Hari nukuntu abantu bapatanisha kubaka uwubakisha nawe akubakisha hutihuti kugirango agire vuba yunguke iminsi bayubatse ikaba bike agahita anasakara byihuse!!!
Mubyukuri iyo nzu iba yumye koko??
@putinno2 Says:
Engenieer ararengana,ikibazo ni ibikoresho by' ibicupuri bisigaye bisohoka mu nganda z'iwacu.Uwakwereka inkweto zisigaye zikorwa, ugura urukweto maze warwambara mu gitondo uhagurutse mu rugo ukagaruka nimugoroba wambaye ibirenge. Imwe mu mpamvu usanga abanyenganda bo mu Rwanda bazamuka umunsi ku wundi mu bukire nk'ibihumyo
@AKIDIServicesLtd Says:
Inspection ku nyubako ntikorwa buri munsi. Ikorwa bitewe naho inzu igeze. Inzu igeretse noneho nk iriya izakorwamo ubucuruzi cg igahurirwamo public fondation ikorerwa inspection, na mbere yo gukorerwamo ihabwa occupation permit. Aha umukire na Eng we ni bo byabazwa bari mu gihombo banateza impanuka.
@TurikumukizaFabien Says:
Ikibazo ni icy'abatsindiye isoko,kuko aba Irs bahabwa amabwiriza na ba boss babo.Ugasanga barabategeka gukoresha nimero za fer á beton izo arizo zose,ugasanga ntabwo zemerewe gukoreshwa kuri iyo nyubako,ese Rwanda Housing authority nta ba technicians ifite bakurikiraba ibyangombwa biba byatanzwe uko bishyirwa mu bikorwa?Niba ibyo bakiye ibyangombwa biba biri gukorwa nk'uko ndetse no buryo byasabiwe?Inzu ikarinda iyo igerekea batarayisura.
YOUTUBE COMMENTS