Nizereko nawe abakazana bawe nabakwe bawe batizifuza kukubona.muri make byara vuba nawe upfe.maze ibyo wishimira bizashyike no kubawe.injiji gusa.
@beyond-1-e4l Says:
Umugore wese wifuza kutagira nyirabukwe ubwo nawe amenyeko umukazana we azifuza kuba waba utakiriho
Mwige kubana neza na family mwashatsemo no kububaha
Bizaborohera!
@muvunyijule Says:
Uyu mubyeyi ndamuzi niba anyibuka ni mama joela muri modern coast njyewe uyu mubyeyi muzi aba murugo rukize ariko yahoraga arira none hari umuntu uvuzengo azi umugabo we Ari umujura ruharwa ngo numumama wamuguriye imyenda yumwana nabarundi bamugaburiraga Kandi njyewe muzi adasabiriza mfite ubwoba yuko umuntu wanditse biriya aziranye numuryango wumugabo we bakaba bashaka kubanza kumuharabika nyuma bakazamugirira nabi mbivuze kuko nabonye na Tausi nabonye baratangiye kumurwanya reroo uyu mubyeyi yitonde bakazamugirira nabi
@Emilienne-q3d Says:
Mba numva uyu mugore atabeshya
@UwanyirigiraClaire-j2y Says:
sinzi impamvu uyu mu maman namukunze
@muvunyijule Says:
Uyu muntu ngo ni mainahish wanditse yuko amusi akavuga yuko umugabo wuyu mubyeyi yari umujura ruharwa ko yamukubitaga akanamuzaniraho indaya ashobora kuba aziranye numuryango wuyu mubyeyi nimudacunga neza bazamugirira nabi njyewe ndabiyiziye
Sabin mwadufasha mukajya mufasha aba bantu bagize ibi bibazo bakabona ubutabera njyewe uyu mu mama twavuganye nsanga niwe ndamuzi ariko nabonye hari abantu bashaka kumuharabika njyewe ntuye muri Kenya aho bita Kasarani season ,rwose niba harikintu nka leta zajya zikora zakurikirana ibi bibazo
@Mainahish Says:
Ngewe ndamuzi atuye ahantu hitwa ingara yitwaga jecika umugabowe yari umujura ruharwa baba mukazu kamabati ka shamburete abantu mwageze muri kenya inzu zamabati murazizi arabeshye ntabukire yigeze yibagiwe ko nimyenda yumwana numumama witwa mama rukuman wayimuguriye undi mukobwa witwa donata niwe wamuguriye umutaka wumwana gukubitwa byo nibyo yarakubiswe pe nyirabukwe yabaga munzu zareta ntabukire yigeze yibagiwe ko abarundi babaga ingara aribo bamugaburiraga gutaha kwe yafashijwe naporisi yingara niyo yategetse umugabo we kumuha itike inategeka ko agomba kujyana umwana we ibindi byose nibinyoma
Batwigishije kurya no kunywa divayi na ukaristiya (amaraso n'inyama by'umwana w'umuntu=fils de l'homme=Yezu) nkaho tudafite Inka n'ihene.
@SINGIZWAMANA-y6c Says:
Niba dukunda umusaraba dukunde na yuda na ba basirikare ba bambye Yezu kuko bose akazi bakoze ari kamwe.
@SINGIZWAMANA-y6c Says:
IMANA Y'ukuri ntabwo Ihinduka na gato DIEU Ne Change Jamais ariko Yezu yarahindutse yavuye mu buzima ajya mu rupfu Singizwa Himbazwa Shimwa MANA y'ukuri Wowe Wohereje Yesu n'izindi Ntumwa ngo zitwereke inzira y'agakiza Warakoze.
@SINGIZWAMANA-y6c Says:
No mu nzozi ntibyashoboka IMANA y'ukuri mu nda ya Mariya?! amezi 9 yose?! Ikoramo iki? isi n'ijuru biyoborwe na nde? NTIYARYAMA twashira.......
@SINGIZWAMANA-y6c Says:
Mu butabera bwa muntu icyaha gihanirwa uwagikoze ni gute IMANA Nyirubutabera Yahanira umwana icyaha cyakozwe n'ababyeyi be!?ese icyaha cy'inkomoko ni iki ? HUMURA muvandimwe nkunda IMANA Ntirenganya umwanditsi yaravangiwe ntabwo turi abana ba data satani turi ab'IMANA y'Urukundo Nyirimpuhwe Nyirimbabazi Ubuziraherezo IRADUKUNDA Cyane TWESE icyo Yanga ni icyaha cyirinde cyihane.
@SINGIZWAMANA-y6c Says:
IMANA Y'ukuri mu nda ya Mariya? amezi 9 yose? Ikoramo iki? isi n'ijuru biyoborwe na nde? NTIYARYAMA twashira......
@SINGIZWAMANA-y6c Says:
Nawe itegereze neza urasanga dusingiza cyane Yezu kuruta uko dusingiza IMANA y'ukuri Yamwohereje aya ni amahugu akabije yirinde.
Data niba bishoboka iki gikombe kindenge ariko bibe uko Ushaka Data Data ni iki kikundekesheje ?
Uyu Data(IMANA y'ukuri) Yezu yatabazaga Niwe dukwiriye gutakambira kuko ariwe Ushobora byose.
@SINGIZWAMANA-y6c Says:
Ibyago bikomeye kuruta ibindi ni ugutakaza ibyiringiro ku mpuhwe n'imbabazi by'IMANA y'ukuri nyamara IRADUKUNDA Cyane TWESE icyo Yanga ni icyaha cyirinde cyihane.
@emiliennetiti7192 Says:
Ubundi ibintu vyo gucira urubanza umu invité mba numva atarivyo. On dirait qu'elle est au tribunal. Elle raconte ce qu'elle a vécu . À chacun dy croire ou de ne pas y croire.
@uwinezaancille3988 Says:
Ariko sha ko Muba muvuga ngo abahungu ba mama mubamugirago babe abande?kuki mushaka ko abagabo banga nyina wamutwise wamufubitse waruhanye nawe?ese mwebwe mwanga ba mama wanyu?Ese wowe umuhungu wawe nashaka uzashimishwa nuko akwanze?ndi madam arko turakabya.mujye mureka babakunde Bakiriho niba mutabashaka mujye mureka gushyingirwa Mugume naba mama wanyu.nyikobukwe niyo yaba adashobotse ugira uko umutwara arko utabwiye umuhungu we ngo amwange plz
@auptozed Says:
Ese Mana Koko ni iki nagucumuyeho kuburyo abantu bose banga kunkandira kugafoto😭
YOUTUBE COMMENTS