Ariko se koko igihe ibibazo byanemeye byavugiwe habuze ababikemura uhmmm yaracishije sinagusa pee😏😏
@emmanuelnsabiyumva4100 Says:
Hi
@emmanuelnsabiyumva4100 Says:
Bite Theo umuntu wese arengeje imyaka yubukure ntabwo agomba kureba kumitungo yase Cg ibyo Se yagezeho ibyo nukorora ububwa.
Nibashacye imitungo yabo😂
Kd biba harakazi ya bakoresheje kabyara ingungu azabishyure
Ariko nububwa cyane kujya guhangana naso I love sneak itera amagi ikayasibira ikazongera guhura nazo zikuze.
Uyu muhungu ntacyintu nkuye mubyo ashinjya Se no korora ububwa
G’day 😊
@IYAKAREMYEIzabelle Says:
Mwiriwe neza ndumva mwafata phone yuwomuhungu niyabo bagizi banabi bakazitwara kuri MTN bagatanga ubutabera kurabo bana uwomupapa kuko yababujije umutekano
@Rodriguezkare Says:
Ntabwo nk Abana be mwagakwiye kuba mufata Uruhande rumwe.
@nshamihigosafariange6587 Says:
Mwige gukora; iminani muzayibona so yapfuye na Mama wanyu ikikubwira ko so na Nyoko bagukunda ni uko uba utarahiye amaguru no mu maso naho muzehe mumukosorera mu gikari.
uwo musaza amfite abadayimo kabisa mumuveho , leta nibarwanteho??
@MishahiRukamwa Says:
Mwebwe mwa bana mwe ururimi rw'umwe rukamwa inshyushyu. Kuri mwe ikibazo mukigize ibihano bikarishye, ariko amakosa yanyu muyagize akarengane!
@MishahiRukamwa Says:
Nonese umushakaho igishoro, ariko ukaba udashobora kwibwiriza gukuraho umwanda w'imbwa mu rugo, urumamva atagira impumgenge z'amafaranga ye y'igishoro, waranze no kwiga mu ishuri ryiza? Nonese gushishikazwa no gutsinda warize mw'ishuri riciriritse, no gutsindwa mu ishuri ryiza icyiza ni ugukugaraga gusa ko watsinze ariko ntacyo wize!
@MishahiRukamwa Says:
Kuri ubwo bukwe se so na nyoko batacyuje ngo ni uko so ari igikoko, nyo nawe ngo nuko atabutaha ngo agaruke iwe, urumva buzarema? Iyo ubanza ugatunganya ikibazo cya nyoko ukazaba ukora ubukwe nibura nyoko atunganiwe akabucyuza? Uwo mugore washatse azi sebukwe azaremya urugo?
YOUTUBE COMMENTS