NKOZE UBUNDI BUKWE MBYAYE KARINDWI????Umugabo wa mbere yanyishe URUBOZO|Ubu ndaryohewe CYANE|Mukakamali

NKOZE UBUNDI BUKWE MBYAYE KARINDWI????Umugabo wa mbere yanyishe URUBOZO|Ubu ndaryohewe CYANE|Mukakamali

????

Niba wifuza kuvugana natwe, kuduha inyunganizi ku makuru tubagezaho cyangwa ukaba ufite inkuru idasanzwe ndetse n'ubuhamya wifuza gusangiza Abanyarwanda waduhamagara kuri #IsimbiTV_0784838126

Advertisement

LEAVE YOUR COMMENT

YOUTUBE COMMENTS

@ISIMBITV Says:
Sura channel ye: https://www.youtube.com/channel/UCkb1Al7A4QTrmHXdaatEeKw/videos
@nzizanyiranshuti1228 Says:
Mbega story ibabaje nkiyanjye
@iyamuremyevalens9309 Says:
Eeeeee reka gusebya umugabo wawe twaraturanye yazaniyehe mama byiringiro reka gusebya umugabo wawe
@mamaberiseberise6630 Says:
Mana weeee
@cedriquejoshuas6961 Says:
Ukomeze ugubwe neza. Ugire morale
@sahinkuyerasta2795 Says:
Pasita c
@BellaBella-ng1mh Says:
Imana ntaho itakura umuntu nibyo. Ndumva uyu mu mama yaranyuze mubikomeye nkibyanjye. Nanjye umugabo yarankubitaga rimwe ankubita ntwite inda y'amezi 7 ,umwana apfira munda basanga yaranaboze uruhande rumwe, nanjye ntabwo bambaze Imana yaramfashije mubyara neza. Yewe no kwiyahura birimo! Jyewe nariyahuye njya na CHK mubitaro barandutsa. Ndumva tubihuje hafi yabyose usibye ko jye ntarabona undi mugabo kuko nabanje kurera abana ubu barakuze nsigaye numva gushaka ntabyo nkeneye maze gushyingiza. Imana irakora,ndihanganisha abantu mwese mufite ibibazo,ni musenge muzatabarwa.
@kundwa4978 Says:
Haracyàri kare shima lmana gusa uracyafite urugendo umuntu ni mugari mutaramarana + de 20ans ujye ushimira lmana kandi umenye icyo gukora kugirango urugo ruhore ruryoshye
@nyiransabimanamadeline3577 Says:
Byz
@barakadorcus7490 Says:
Mana weeeee😭😭😭😭 umubyeyi yaciye mu kintu naciyemo!!! Sha Imana ihora ihoze ubu yaramfashije nubwo nazinutswe gushaka ark ubu nibera muri Sweden 🇸🇪 ubuzima si bubi!!
@joselynendayikeza7325 Says:
Imana igukome Mme wabay intwarii n,igihe cawe cokunezerwa
@tesiclara2458 Says:
Ubu ndi se wabyaraga buri mezi wari warahindutse agakwavu. Muba mwihinduye injiji mujye mubyirengera.
@berwagentille6594 Says:
Abandi babigenza gute bakabona abatware babakwiye kd bavuye mu rugo. Mu gihe maze imyaka irenga itanu narabuze uwankunda. Uyu abyaye 7 arko yabonye umutware .
@sister2.099 Says:
Iri jambo nzakubabaza nanjye nararibwiwe ati nzagutesa mpaka😭😭
@sister2.099 Says:
Yooo disi nanjye byambayeho nkateka ibyo natetse simbiryeho gusa imana ni nziza knd nabaga muri famille😭😭
@florencemusanabera4544 Says:
Ndumva bitoroshye gushakana abana 10
@akimanajoselyine8319 Says:
Reka mvugeti Amen.ntakindi norenzako kuko ntajambo lmana ivuga ngo rihere koko.
@balancedlifetv Says:
Imana ihabwe icyubahiro, Niyonkuru pe!!!
@lus4277 Says:
Uyu mugabo nawe arabaza nk’umugabo koko!!! None abagabo bakubita abagore babo bagomba impamvu??!?! Abagabo b’abanyarwamda se bazi ko umugore yavuga oya mu buriri!?!?! 90% bakurira abagore babo banarimo serumu! Chance ni uko icyo gihe baba bari mu bitaro. Sinon, uyu mudamu se yari kujya he!!?!? Umubyeyi utaragiraga n’aho ataha!!!! Ahubwo vuga ngo case nk’iyi ikwereke ko burya hari abana barokotse ariko batabashije gufashwa! Imana yarakoze kubarinda bose ikabakuza ariko ntihabuzemo n’ababiguyemo buriya cg bakiyahura!!!!!
@nyiramugishaconsolee2247 Says:
Mana komera cyane warakoze kwihangana ninayompamvu Imana yagutabaye
@godwingodwin4975 Says:
Iyo ur'Umugabo ugakubita umugore . Ubu urimbwa rubebe. % .
@kellyihimbazwe7848 Says:
Ariko se umugabo aragukubita hama akagushaka bite?Abagabo Imana izabahana kabisa
@peaceyvetteshow7515 Says:
Ntahantu kure imana Itakura ukuntu rata wime amatwi abavuga kubesha ndakuzi najyaga Nkugurira ifu kamembe none imana yahinduye amateka komerezAho imana igushigikire muri byose
@Hozianaa Says:
Ibintu byo gusenya Ingo ,mwitwaje ngo ni Imana yabivuze sinzi🤪abana bangana gutyo mwari mubyaranye ,ukajya gushaka undi🙄reka nigendere
@kamarizacarly9229 Says:
Imana numu chéri ga Mana.Iragororotse, Irera nukuri.n'Imana ivuga bikaba yategeka bigakomera.ntanze Ishimwe kubwuyu muvyeyi
@redmask9221 Says:
Nyagasani akubakire mubyeyi cyane rwose gusenga nibyiza
@joselyneharimenshi1266 Says:
Pole sana maman
@murenziinocent7702 Says:
Arikose yurekeraho ntushake undimugabo
@kabebediane7290 Says:
Wawoo byiza cyanéeeee kubwibyi mana yagukoreye nukujya udusengera natwe ikatwubakira kbsa
@zaza8625 Says:
Ubu buhamya ntibutonze neza burajabiranije ukuntu
@ornella1800 Says:
Ariko kuki mu buhamya bwawe nta marangamutima arimo
@iradukundaliliane1783 Says:
Sabin wagiye gusura muhire na Marie Leine Koko🤦🤦🤦🤦
@tumukundemagret589 Says:
Komera mama komera imana igye iguha umunezero
@julieruthhirwa4402 Says:
Ariko ni gute abantu bahora bashwanyagurana bakanashobora gukora imibonano mpuza bitsina? Ubwo se mwumva iki koko usibye kujombagurana gusa? Des relations sexuelles se font en amour et en consentement n'est ce pas ?
@julieruthhirwa4402 Says:
Ntimukigire ingaruzwamuheto z abagabo cg abagore
@julieruthhirwa4402 Says:
None se Aho yagukuye agutera inda iyo uhasubira Bari kukwica ?
@julieruthhirwa4402 Says:
Ariko se wamwihambiragaho aguhondagura iyo wigendera koko ?
@numuhirefharlotte2925 Says:
😭😭😭😭😭😭
@numuhirefharlotte2925 Says:
Imana ni data 🙌
@bettyyambabariye7906 Says:
Komera mama, wampa Numero konumva ikibazo ufite gisanicyanjye nezaneza, tukazaganira
@nadeannadean8132 Says:
Sabin ribayiryambere nanditse commentaire kabissa ntiwamwunvirije neza
@kaygashabi5782 Says:
Nukuri ndafashizwe cyanepe
@kaygashabi5782 Says:
Amen Glory Glory warakoze Mana ntawusa nawepe.Mama Byiringiro warakoze kwihangana.
@umuhozasolange575 Says:
Imana ninziza pee bavandi twige kunyurwa kd dusangire ibyo dufite
@yvonnemukashyaka134 Says:
Uzacunge neza murabo bana niba harimo abakobwA,🙄sinciye imanza uwiteka azagumye abarengere
@ancillakabanyana658 Says:
Umugabo wanga abana be, sindabibona. Birakabije. Abonye nyina n'abana be 10 arongowe se, nta soni yagize?
@yvonnemukashyaka134 Says:
Washaka umugabo se a 16 ans ukagirango wariwakamenya iki,rero abagabo ntimukabarenganye,ntago iyo wiyemeje gushaka ,umugabo ugushatse yita ngo uje urumwana
@yvonnemukashyaka134 Says:
Huuuu ariko Sabin,ubupfubyi ntago bwagatumye twishyingira imburagihe,kuko njye nabayeho bupfubyi,Kandi mba mumafamille,ariko nkagerageza kumvira uko banyoboye mururwo rugo nkitwara nkutari iwabo pe,Kandi Imana yangiriye neza igihe kigeze,nshaka umugabo tubanye neza
@kampireazza9166 Says:
Yoo narinkuzi ariko sinarinziko uri muri ibyo bibazo mpa numero yawe abanya Rusizi bubahwe.
@kampireazza9166 Says:
Komera Muvandi ndagukomeje mubyo wanyuzemo

More Abantu Videos