababana ntibabeshya
@kalisangaboPa Says:
Sabin mbanje kugusuhuza, mubyukuri iyo umuntu ataramenya ukuri iteka afata umuntu nabi rimwe narimwe akamwanga, urugero njye byageze aho ntarakumenya byanyabyo ndakwanga pe ariko mubantu ubu narar ntarebye nkumva ndababaye urimo, kubera iki nuko naje kukumenyaho gato cyane sinakanini, uri umuntu utajya ufata intege nke zumuntu ngo nawe umuhirike ahubwo uramuzamura, kdi ugendera kukuri ndakuzi, reka mve muribyo nivugire kuri aba bana, njye nkurikije uko ibintu bimeze sinibazako umuntu yafata umwanya akabeshyera umuntu inshuro irenze imwe ahantu hatandukanye,ahubwo ibaze niki kintu kuki utihamagariye Sebukwe babeshyeye ukumva sewabo?mubyukuri aha harimo ko ugomba kureka ugasa nuwitanga ugatega amatwi kdi ugakurikirana neza iyi nkuru bano bana ntibarikuza iwawe babeshya ahubwo imiryango yokumugore iracyafitemo kakantu uzi nawe kerekeye iriya miryango ko guhishirana ibyo mvuga ubiziho, rero bashobora kuba aho bakoreye mbere kuko platform babanjeho ziri hasi imiryango yakure itarabimenye kuko iyawe ikurikirwa bikagera kure imiryango igahaguruka,wambwira ute ko mama wumuhungu atari kuba ariwe waguhamagaye cg se wumukobwa hakaba hahagurutse abo kuruhande,reba neza njye nagiye muri comments mbona abenshi babiziho ukurikire witonze wasanga uzaduha ikiganiri cya gatatu kdi ntuzabere ngo uri guhishira imiryango bano bana uzababere umugisha nkuko ubikorera abandi, ariko aha harimo urujijo abenshi twicariye kunkovu kdi biragora kujya gushaka ukambika ikamba utitwa umubyeyi wawe ntanicyo yakumariye mubuzima aruko ari umwe mumiryango gusa,biragatsindwa kubyara ntuhembwe numubyeyi, uko byamera kose kurikira iyi nkuru witonze naho ubundi wirakazwa nuko batakwitabye uzi neza yo umuntu ari muri situation iremereye imiryango yahagurutse ntuba urakagira icyo kuvuga ;nanditse byinshi mumbabarire arko birakwiyeko witonda gshyiraho icyasha kuri aba bana kuko ntayindi nyumgu bari bafite,sinubwambere byari bivuzwe kuki batabigaragaje kuzindi mbuga bahereyeho x abo baje kuvugako babeshye? nuko baziko isi yose igiye kumenya ukuri
Uyu Felix ndamuzi yize muri TTC RUBENGERA Sinarinzi ko yakora ibi bintu kbc😭😭😭
@EricISHIMWE-h8e Says:
Ibyo bintu nibyo ntago aribintu bazana hanze Ari bihuha
@annemariebihirabake6444 Says:
Sabin, genda buhoro. Biragoye kumenya muri abo babiri uvuga ukuri. Aba ba jeunes bashobora kuba bavuga ukuri
@claudinenyira.9737 Says:
Bakoze amakosa rwose yo kutavugisha ukuri,ibaze ko nanjye iyi nkuru nari nayibonye nkanayisangiza abandi nzingo ni ibyanyabyo,kubeshya si ikintu kiza rwose
@ChantalUwamahoro-b8x Says:
Nibwo ntareba mumutima sindabyemera Yuko babeshye
@unfamily4406 Says:
Ariko se Sabin wemejwe niki ki inkuru yabo atariyo?
@IngabireFilidausi Says:
Sambe ntago bigeze babeshya 😂😂😂
Ahubwo nimba arukota ababyeyi banyu twarabose ahubwo babikurikirane neza nimba hari nabandi bana babyaye babavuge kubera ko hasigaye ko base aribo bazaza bashaka abakobwa babo izo nkuru zabo bantu nimpamo kuko nyumvise kenshi kandi ahantu hatandukanye ahubwo imiryango yahagurukiye kwa sambe kuko ariwe ukurikirwa nabantu benshi bumva ko inkuru ijyera kure kand koko yageze kure ahubwo bakorwe nisoni ntibakajyende babyaragura ngo ntibarere cg ntibagaragaze abana
Njyewe hari nabandi bana bo byapfuye bitaraba ariko habuze gato kand ubwo ntihabuze ibyo bari barakoze byiyiminsi ubwose koko ibyo bintu byiyiminsi koko nibiki icyo nakubwira nuko abo bana batabeshye pee
@umugwanezaOlive-vj5ej Says:
Ntabwo ba beshya sabe aba saza bikigihe ni boroshye
@IyaduhujeAngel Says:
abaza kubeshya tujya tubabona aho
@alinemupfasoni6838 Says:
Nkurikije ko mbona bari fier nubundi nari nabagaye pe ariko barabeshya rwose kuko aribyo byanyabyo suko bakwibaransa rwose ariko rwose niki cyamaze ubwoba cg isoni we abantu cyakora rwosentasomo rwose njye nunvamo
@alinemupfasoni6838 Says:
Ariko sabin nubwo byaba byaragenze gutyo singombwa kubyamamaza mugihe bose bacyiriho rero rwose sibyiza rwose ko babivuga ikindi leta ntiyemera ababana ari abavandimwe rwose niba aribyo ntamutima uriya mugore agira kuza ukavuga ngo niyemeje kubana na musaza wanjye niyo mbere bataba bari babizi aho babimenyeye se kuki batatandukanye barashaka kuzashinga chanel
Kugira ukuri kumenyekane nukuzapimisha DNA Test kugira tumenye kwari Papa we wanyawe.
@karangwasylvie Says:
Abantu bo muriyi minsi nararwaye ubuse Koko babeshye ngo bibafashe iki uretse gutesha agaciro ababakomokaho narumiwe koko byatangiye Kare uwo mugore avuga iwabo harenze hamwe kumbi ninimpunzi
@thekuzubamirror Says:
Ubundi se icyo cyiganiro babivuga cyirihe
@NYIRAMANAEsperance-d1d Says:
Sabe, ba hafi aba bana! Reka kuba umuyutuba cyane ubacira urubanza. Niba se wa Christine ntacyo bimutwaye kuki wowe wafashe icyemezo? Ntabwo yigeze avuga ko se yamwihakanye ahubwo nawe uremye icyaha kidahari
YOUTUBE COMMENTS