Ntanabasirikare nkibona mumugi wa musanze gusa bumveko ducyeneye umutekano
@ShumbushoJmv-h8l Says:
Ariko umuyekano mugihugu imbere urakenewe
@Lock940 Says:
Aho ni base y'interehamwe kuva kera. Kdi utahavuuka Abaturage baho ntibagutabara. Nang narahiize ndahazi
@killed-3d Says:
Ngo
@VincentUwimana-t4e Says:
Aho haba interahamwe nyinshi,
@BizumuremyiJoseph-h9d Says:
Iyo dereglement ntabwo isanzwe hari ikibyihishe in Yuma kitazwi
@oreste2023 Says:
Kaci bimaze kumenyerwa mu baturage bakwa telephone , izi ni ngaruka zo kubura imirimo kw'abaturage , barasonza , ntimuzirata ngo mwariye abandi bicira isazi mu jisho. Companies z'ubuhinzi , Inganda , guhemba neza abarimu n'abaganga, gufasha urubyiruko rufite ibitekerezo byo kwihangira umurimo byatanga akazi , byose Leta ntacyo ibikoraho , hari BDF bavuga n'icyuka kigendera , abakire nibo gifasha nibo kibereyeho, BRD , nayo nta improvement mu mikorere ngo tubone ibisubizo, byose biranmgira ari umutekano mucye mu baturage gusa ntakindi.
@Belle-2004 Says:
Mu Byangabo Sha ndahazi haba urugomo ruteye ubwoba
@ngarukiyintwalitheoneste Says:
Ni nsorensore zanze gukora uturimo twamaboko .
@felixbedson1398 Says:
Ibi bintu bimaze igihe kinini, inzego z'umutekano zose zirabizi icyo twibaza ahubwo giteye inkeke ni uburyo batabikurikirana ngo barandure abagizi ba nabi n'imizi yabo. Ntabwo ari abantu babiri gusa babifitemo uruhare...ni itsinda rinini. Police, franchement mwarajenjetse kuri iyi case y' I Busogo
YOUTUBE COMMENTS