Nubwo byose atari byiza Ariko iyo unywereye inzoga ku mugaragaro, hari indi msg uba Utanga bitandukanye nunywa yihishe.
Ntabwo rero umushumba yamubajije gutyo kuko nawe yaba anywa
Nanjye nakibaza
Kuko bivuga ko wamaze guta isoni.
Uwihisha n unywera kumugaragaro bakeneye ubufasha butandukanye.
@CesarNIYIGENA Says:
Amahoro amahoro,
Bwana Sabin Murungi,buri Mukristo ni Umugaturika .Ni yo mpamvu Roman Catholic Church itandukanye na Catholic Church.
Abangilican mu Gitabo cy'Amasengesho babigarukaho usabe Esdras ubufasha agukopeze .
@CesarNIYIGENA Says:
Amahoro amahoro,bwana Bosebabireba Théogène Uwiringiyimana ,
Kizigenza muri ADEPR mu ndirimbo zo gusingiza Imana ,Elie na Henoki barigiyemo badapfuye .Nta bandi bararijyamo abandi Bera hari aho barindiriye kugira ngo bazahatane cya gihe kigeze .
@MarieRoseUWIMANA-zl6nw Says:
Ramba muvandimwe,hora impagarike n'ubugingo
@ChristellKikoMapendo Says:
Hahaha bashaka theo wihishe oya kirazira kurya wihisha ivyowariye oya
YOUTUBE COMMENTS