NISHIMIRA KO MFITE UMUGABO W'IMFUBYI????SINASHAKAGA MABUKWE KUBERA IGIKOMERE
NISHIMIRA KO MFITE UMUGABO W'IMFUBYI????SINASHAKAGA MABUKWE KUBERA IGIKOMERE
Advertisement

LEAVE YOUR COMMENT

YOUTUBE COMMENTS

@KangataValence-c6x Says:
Wagisimbawe ngo ntiwashakaga mabukwe uragatsindwa ntabwo banyirabukwe boss aribabi eee urigisimba
@Geny2020 Says:
mabukwe rwose nanjye ariho ariko ninkaho atariho. yibera mu buzima bwe ntawe abangamiye gusa urukundo rwo ntarwo yifitiye
@GilbertBIGIRIMANA-wz6nr Says:
erega sabe rekakumubaza vyinshi mumubiri harimwo inkabuzo ituma umugore arondera umugabo.erega arshukwa nawe!!!!!!!!
@mariem.a9190 Says:
Ujye ukunda Maman wawe kuko yakubereye umubyeyi mwiza cyane,aho benshi batakugumaho we ahora akunambaho❤❤
@IwacumixUdushyanimikino Says:
Yoooooooooo! Disi iwabo twari duturanye ndabizi
@umunyaburanga6910 Says:
Erega uguhohotera ntakenera impamvu. Ntabwo nkugaye kuko abakecuru bamwe basenyera abana babo tutibagiwe n’amarozi.
@renemabano4617 Says:
Uwo mugisha wagize wo kutagira Nyokobukwe uwushimw Imana, hanyuma unawusabire abakazana bawe uzagira mu minsi iri imbere. Sinjye ubivuze, ni Karma.
@IshimweDavid-r8w Says:
Uri n'umurozi njyewe ukimara gutangaza ibi uri umugore wanjye ugatangaza ko wishimira ko udafite nyokobukwe nahita ntandukana nawe
@UwingabiyeJeandarc Says:
Ariko bamabukwe mubahora iki muzajye muguma kwabanyoko muba mubafite mukajya gutanya umwana nkanyina muba muziko atmubyaye akamurera nuko namwe mwareswe
@helenemarierobert8557 Says:
Dkdijdnr’rk
@Umumararungueugenie Says:
NIWAMUGABOWAGUKUBITAGA
@mahaiiianaaima4123 Says:
Wamugomewe 😢😢😢😢 ubufubyi bwabantu urabwishimira?
@fannycool6077 Says:
murek gucimanza uyumugore ntabesha uwushak kumufasha namufash
@kamuntu789 Says:
ABANTU DUHURIRA HANO MURI COMMENTS NUKURI MUJYE MWIHANGANA MWANDIKE MUMAZE KUMVA IKIGANIRO KUKO MUTEZA CONFUSION BIKAGIRA INGARUKA KUWATANZE IKIGANIRO
@Zarielzario Says:
Nonese wabwirwa niki ko uwo mwana atibwe ni abaganga?
@Elitecomercialmuhalaze Says:
Mwabantumwe narumiwe nahano Mozambique iyo ubyaye umwana upfuye ntibamuguha sinzi aho babashyira nange byambayeho baramunyima agahinda karanyica ubu nariyakiriye 😢
@banamwanapatiance7957 Says:
Nizereko nawe abakazana bawe nabakwe bawe batizifuza kukubona.muri make byara vuba nawe upfe.maze ibyo wishimira bizashyike no kubawe.injiji gusa.
@beyond-1-e4l Says:
Umugore wese wifuza kutagira nyirabukwe ubwo nawe amenyeko umukazana we azifuza kuba waba utakiriho Mwige kubana neza na family mwashatsemo no kububaha Bizaborohera!
@muvunyijule Says:
Uyu mubyeyi ndamuzi niba anyibuka ni mama joela muri modern coast njyewe uyu mubyeyi muzi aba murugo rukize ariko yahoraga arira none hari umuntu uvuzengo azi umugabo we Ari umujura ruharwa ngo numumama wamuguriye imyenda yumwana nabarundi bamugaburiraga Kandi njyewe muzi adasabiriza mfite ubwoba yuko umuntu wanditse biriya aziranye numuryango wumugabo we bakaba bashaka kubanza kumuharabika nyuma bakazamugirira nabi mbivuze kuko nabonye na Tausi nabonye baratangiye kumurwanya reroo uyu mubyeyi yitonde bakazamugirira nabi
@Emilienne-q3d Says:
Mba numva uyu mugore atabeshya
@UwanyirigiraClaire-j2y Says:
sinzi impamvu uyu mu maman namukunze
@muvunyijule Says:
Uyu muntu ngo ni mainahish wanditse yuko amusi akavuga yuko umugabo wuyu mubyeyi yari umujura ruharwa ko yamukubitaga akanamuzaniraho indaya ashobora kuba aziranye numuryango wuyu mubyeyi nimudacunga neza bazamugirira nabi njyewe ndabiyiziye
@umutoniangelique8592 Says:
Nuko batabibabwira , abantu beshi ntibishimira kugira banyirabukwe
@uwasejossete Says:
Sabin mwadufasha mukajya mufasha aba bantu bagize ibi bibazo bakabona ubutabera njyewe uyu mu mama twavuganye nsanga niwe ndamuzi ariko nabonye hari abantu bashaka kumuharabika njyewe ntuye muri Kenya aho bita Kasarani season ,rwose niba harikintu nka leta zajya zikora zakurikirana ibi bibazo
@Mainahish Says:
Ngewe ndamuzi atuye ahantu hitwa ingara yitwaga jecika umugabowe yari umujura ruharwa baba mukazu kamabati ka shamburete abantu mwageze muri kenya inzu zamabati murazizi arabeshye ntabukire yigeze yibagiwe ko nimyenda yumwana numumama witwa mama rukuman wayimuguriye undi mukobwa witwa donata niwe wamuguriye umutaka wumwana gukubitwa byo nibyo yarakubiswe pe nyirabukwe yabaga munzu zareta ntabukire yigeze yibagiwe ko abarundi babaga ingara aribo bamugaburiraga gutaha kwe yafashijwe naporisi yingara niyo yategetse umugabo we kumuha itike inategeka ko agomba kujyana umwana we ibindi byose nibinyoma
@tuyisabefaustin Says:
uyumugorese kwafite igitima kibiwe gs nitiku risumba ubwengep
@uwaseteta-ze7qu Says:
Ngewenkunda mabukwewange% nshimimanako yamumaye🙏🙏🙏🙏
@uwaseteta-ze7qu Says:
😂😂😂😂😂😂ahwiiii sabe ati ariko iyomvura❤❤❤❤❤😂😂😂😂
@SINGIZWAMANA-y6c Says:
Batwigishije kurya no kunywa divayi na ukaristiya (amaraso n'inyama by'umwana w'umuntu=fils de l'homme=Yezu) nkaho tudafite Inka n'ihene.
@SINGIZWAMANA-y6c Says:
Niba dukunda umusaraba dukunde na yuda na ba basirikare ba bambye Yezu kuko bose akazi bakoze ari kamwe.
@SINGIZWAMANA-y6c Says:
IMANA Y'ukuri ntabwo Ihinduka na gato DIEU Ne Change Jamais ariko Yezu yarahindutse yavuye mu buzima ajya mu rupfu Singizwa Himbazwa Shimwa MANA y'ukuri Wowe Wohereje Yesu n'izindi Ntumwa ngo zitwereke inzira y'agakiza Warakoze.
@SINGIZWAMANA-y6c Says:
No mu nzozi ntibyashoboka IMANA y'ukuri mu nda ya Mariya?! amezi 9 yose?! Ikoramo iki? isi n'ijuru biyoborwe na nde? NTIYARYAMA twashira.......
@SINGIZWAMANA-y6c Says:
Mu butabera bwa muntu icyaha gihanirwa uwagikoze ni gute IMANA Nyirubutabera Yahanira umwana icyaha cyakozwe n'ababyeyi be!?ese icyaha cy'inkomoko ni iki ? HUMURA muvandimwe nkunda IMANA Ntirenganya umwanditsi yaravangiwe ntabwo turi abana ba data satani turi ab'IMANA y'Urukundo Nyirimpuhwe Nyirimbabazi Ubuziraherezo IRADUKUNDA Cyane TWESE icyo Yanga ni icyaha cyirinde cyihane.
@SINGIZWAMANA-y6c Says:
IMANA Y'ukuri mu nda ya Mariya? amezi 9 yose? Ikoramo iki? isi n'ijuru biyoborwe na nde? NTIYARYAMA twashira......
@SINGIZWAMANA-y6c Says:
Nawe itegereze neza urasanga dusingiza cyane Yezu kuruta uko dusingiza IMANA y'ukuri Yamwohereje aya ni amahugu akabije yirinde.
@SINGIZWAMANA-y6c Says:
IMANA Y'ukuri Ni Nyirimbaraga Ni Nyiricyubahiro Iravuga bikaba ntabwo Ikeneye urupfu rw'iminsi 3 ngo Ineshe satani Yaremye bibwire abandi IMANA y'ukuri Izabiguhembera.
@SINGIZWAMANA-y6c Says:
Data niba bishoboka iki gikombe kindenge ariko bibe uko Ushaka Data Data ni iki kikundekesheje ? Uyu Data(IMANA y'ukuri) Yezu yatabazaga Niwe dukwiriye gutakambira kuko ariwe Ushobora byose.
@SINGIZWAMANA-y6c Says:
Ibyago bikomeye kuruta ibindi ni ugutakaza ibyiringiro ku mpuhwe n'imbabazi by'IMANA y'ukuri nyamara IRADUKUNDA Cyane TWESE icyo Yanga ni icyaha cyirinde cyihane.
@emiliennetiti7192 Says:
Ubundi ibintu vyo gucira urubanza umu invité mba numva atarivyo. On dirait qu'elle est au tribunal. Elle raconte ce qu'elle a vécu . À chacun dy croire ou de ne pas y croire.
@uwinezaancille3988 Says:
Ariko sha ko Muba muvuga ngo abahungu ba mama mubamugirago babe abande?kuki mushaka ko abagabo banga nyina wamutwise wamufubitse waruhanye nawe?ese mwebwe mwanga ba mama wanyu?Ese wowe umuhungu wawe nashaka uzashimishwa nuko akwanze?ndi madam arko turakabya.mujye mureka babakunde Bakiriho niba mutabashaka mujye mureka gushyingirwa Mugume naba mama wanyu.nyikobukwe niyo yaba adashobotse ugira uko umutwara arko utabwiye umuhungu we ngo amwange plz
@auptozed Says:
Ese Mana Koko ni iki nagucumuyeho kuburyo abantu bose banga kunkandira kugafoto😭
@Amidangirente Says:
Numvise ikiganiro nsanze Mbabazi yaragukoreye ubugome yashatse kugukomanyiriza kuko ntibyumvikana uburyo wamuhaye ikiganiro agatinda kugisohora ubundi yabona ugitanze ahandi kandi ugaragara ahita agisohora ubugome bubi cyane.
@UwaseimpunduGloria Says:
Disi waruziko wiboneye umusaza wokugutetesha🫤🫤
@UwizeyimanaMarc-w3k Says:
Njye ndabona niba utabeshya uricyomanzi nanjye njye nagutwara
@Mandelenia Says:
Ati yagombaga gukurikirwa. Ibaze, nuwambere utamushoboye. Ubujiji
@udeempiretv Says:
🎉🎉🎉🎉🎉🎉🎉🎉😢🎉😢😢🎉🎉🎉🎉🎉🎉🎉
@ishimwealine-z4m7h Says:
Kuberiki kwa gerd wihisha
@InamaZaQueen31 Says:
Ihangane rata. Mumfashe aba chr ntibigoye ni ukanda aho kwifoto gusa.murakoze ❤
@MusaGakwego Says:
Wishimira ko ufitebumugabo wimpfubyi koko we ??😭😭😭😭
@ernestineinema3743 Says:
episode3 what's next???? 😔

More Abantu Videos