NDAMBIWE IGISEBO CYO GUCURUZA AMASANDUKU NO KUTAGIRA UMUGORE????JADO CASTAR ATUMYE EZRA ABIVAMO
NDAMBIWE IGISEBO CYO GUCURUZA AMASANDUKU NO KUTAGIRA UMUGORE????JADO CASTAR ATUMYE EZRA ABIVAMO
Advertisement

LEAVE YOUR COMMENT

YOUTUBE COMMENTS

@louisekwizera4886 Says:
Ezira . Service ukora ni nziza .Komeza.
@yvan2026-g2c Says:
Nonese arucuruza isanduku n'ucuruza irimbi cy ukora akazi ko gucukura imva urumva ukora akazi keza ninde? Mubwire
@esthertugizwenayo6571 Says:
Ezra ntabwo ushaje cyane pe
@TuyisengeChristine-p9g Says:
Ezila we nubundi bazajys bakubona bavugengo Dore cyakigabo cyacuruzaga amasanduku
@katebern8749 Says:
Sabin urasek ugatuma ikiganiro kiryoha, Ezra nkunda kukumva uziko narindi kureba mwenedata ngahita nyivaho nkabanza kureba Ezra, manawe
@gloriauhiriwe Says:
😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂 Ezra arasetsa kokoooo? excuse sinjya nkibagirwa aka kajambo
@UWERAGisele-n9e Says:
Ukobyamera kose nzakomeza nkukunde😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂
@u.skiber3050 Says:
Ubwo urahaze.
@HabiWera Says:
😂😂
@EmmanuelBanda-v7x Says:
Sabin na Ezra ndabakurikira cyane mbarizwa mugihugu cya Zambia ariko umwanzuro ufashe ntabwo ariwo muvandimwe komeza akazi ,ntabwo bbfm yabivuze arukukwanga
@valeriemanirakiza3244 Says:
Reka reka ikorere akazi. Zikore
@Elisabeth.2026 Says:
Ezra bakuveho rata
@user-qo2wx6oj45 Says:
Kenya bayacuruza kumuhanda rwose wicika intege kazi ni kazi
@muhozajamilla9049 Says:
Winsetsa pe turarushye turaremerewe pe😂😂😂
@Elisabeth.2026 Says:
😂😂😂😂
@muhozajamilla9049 Says:
Ezra we ndagukunda pe
@valeriemanirakiza3244 Says:
Ntugahebe akazi kawe
@BN-ef8gt Says:
Ahubwo njye ayo nkorera aba makeya kuri depense mfite😀 ndarushye ndanaremerewe. Ezras we ugira ibitekerezo byagutse peee bitwigisha
@MD.MohammedMD.MOHAMMAD Says:
Ese ntugitubura?
@KevineDusingizimana Says:
Umujustoma Akazi nakazi nshuti yanjye kora ahubwo ujye utugabanyiriza mugihe ibyago byatugezeho 😢😢😢 Nabakuvuga c kontawe bajya gushyingura batagiye murayo masanduku
@abegadarl4716 Says:
Sinzimpamvu ndikumukunda cyane pe😂😂😂nsigaye numva waza kutuganiriza burimunsi kbs ,ugira amagambo meza,arimo ubwenge,wowe na gafaranga mwahuye umuntu yahaguruka yahungabanye 😂😂😂😂😂😂
@SmartboyNobifu-u1r Says:
Good
@mr.patrice2514 Says:
Oya wibihagarika kuko ni Service ikenerwa, turavuka tukanapfa rero uko umuntu avutse bagategura imyenda aho kubaa ninako iyo dupfuye bategura aho umuntu ashyingurwa.
@desiremasumbuko5242 Says:
Wenda gushing urwawe byo ariko kazi ni kazi
@desiremasumbuko5242 Says:
Kazi ni kazi
@banezabernadette1676 Says:
Sha nugendera kubyabantu ntuzaterimbere wowe kora
@GguGc Says:
❤❤❤❤❤❤
@MarieclaireKagenza Says:
Ezra ndamukunda cyane mbona Ari umuhanga ndetse numunyabwenge 👍
@emiliennemulisa4090 Says:
Wabuze iki?😂😂😂
@NsengiyumvaVianney-n5m Says:
Sha nanjye ndushye kuba single pe!!! Nuko kubiviga abantu babyita imikino uzi kugera kuri Etaje ya kane ukiri single kandi witonda,uri inyangamugayo ,Utanywa ikiyobya bwenge icyo aricyo cyose!!!
@INEZANinimah-o1x Says:
Akazi ni akazi
@boscouwitonze Says:
Sabe dukeneye mutabaruka
@bankyolusegun3716 Says:
Ibaze gucuruza ikintu nawe bazakujyanamo😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂
@KayiganwaAdeline Says:
Umva nyiyigishiriza uko iyo business ikorwa nyikorere naho abaseka nabo bazagukenera
@umurerwadelphine8977 Says:
Icyo yashakaga yarakibonye se uwacyimubaza yacyimwereka? Biriya ni nkinda ntibijya bihaga,buriya mubikoranye burumwe ajye ashimirundi naho ibyo kwiyemera ngo ndamuriye urahaze se
@shumbushojobs1796 Says:
Uyu mutype no kumureba gusa arasecyeje pe
@jeannedarcmukeshimana354 Says:
Ubwo urahaze. Yareke ubahime
@AngeliqueMukamurenzi-m8i Says:
Ezra we mpa akazi Njye nzigucururiza arinjye birwa bavugako nzicuruza
@MukabugingoOlive Says:
Ezra ntugacike intege ngo bagusetse ndakwiginze komeza ube wowe 💪💪💪🥰🥰🥰🥰❤️❤️❤️❤️❤️❤️
@Mila-vu1yr Says:
None habuze abadandaza amasandugu abantu bazobashingura gute ? Ugira niwe uba wabishe ? Komeza business abantu ubareke baba bariko batera inkuru.
@UmurenziBeatha Says:
😂😂😂😂❤❤❤❤❤🎉🎉🎉
@solangeg5524 Says:
😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂 nibutse ko najye twahuriye muri CHIC nkagusuhuza nseka
@NdayisengaJeandelapaix Says:
Mbere iyo najyaga mushaka ikiganiro cya Ezira kuri Youtube nandikaga ngo KANYAMASANDUGU
@YvetteAbimana Says:
Ni business rata ntibaguce intege😂😂 gusa nanjye iyo nkubonye numva naseka😂😂
@InamaZaQueen31 Says:
Number 2 ndihano.Ezra weeee😂😂😂😂😂 aba Ezra aba yasekeje nkanjye munkandire aho kwifoto.❤❤
@نجاتال-ت7خ Says:
😂😂😂kanicare
@only_wirwanda Says:
Yesu weee❤❤❤ first commenter Umujisitoma

More Abantu Videos