NABAGA MURI ETAGE ARIKO NKARYA MBITAMO AMARIRA????BARATEKAGA BAKARIRA MU CYUMBA????NARWARIYEYO IHAHAMUKA
NABAGA MURI ETAGE ARIKO NKARYA MBITAMO AMARIRA????BARATEKAGA BAKARIRA MU CYUMBA????NARWARIYEYO IHAHAMUKA
Advertisement

LEAVE YOUR COMMENT

YOUTUBE COMMENTS

@ISIMBITV Says:
Numero ye: 0788520602
@MukamanaAderinne Says:
Yooo! Pole turi bamwe nange narakubiswe biratinda
@umutonielina241 Says:
Kuba mu muryango utari iwanyu biragora cyane. Ijoro ribara uwariraye
@JoieClaire-x4x5g Says:
Ububuzima ni ubwanjyepe
@uwizeyejosiane7338 Says:
Komera DearJulia Uwiteka ahundura amateka nibura ubu warakuze uri Nyina w'Abana ibyo ujye ubishimira Imana ❤❤❤❤ ndakwibuka shenge kuri Apace
@chrissagabe3888 Says:
Hari abantu baba basebya abandi. Mujyeuguma iwanyuubaujya he ko muba mufite iwanyu?
@Eza-d2o Says:
Sha no kuvuga ufite ubunebwe ahubwo uwo muryango bazawutumenyere tuwushimire!wuzuye itiku nuwagushatse azabyitegure kuzamusebya
@Eza-d2o Says:
Abanebwe gusa!urandebera ukuntu yihwereje wa 😮inyiturano nugusebanya!jye ahubwo ndumva baritondaga kurera biravuna nuwawe uramucyaha
@higirovedaste1898 Says:
Uyumudamu ibyavuga ntiwabyumva utarabibayemo yabaye mumuryango adakunda bimugwanabi Ihangane ,iyubake 🙏
@micopascaline Says:
Ntararangiza comments 😂😂😂n'ikiganiro maze kubona ko banshi muri mwe mufite ibikomere pe,kuki mutumva umubabaro w'undi,kuki mutumva ko yumvaga ko yafatwa nk'umwana murugo bitwaye iki?😂😂😂gusa nanjye sinari kuhaba nari gusanga Maman wanjye,gusa iyo asubira iwabo byari kuba igisebo kwa Nyirarume,uyu mugore yaheze hagati nk'ururimi,gusa simbona impamvu yo kuza kubishyira ku karubanda,ufite ikibazo ajye ajya kubajyanama bo mu mutwe, komeza utwaze.
@Theo-qp9jq Says:
Disi uteje ikibazo mu muryango urabasebeje iyo ubyigumanirw😮
@RegineMurekatete-f7c Says:
Umuntu mwiza atanga ibyiza abikuye mu butunzi bwe bwiza n'umuntu mubi atanga ibibi abikuye mu butunzi bwe bubi,ibyo baguhaye nibyo bari batunze.
@umubyeyiregine2667 Says:
Mukinyarwanda baca umugani ngo# umurengwe wica nk'inzara3
@ClemenceMahoro Says:
urakosheje iyo ubikira ibanga abakugiriye neza
@rudasingwaildephonse2641 Says:
Unamureba asa nabagome
@yussufbashorimanzaidi6173 Says:
iyo uguma iwanyu se barakuvuje none ubihimuyeho mwitangaza makuru koko
@KezaCadette-t5c7w Says:
Ese ubu ntuba ugiye guteranya imiryango Sabin?
@KezaCadette-t5c7w Says:
Ntacyo nkuyemo uretse ubugoryi
@village-boy-in-town Says:
Umunyarwanda ,Nukonyine Gahunda nukumesera ibyahi mugikari Nahubundi Twese dufite anateka kbs ....
@MissNYOTA Says:
Ubuzima bwaranze ariko wunva ko ari abakureze babiguteje . Ntaho bihuriye na gato
@MissNYOTA Says:
Uku nukurengwa , barakureze baraguhungana baguha ibya ngombya byose . Urindashima pe wigaye
@alicemuhimpundu8360 Says:
Twese ibyo byatubayeho Kandi turabyishimira twabaye abantu bazima ufite ikibazo
@alicemuhimpundu8360 Says:
Ariko rero ubanza uri ndashima koko
@BayinganaLosa Says:
Umuntu waguha akazi yaba agize ibibazo. Uri imburakimazi.
@BayinganaLosa Says:
Uyu mugore ateye iseseme pe! Sinumva icyo yaje gukora hano. Gicucu gusa
@MAMALAVIofficial Says:
Ese reka mbabaze uwakubyayewe yarikubyukira mukazi ugasigara uryamye? Nonese kuba bari afite umukozi wumvaga ko uwomukozi ariwe uzagukorera byose? Ariko we sakumi nimwe ubwo ninijoro cyane? Aba baba barinokubeshya buriya Sha mujye muvana imiteto Aho aba nibabandi bashaka bageramurugo bikabacanga kuko ntakintu nakimwe Bazi kwikorera abagabo babo bikababera umutwaro bakabata cg bakajya mubandi bariguhunga siteresi.njye narimfite atagira Mamawe ariko yabaga ahaze ibiryo akabimena muli toilet cg agacukura ahantu akabitabamo ngo ntabibona hhhhhh narihiringa ngo atagira icyo abura agatekerezako aruko Mamawe adahari yarigaga byose arinjye ubimutangira mbese naramufashe nkuwanjye ibintu byose nabimuheraga kugihe n'iyo nabaga ntabifite nariyemezaga nkaguza cg nkareka gutega nkagenda namaguru Kandi ntwite inda nkuru mpetse nundi warucukiranye ariko ntacyantangaje nkukumva mubantubose ntawe atabwiyeko ndumugome ndumurwa tubonye bikabije twamujyanye kwa nyinawabo ariko ubu aricuzaga cyane
@DativeDUSABIMANA-f4s Says:
Yewe mugore sinkuzi n'iyo famille sinyizi ariko uri indashima pe Bazirunge kimwe n'abandi banyuze aha bagambiriye kugira icyo baronka bagiheshejwe no gusebya ababareze, bene nkamwe Imana ibababarire kuko mwatuma abantu bacogora kugira neza. Ariko Sabin ujye ubumva ariko unabahugure
@chantalninakamariza400 Says:
Nizere uyo Oncle wawe yitavye Imana kuko nakumva azababara
@CMBIGENERGY Says:
ariko nk'abantu muri kumubwiranabi kwatarimwe mwabibayemo niba ntakiza cyava murimwe byibuza mwagiye mwicecekera 😢 Nibyo koko utabusya abwitubumera.. Rata mom me I understand your pain 😔 And am very sorry. And keep praying our God is listening to us always. Be blessed 🙌.
@TwizeyimanaJeanPierre-g2d Says:
Sabin niyo mpamvu ntagikunda ibiganiro byawe, biba birimo amatiku. Ibi ntacyo bitwigishije
@JonathanNtirandekura-c8u Says:
Nsnjye ma yambyutsah salumi
@ManimagoMG4738 Says:
iseseme kbx, umukecuru nkawe c urikugaya ko bakubyutsa sakumi nimwe? noneho ubu wibyukira satanu zakumanywa😂😂😂
@NasengeFrorance Says:
Ahubwo ujye ubashimira bagukuyemo imiteto twe twajyaga ku ishuli tukabyuka izo saa kumi nimwe tuvuye kuvoma none nawe
@ChristineUWAMBAJEMARIYA Says:
Iyinkuru inteye isesemi
@ChristineUWAMBAJEMARIYA Says:
Ufite inda nini ngonyoko yakubwiye ngontiwaza ngo ntabyokura bihari ukemera? Indan nini gusa
@ChristineUWAMBAJEMARIYA Says:
Iyujya kwanyoko kowarumufite
@NyamwasaJeanmarie Says:
Mwabuze ibyo muvuga pe aka nakumiro!!
@ChristineUWAMBAJEMARIYA Says:
Murasebanya mwabakobwamwe harigihe ariwowe warimubi
@BukundiyeFlorance Says:
Ubwo kutanywa isukari nacyo nikibazo ahubwo bakugiriye neza urazi ibibi byayo uzabashimire bakoze neza ubu twese tuge kuri kamera koko nshuti zange abenshi ibyo twabiciyemo bakanga kukurihira ishuri ngo urumukobwa ari badata batubyaye munda shaka ibyubaka ibyo ubivemo wishakire akazi ndabona ariwowe witera icyo gifu ufite mam ntute imihari kubakureze gasita utaryamye kumakaro bakakwemerera kuryamana nabana ubwose iyo bagushyira mubakozi akaba aribo muryamana wari kuvuga angana iki koko ubu koko ibyo bintu wabivugiye iki koko uteranije imiryango ubwose ukoze iki iyo uceceka
@BukundiyeFlorance Says:
Iyo wiga ubuganga ntabwo ubura akazi kndi nubu wabwiga ubuganga nakazi keza iganubu birashoboka
@BukundiyeFlorance Says:
Konumva wakoze ubukwe kera koko iyo uceceka ko nubundi wari waracecetse mureke izo nzangano wikorere ibyawe numugabo wawe umuhaye inkuru azajya abigucyurira erega nawe sumumaraika iyo mba wewe nari kubibwira mama wenyine niwe nshuti yawe hamwe na yesu ntawundi nakwizera wowe barakuretse uryama mubana abandi babaraza kumukeka wowe uracyarira
@BukundiyeFlorance Says:
Mana yange nukuri uzarebe ibyiza bagukoreye wekureba kukibi gasita wakuze umubyeyi akunda umwana aramuhana kndi akamutoza kubyuka kare twese twagendaga kwishure tuvuye kubagara ibishyimbo ntawe utubyukije umuntu niwe yibyutsaga kera twabyutswaga nindirimbo yavuga ngo ekutera mizike deside yamuhuri jamari ngewe nabireranye ngenyine papa wabo amaze gupfa kndi twareze abana benshi napapa wabo tubarihira namashure bararangiza .nazakaminuza abandi abapadiri nkubwire ntanumwe yishyuriye abange kwishure cg ngo yishyure ninzu twari dupanze cg ikijumba cyumunsi umwe mugisagara haragoye none wowe uracyafwina ibyo urimo nibiki koko shima imana kowakuze ukaronka urwawe ngaho yobora abawe twese tabaye mumiryango ibyo bibaho ukmenya uko witwara niba ufite ubwenge twese twarakubiswe shimira abo babyeyi kndi ubakunde ntuze ubange kirazira wamubyeyiwe aho ushishe igisabo ntuhatera ibuye niwanyu nimbe nabo baguhaye karibu ntibakwihakanye reka gukina wamugorewe muge mutubwira ibitwubaka ibyo ndumva ntanyigisho nkuyemo kizwa wizere imana ko yakurinze ibyurimo nibiki koko rekeraho ndakubujije
@niyonzimajanvier5132 Says:
Wagize mahirwe kuko ubu nibwo mbwenge ufite ntubize
@MukeshimanaNabella Says:
ihangane julia wanjye
@niragirecharlotte533 Says:
Ariko ntimugashinyagure, ubu murumva Ari gutete? Nimbe namwe mwabyukaga mugiye mumasambu, ariko we yabyukaga akubitwa, munjye muvana ubugome ahongaho
@rugematheogene3899 Says:
Sha gewe nabyukaga saa kumi nimwe njya kuvomera ibitoki mbere yo kujya kwishuri ndetse watinda akagusobanurira byien ariko byaramfashije amaze gutaha nsigaranye abandi bana ntajenjeka nkira nitunze neza ntacyo mbura kubera kurerwa ntamikino
@mukatabarojeannette4255 Says:
Sha uri ingayi nukuri,uzasabe imana imbabazi kuko wabaye umwana mubi cyane ,erega kugira etage ntibivuzeko ntabibazo bagiraga ,ese ko utagiye ngo nyoko akurihire cyangwa aguhe aguhe ibyo bakwimyee,uringayi pee
@anne-mariekazoviyo2568 Says:
Mumureke umuntu wese agira ibikomere vyiwe …. Namwe muze muvuge ivyanyu … reka yivugire kuko vyoba bimufasha akaruhuka ku mutima 🤷🏻‍♂️ ! Mureke gusongera usibe …
@onesphorenduwimana5548 Says:
Ubwo se niba kubyuka 5h00 ubyita kutaryama abana bawe uzabatoza kubyuka sangahe???
@Ndkgl Says:
Sha bababyeyi bakera ni uko bareraga si uko batakubyaye ahubwo ni bwo burere bwa babyeyi kd bose barabikorerwaga.ahubwo wowe wanze kwakirako ari iwanyu.

More Abantu Videos