Ariko kki mutbwira ibibi vyabntu kko bavuye I Kigali? Namwe muteye amakenga, ariko koko wabesha uja kwigisha kuri university koko? 🤣🤣 Hama ntamuyobozi wa university yamuvumbuye😂
Hanyuma ko ibyo utabivuze agihahisha izo diplome i kigali 😂😂😂😂😂 ariko abantu mubeshya gutya mukumva ntanisoni mufite kweri.
@ikagi-k8u Says:
byagaragara ko hari ibidahura pe, ngo kutiga biragatsindwa. ariko u rwanda ntibaruvuga uko bishakiye.
@a-q6t3z Says:
Bombi harimo umwe uri kwigura. Sam Twiganye, Uganda. Yarangije High School. University yo simbizi, we were not close. Sinayihamya. uyu sister we aramwanga, ibaze kuvuga ibyo kwisiramuza hhhhhh!
@victoriousg1612 Says:
Aba bantu bibigarasha erega bose icyibibatera ninda mbi suko baba bayobewe ukuri kandi rwose twese turabizi uburyo abantu bakunda hanze, gusa birababaza kubona umuhungu mwiza nka byansi yarapfuye ubusa😊
@bugingo-e3o Says:
Leta y' urwanda ikwiye gushyira imbaraga mukugenzura diplome ziva hanze nanjye nzi umuntu hano mu Rwanda Uzwi ko ari doctor veterinary Kandi nta na secondary agira Kandi ajya akorera leta
@bugingo-e3o Says:
Uwo mushikiwe barabaza pee ntiwamwihakana gusa ndumiwe byansi yari kuba umuhanga iyo yiga
@Joshuamuhinda Says:
Byansi yaribandi kuvakera yakoranye na Gra mpfurere mukazi amwambura ibihumbi 800k amutetse umutwe nikibandi kigisirimu kizi kubeshya kubi abantu 😭🤣
@pearly36 Says:
Mbega.ingengera ni byatsi ahubwo😮Umuntu nkuyo ni mumaraso kubeshya ntago bizamuvamo 😤impore mama,😢
@gikwavu Says:
Kubona mushiki w’umuntu yanika musaza we bonse ibere rimwe muruhame gutya, uretse no kuba ubukunguzi, birababaje cyane. Musigeho rwose ibi si iby’i Rwanda. Abafaransa baravunga ngo le linge sale se lave en famille. Gucamo ibice imiryango ntacyo bizatumarira uretse umuvumo gusa. Uyu mugore ni inkunguzi n’ikigwali
YOUTUBE COMMENTS