Dr.Rusa gira ico ushikirije kubwicanyi bukorera rubanda ruto rufise ibitekerezo bitandukanye ni bya Leta y inkotanyi,aha hari Rip Karasira,Rip Kizito n abandi musanzwe muzi.
@kadira234 Says:
🎉 Cyrille Ramphosa need to step down in power. He is saying only Rwanda are tall . He is saying all African who help Bico must go away from South Africa. South Africa is not a country
@wns5649 Says:
Ahubwo usanga abazungu nabagindi bikoreye free Palestine flag ibyaha biratangaje
@MurindabigwiAphrodis Says:
Igihari Abirabura Bo muri Africa yepfo mindset yabo bumva bashaka kubaho nkabazu kndi ntibizigera bikunda pe bazahora ari abacakara babo ibihe byose kuko utaragize amahirwe yo kwiga ngo agre Kure ndakurahiye ninzu yibyumba 2 na saro ntabwo yayigondera ntanubwo uzamubina byabindi byiwacu ngo uriya ejo yari umuhinzi cg ngo yakoraga akazi ko murugo cg ngo uriya yahise ari umukarani ngo ubu yarakize yateye imbere ibyo muri Africa yepfo ntibiba yo ubwo uciriritse azaza ariko uko Mindset zabo ntizikora neza mugihe Buri umunyafrika yepfo wese afite opportunity yo kugera mwiterambere babaye bafite ubwenge biringira gusa ngo igihugu gikize ko rwose nudatunze reta ngo izamufasha kndi mubyukuri udufaranga abitwa abacyene bagenerwa nintica ntikize, ntibazi kwihangira imirimo kuko hariya Hose bavuga ngo abanyamahanga bashinze amashop ngo nibafunge basubire iwabo hahoze ho yewe nubwo abanyamahanga bazasubirayo ntabwo aba southafrka bazahakorera ibyahakorerwaga ntabwo bashobora ntanigishiro kuko ntibazi kwikorera imishinga ibateza imbere, Ubwo se ni gute Umusomari ariwe ushyiraho company yohereza amafaraga hanze yigihugu harya aba South African ntibari bahari cyabo batwegereza ko wikorera umushinga bakaza gutera amahane pe.
@MurindabigwiAphrodis Says:
Doctor Rusa ndakwemera uvuga ukuri mubintu byinshi ariko uyu munsi wihenze cyane Ubutumwa utanze uyu munsi ntabwo aribwo 100% ko kwica kwabanyamahanga muri Africa yepfo ko biterwa nabazungu baho aho wacyishe ahubwo iyo hatabaho imbaraga abazungu muri iki gihugu Abanyamahanga Bari bwicwe bagashira urugero nguha ni uko nubwo basara ndavuga Abirabura bacogozwa nimbaraga zabirabura bene wabo Bemeye kuyoboka abazungu bakabaha kumugati, Urugero ntabwo uriya mwanda wubwucanyi bakorera abanyamahanga bawuzana muri Cape Town Bakwigaragambya yes ariko ibijyanye no kwica abanyamahanga muri Cape Town cg gusenya gutwita icyo nticyabaho noneho ikindi doctor Rusa utaruzi Umunyamahanga yagira ibyangombwa atabigira agomba kubaho aho usanga umuntu akubise nkimyaka 10 ntacyangimbwa kndi akorera amafaraga, so uriya mwanda I uwo mubirabura epfiriya doctor. Ikindi ubeshyeho ntemeye uvuze ko Ngo abazungu bababuru ngo badakunda abafrikanse cg abakaradi babandi bita Mutesi yise abametisi ibyo byo ntibigaragara niba babanga icyizwi ni uko bigaragara aba bakaradi cg Bakunzwe nabazungu barubahana cyane haramutse habaye intambara bateranira Abirabura kuko imitungo yose bafite Dore ko benshi banakize bafite mubuzima bwiza babikuye kubazungu kuko mumateka benshi bazanywe nabazungu kuko nibo Bakoresha aho gukoresha Abirabura barabigisha babaha no kumafaranga nabo usanga bafite Ibigo byamashyuri bimeze neza inganda yewe namazu meza kndi igice cyinini rwose nabo baganye ubutaka bwa Africa yepfo ntakiguzi aho usanga barubatse namahahiro Malls cg amaso ko akomeye so Abirabura ushatse wavuga ko basigajwe inyuma namateka ari naryo shyari bagirira abanyamahanga kuko nibo abazungu Bakunze gukoresha kuko nibo bakora akazi babisha kuruta gukoresha Abirabura babanyafrika yepfo
@MvutseThierry Says:
Kuberik DR Rusa atadusobanurira ibibazo vyakarere kibiyaga bikini cane cane iyo propagande ihari
@FelixDukuzumuremyi Says:
Dr.uzatubwire ukuntu aba president bajyaho bijyira aba panafricanist bajyaho baghinduka biterwa niki ese ubundi batinya iki
@NininahazweExcellent Says:
Doctor Rusa uvuga ukuri ariko tuzoshika.
@ntitugugumwa Says:
Uyu Dr Rusa,numwe yavuga ko Ndayishimiye ari umu président progressiste!! Icomuha kuba bujumbura umwaka akabona amabi ndayishimiye akoreye abarundi
@New_Deals Says:
Mwiriwe
Mutubarize Dr Rusa impamvu Macro agiye gushora Billioni 23 zamayero kandi ubufaransa nabwo buri kugwa mubukungu
YOUTUBE COMMENTS