Pasteur Brigitte urasobanutse cyane..nange nagiye mu itorero ry umupasteur kazi yigisha ku myamarire y,abagore bambara amapantalon na za muni jupe numva arangushije ntashye mbwira abo dusengana ko ntazasubira mu itorero rye! !Nyuma yarambajije impamvu ntakifatanya nabo gusenga ,mubwirako akunda guca imanza kubyerekeranye n imyambarire ashobora gukomeretsa abantu kubera imyimvire ye ! Abantu birinde ubujiji Imana ireba imitima yiyoroshya ! Pasteur Brigitte Courage kandi ntukisobanure kubatarumva neza imitekerereze yawe ,komeza ujijure ,uri umugore rwose wisobanukiwe! Courage
@tesiclara2458 Says:
Mama pastor bazaguhe akazi muri Migeprof ubere ijwi abagore benshi. Uzi byinshi biruhije abagore benshi. Cg Imana izakwagure ushyireho ONG irengera abagore inabatere inkunga yo kwibeshaho. Be blessed
@medardndaruvukanye1275 Says:
Hahahaaa mu rugo umugore azamura ijwi hejuru y, umugabo ,adaca bugufi asenya kare pe 🤭
@mukantaganirachristine7452 Says:
Mana wee wagirango aba mungo zacu, twarashije wagirango aba mu mutima wanjye, babona usa neza bati uriya mugore yaranezerewe kdi ni Imana iba yorosheho ishuka. Keretse ngewe ari bishop unganirije ndi kumva yabasha gufasha umuntu gukira ibikomere.
Ibyo Bishop avuze bibaho ku bagore. Hari umugabo wabwiye umugore we ngo urashako bakumvira? Yavugaga abo yabanaga nabo biwabo wuwo mugabo. Ihohoterwa ribaho byo. Hari nabagererwa akaba atajya guhaha niyo rwaba urutunguru.
@Candytv1999 Says:
🙄🙄Nkumuntu wavukiye muriyo gahunda ya Yewe endahano ndagukeneye ntimubabangamire😂😂😂
@josephineingabire3867 Says:
Uvuga ibintu byubaka ubahwa kand ndagukunda
@josephineingabire3867 Says:
Uvuga ibintu byubaka ubahwa kand ndagukunda
@josephineingabire3867 Says:
Uvuga ibintu byubaka ubahwa kand ndagukunda
@josephineingabire3867 Says:
Uvuga ibintu byubaka ubahwa kand ndagukunda
@urunanatvrwanda7446 Says:
KORAKURINOFOTO KORA SUBSCRIBE URUNANA TV Ndakwinginzepe DUFASHEPE
@urunanatvrwanda7446 Says:
Yyyyyyyyyyooooo urunana TV ubone video nziza murakoze
@niasonani4893 Says:
Nejerejwe nukubona umu Bishop yifata neza kandi akamenyako Imana itaraba ivyo wambaye .
But most of all : Bishop uvuga neza utuje . Hari abantu bavuga ngo ni ba pastors, apôtres ect mukuvuga barasara bakavuga ibijwi bitera ubwoba bavugira hejuru ukuntu
Sinzi igituma batababwira ko birya bintu bibishe caaane.
So thanks and thanks again
Namwe ntimukikunde iyo umwima ubuziko Ari burongore ndee?abagore babahaye ijambo bibagirwa inshingano zabo , haba mumodoka ,haba muri douche ahariho hose arabyemerew ikizima nuko nawe yubahiriza inshingano ze none c natakurongora urashaka are akanyamerik
@ericmugwaneza9725 Says:
Ariko Sha wabyaye ahandi, urabimpisha, ndera abana nziko ari a banjye, and at the end, ukababwira buri umwe ngo uyu si so, so ni uriya😳😳 Sabin ati uwo mugore ni intwari, Brigitte na we ati rwose uwo mugore ni intwari....... Sha simbatutse Ariko muri bakuru mubitekereze ibyo bintu.
YOUTUBE COMMENTS