ICYO Dr Frank HABINEZA WA #GREEN_PARTY AVUGA KU RUHURI RW'IBIBAZO BIKOMEJE KUVUGWA MURI #MITUWELI
ICYO Dr Frank HABINEZA WA #GREEN_PARTY AVUGA KU RUHURI RW'IBIBAZO BIKOMEJE KUVUGWA MURI #MITUWELI
Advertisement

LEAVE YOUR COMMENT

YOUTUBE COMMENTS

@Noah-rh8nk Says:
Mwabantu mwe byaducanze ibyiyi politic ya mutual, abantu bigira leta iyimishinga barananiwe, nkubu barikudutuma ibyangombwa byubutaka twayobewe aho bihuriye nibyiciro. Twebwe turananiwe kbx, umukuru wigihugu nahaguruke adutabare nahubundi wap kbx
@gapisirixxx1390 Says:
None niba mubona ko umushahara ari mucyeya mukorera Leta,mubona ko umuturage wo mu cyaro abayeho ate? Umuturage akore iki ko inzira zo kubonamo ifaranga bazifunze?Ngaho ngo kwenga urwagwa ntibyemewe,kwenga umusururu nabyo ntibyemewe,.... Harya ubwo iyo mishahara yanyu izavahe?Icyo cyo mutakivuga?Nyamara birakaze mu giturage.
@aimable-g Says:
Nonese ikibazo gihari ahantu hamwe na hamwe usanga hari abantu batabashije kwishyura amafranga ya mituweli bashyizweho bagasaba kugabanyirizwa bajya ku kagari bakabasaba kubanza kwishyura ayo babashije kwishyura bagahigahiga babona ayo babashije bakababwira kujya gukora declaration ku irembo bakabikora bakabona na feedback Yuko bakemuwe nyamara byajya muri system nubundi bakisanga bakirimo ideni byo byakemuka bite murakoze
@TecnoPop7-e7e Says:
Man of God and good,,dr Frank turagukunda
@Gahima-j8u Says:
Uyu mugabo ntamakuru afite, SEDO Kugeza ubu right afite nugukora Request, Social affair agakora approval, ikindi nkubu umuturage wange yarajwe mubitaro bya kabaya ngo kubera System yabo itakoraga neza, kandi umuturage yarishyushye afite na proof, So ikibazo si aba SEDO, Nubwo nabo bashonje, kubera kutitabwaho

More Amakuru Videos