AGAHINDA NATEWE MUMBABARIRE MUKUMVE|Eliane ubwe ARABIZI NEZA|Nageze KENYA bankanda inda ngo ivemo..????

AGAHINDA NATEWE MUMBABARIRE MUKUMVE|Eliane ubwe ARABIZI NEZA|Nageze KENYA bankanda inda ngo ivemo..????

????

Niba wifuza kuvugana natwe, kuduha inyunganizi ku makuru tubagezaho cyangwa ukaba ufite inkuru idasanzwe ndetse n'ubuhamya wifuza gusangiza Abanyarwanda waduhamagara kuri +250784838126

Advertisement

LEAVE YOUR COMMENT

YOUTUBE COMMENTS

@Gwira100 Says:
Komera mukobwa mwiza. Imana iguhe umugisha kandi ikurinde ikubakire rukomere.
@rozy_mnk7550 Says:
part 2
@geraldinekamali832 Says:
Ariko nyoko azihane, numupagani wuzuye
@laetina10 Says:
Yewe wa mu mama we, ubutesi ufite burarenze! Nonese uvuye iwanyu warananiye nyoko wibwiragako iyo uzajya gushaka ariho bazakorohera. Non, mais ...ça alors!
@martinsibomana8172 Says:
Ndakwamera cyane mama boy
@gandi4511 Says:
Pole sana wahuye n'ibibazo pe! Gusa ibimekapu vyakugize nabi..
@babybunnyblessing3736 Says:
Ikindi nakugira inama yokugurisha Ibyo mufite mukimukira kure yababyeyi banyu bombi mukamenya ubuzima bwanyu mwenyine nabana banyu gukomeza gukururana nimiryango mutunvikana nundi Ntaterambere muzageraho
@babybunnyblessing3736 Says:
Ikindi wamukobwawe wahemukiye Mama wawe amariraye niyo yagukurikiranye Wagombaga kumwunvira nkuko umuhungu yunviye nyina kugufata nabi kuko urunvako Nubundi arabatindi ndetse no kumutima wabo
@babybunnyblessing3736 Says:
Ufite mama wumupagani ngo arasenga Asenga ibiki numugome cyane
@solangeumutesi4805 Says:
Wige kwishima Inzira yukuri shaka Imana uti gute baza Eliane abinginzi bakwigishe kurira Imana. Ndagukomeje cyane uri intwari kandi ufite isezerano uzavamo umuntu uzubaka benshi. Urakoze.ndagusengera
@solangeumutesi4805 Says:
Babarira maman wawe kizwa uzagende umusabe imbabazi. Nyina w umuntu ni nyina ujye umubikira ibanga. Kandi umwemere uko ari uhe urukundo maman bizashira. Shaka Imana by ukuri.
@solangeumutesi4805 Says:
Ihangane mukobwa mwiza ubu urumva uko maman yavuze abatindi. Najye byambayeho. Komera senga Imana
@lolaispure4296 Says:
Mukunda inshyi kweli. Tsikama rero ukomeze bakudihe. Courage
@aggyniyo3510 Says:
Kombona ikiganiro cyirangiriye muri introduction raa??? You make it too long nowadays
@kayitetashakira9537 Says:
Kubwange ndumva amakosa yose nibibazo uhuranabyo biterwa na mama wawe kuko yakomerekeje umuryango wumugabo wawe kd nawe ubwe uwahoramwita umutindi atamutunze ntiyabasha kubyihanganira niyumva ashakako wubaka azabasabe imbabazi
@mutuyemunguchristine5392 Says:
2017 nibwo yakanuye amaso! Sabin weeee
@bellab1924 Says:
Kuki wisize Kiwi kumunwa kandi uziko yagenewe inkweto!
@egidebajeneza43 Says:
Mana urashoboye ibitubaho byose simpanuka kuriyo ahubwo ni akabarore bikatubera na kabando ducumiraho urugendo ibaze nkuwo mwana wakanguwe nurushyi ukubiswe ububabare bwose warikugira umwana agakira warikubikora
@agatakoofficial2644 Says:
Uyu muntu akwiye kuduha igice cya2
@agatakoofficial2644 Says:
Mbega umubyeyi ufite abadayimoni weee kandi yicaye murusengero nkicyapa pe. Imana imbabarire sukumucira urubanza niba ibyo numvise ari ukuri satani yararitse irabwaguraaaaaa iragwiza. Imana izamubabarire imuhe agakiza rwose.
@winnykamere Says:
Introduction iri aha...
@vanny_daily_insights Says:
Amazi twambukaga mu bwato tuva vunga tujya Ijanja ni Mukungwa 🤦
@u.e2332 Says:
sabin reka twiyumvire story wikwihutisha story lol
@tuyizerejacqueline1116 Says:
sabin introduction yiminota itanu iba ari iyiki ujya kugitangira twakimenye nubundi ujye ufatiraho
@reesedinero1145 Says:
Ahhee ibibintu yisize kumunywa biteye iseseme kbs
@u.e2332 Says:
hhhhhh mado wanjye yitonze rwose,sinarinzi k wanyuze muribi bintu byose
@sibomanajeandedieu9312 Says:
Umva Mado, wowe n umugabo bimwe mwasezeranye kubana ndetse akaramata.mwumvikane kd mwubahane ubundi murebe ko rutarakomera. Ababyeyi impande zombi bazabasanga ndabizi. Kd umwe yubahe umubyeyi w undi.ikindi mujye gutura hirya gato y imiryango kgo mubashe kuba urugo/umuryango wigengs. Finalement nibabona nta nduru kd muteye imbere mukorera hamwe bazabasanga musabane imbabazi.
@Alena-vibes Says:
Egoko Jacky ndakwibutse ITB nyamagumba, wagiraga amahane kweli
@patm8251 Says:
@ Sabin, ntakuntu wajya directement kuri topic utarinze ku introduisant nuduce twikiganiro?
@nemaliliane9241 Says:
Sabin usigaye uduha introduction ndende ikarambirana😪
@ElianeNiyonagira Says:
Mado komera mubyeyi mwiza, Imana yabanye nawe izakubakira kandi hari ibyiza cyane imbere yawe, urabizi urugamba turwana si urw'inyama n'amaraso ahubwo n'urwumwuka uwo mugabo ni wowe Malayika murinzi we, azabona ubugingo kubera wowe, nababyeyi be bazakugarukira humura Sabin azaguhe Numero nkoresha belgique dukomeze dusengane iyo twizeye ni Imana itibagirwa isezerano yahaye abana bayo.
@guzutoni5346 Says:
None se Mama wawe yari muri coma anabasha kugukanda inda??😢🙄🙄🙄 c’est incroyable😃
@ijuruijuru6098 Says:
Uwanze kumvira Se na Nyina yumvira ijeri. izo ningaruka zo kwigira ikigenjye ! Mumategeko y'Imana haririvugango "wubahe Se na Nyoko kugirango uramire mu gihugu Imana iguha. Wahemukiye Maman wawe , uzamusabe imbabazi.
@odetteniyomusaba4789 Says:
Maman wawe yasengaga nyabingi begumubyeyi gito
@odetteniyomusaba4789 Says:
Ibibyeyi nkibyo babaho
@BetterSkillsTV Says:
Mukomerezaho dukunda ibiganiro byanyu cyane 🎼🎙️🎤🎸🎸🎶🔈🔈🎷🎶🎸🎤🎼📢🎵💕📯🎹🎧🎧🔈🎤📢📣
@mugabeyvette3610 Says:
Umuryango wumugabo wawe, Maman wawe yarawukomerekeje, rwose, kuba utumvikana na belle famille yawe nikosa rye, azabasabe imbabazi, mwese numugabo numuryango we!!! Kuko numuntu mubipee nkumuntu witwa kwasenga Akaba afite amagambo mabinkayo, birababaje pee akizwe. Courage Mado🙏🙏
@yvonnemuhongayire4863 Says:
Ubyemere ariko nawe waruhije nyoko imyaka yawe yose nubwo nawe yifuzaga ko ubaho uko abishaka kandi bitabaho, ababyeyi bose bo hambere bari bazi ko abana babo bagomba kwemera uburere bahawe 100%.
@faithshow8424 Says:
Nukuri ikiganiro barinakibuze ndiryamira nicuye ndakibo reka nicare nyirebe welcome back Murungi wacu w love you
@abelnoble Says:
Mu maso yanjye, uno mugore nari nibeshye ari Anyesi w'Umurabyo. Hari undi byabanje gucangaho nkanjye, akibona ifoto gusa?
@irmatsiko6387 Says:
Mumpe like mumbabarire ntakindi mbasabye pe munakore subscribe hh
@ingabirejackline1725 Says:
Abagore babaye indembe agahinda nikose gusa nimukomeze mwihangane 😪🙏
@Queen-ze1tm Says:
Sabin iyo inkuru yamucanze uhita ubyumva🤣🤣
@tiktokking2728 Says:
Sabin wambabariye ukazampa ikiganiro wakabyarawe
@nkundimanavedaste2981 Says:
Numvisemo ngo nyamutera
@captainjuniorkapitenijunia8386 Says:
Ndagusabye kore subscribe share like and comment ninkunga ikomeye 🙏🙏🙏
@inor8458 Says:
Ibi nibyo bimpahamura.
@NNn-mj2pb Says:
Nazindutse💃
@munyentwarielias1048 Says:
Jyewe nabâaye addicted kuri ISIMBI TV na Sabin!
@munyentwarielias1048 Says:
Welcome back Sabin! Nange mumpe likes numve umunyenga urimo!

More Abantu Videos