NYUMA Y'IMYAKA 40 ARI MU BADIVENTISTE Ijwi ry'Imana rimubwiye ko bayobye KANDI KO BAGIYE KURIMBUKA

NYUMA Y'IMYAKA 40 ARI MU BADIVENTISTE Ijwi ry'Imana rimubwiye ko bayobye KANDI KO BAGIYE KURIMBUKA

????

#WHATSAPP_0788266238 #AYALONI_TV #CLICK_SUBSCRIBE_LIKE_and_SHARE #250788266238 #250726888535 #0788733808 Kora Subscribe hano https://youtube.com/channel/UCr40L6braMsiAVNJcclb8kA Turabaramukije mwese bene Data bakunzi bacu iyi Channel twayishinze bigendeye kuri SMS twahawe n'Imana yuko tugomba gufasha abantu bose bashaka kujya mw'Ijuru, kumenya ijambo ry'Imana, ngo bave murujijo rw'Agakiza ndetse n'urujijo rw'inyigisho z'amwe mumadini ziri kuyobya abantu na bamwe mubahanuzi bari gusenya ingo z'abantu kubera ubuhanuzi bw'ibinyoma. Ndetse n'ibindi byinshi, muzagenda mubibona uko tuzakomeza kubana. Iyi Channel nta dini narimwe ibogamiyeho niyo gucishaho ijambo ry'Imana ndetse n'ubuhanuzi Imana iduhaye yaba uwo itumye cyangwa se natwe ibuduhaye. Murakoze cyane kubwo gukomeza kubana natwe. Turabakunda.

Advertisement

LEAVE YOUR COMMENT

YOUTUBE COMMENTS

@TheopisteTuyikunde-j3c Says:
Adiventiste niryo torero ryasigaye ryomubyahishuwe 12 14
@TheopisteTuyikunde-j3c Says:
Warayobye wowe sugasebye itorero ryimama
@nizeyimanadeo7530 Says:
Inana iguhe umugisha rwose ukumeze kubwira abantu bave mubuyobe
@knowifpos Says:
Man nubwo mwakwibasira amadini namatorero suko ntabyiza bakora cg bigisha ifitiye society akamaro mwe muri gushaka ko abantu bava Aho batorejwe displine
@knowifpos Says:
Ukoze ikosa issabato si itegeko ni cashe, ni imico nubwo tutaba abadive twubahe kuko bible say Wibuke kweza... Apana utegetswe.
@malachienshimirimana3313 Says:
Urarimbutse mutama, urugendo rwawe ururangirije muri Gehinomu
@TuyisengeFelix-b2t Says:
Muzehe arahamya ngo Imana yaramuhishuriye ese igihamya ko atari satani wamuhishuriye afite ni ikihe? Umva si wowe ma mbere uyobye gusa ntabutumwa buzima ufite bwo kubwira abantu burapfuye nukuri.
@phanuelniringiyimana8647 Says:
Iririre papa
@gerardndayikengurukiye602 Says:
Ham idukuy mwidini uca utujana hehe ❓ byukuri uri intumwa y'mana cnk uri intumwa yasatani mbe nikuki warisohotsemw.mbega akag
@RodrigueDusenge-vh5cb Says:
Raodokiya sitorero n'igihe ntabwo uzi amateka kbs
@EstellaNdayisaba-c7r Says:
Urumu jésuite
@EstellaNdayisaba-c7r Says:
Ukuri ni Yesu, Umuntu nashaka IMANA Ye kugiti cye izamurokora inyigisho zinzaduka zigenda ziza
@joycerwabanu5961 Says:
Usabe umuti wogusiga kumaso kuko urimumazi abiracg urumujesuit
@Uwamahoroviolette-i6o Says:
Uwiteka ahagarare kubantu be knd akomeze itorero ibibyarahanuwe ko satani azayonya nabintore
@EliahHatunga Says:
Oooh!! Sorry mzee.😂 Siwowe wambere mubagerageza kunenga itorero ry' abadventiste, kubyubuyobe bahabwa nimyuka mibi yasatani . Usabe mwuka wImana aguhishurire ukuri. mumyaka 40 umaze warizeye ariko ntiwahindutse nguve kukinyoma.
@rejoiceinhealthyministry4777 Says:
Dusenge cyane maze Mwuka wera atugenderere atwemeze iby'icyaha maze aduhe guhinduka by'ukuri no kureka icyaha burundu kuko mbere yuko utokora mugenzi banza ukure umugogo uri mu ijisho ryawe.
@Samuel-j9k1t Says:
Abadiventisti b'umunsi wa karindwi bashyiraho igihe umunsi wo kugaruka Kwa Yesu ntabwo itorero ribashigikira. Indirimbo yacu yi 180, iravuga ngo "Ntituz'Umunsi", 181 iravuga ngo "Ntituz' igihe Azazira". Ibyo biri no mu Intambara Ikomeye page 327 mu gika giheruka. Abashyiraho umunsi rero ni urukungu ruba ruje mu masaka. Yesu yabwiye petero ati "Mva inyuma satani, kuko umbere ye ikigusha". Na bo nabo ni ibigusha.
@Samuel-j9k1t Says:
Umva bagenzi banjye, urukungu n' amasaka bigomba gukurana. Ellen G. White ayo makosa yo gushyiraho igihe cyo kugaruka kwa Yesu yabibujije abadiventisti. Nyamara abantu bafata amakosa bamwe mubadiventisti bakoze akitirirwa Ellen G white kugira ngo basebye inyandiko ze. Soma igitabo cye cyitwa intambara Ikomeye page 327 ahaheruka ukageza page 328. Yaranditse ati "Abadiventisti benshi bumvise ko badashobora kugira ishyaka n'umwete mu murimo wo kwitegura ngo keretse gusa babashije gushingira ku gihe ntakuka cyo kugaruka Kwa k'Umukiza. Ariko uko ibyiringiro byabo bigenda bikangurwa, bigana ku kurimbuka gusa, ni ko ukwizera kwabo na ko guhungabana ku buryo bigera aho bisa n'ibitabashobokera ko bakorwa ku mutima n'ukuri kw'ingenzi kuvugwa n'ubuhanuzi.” Ntabwo rero Ellen G white anyuranya nibyo Bibiliya ivuga. Yesu yahishuriye Yohana aramubwira ati"Yee, ndaza vuba". Nyamara hashize imyaka myinshi ataraza kubera kwihangana kwe ashaka ko hatagira urimbuka. Vuba h'Imana ntabwo ari vuba h'abantu. Amakosa rero yabo badiventisti bakora batyo twese ntabwo ari ayitorero kuko ibyo twemere kuri iyo ngingo nabikweretse aho mu Intambara ikomeye kandi bihuje nibyo Yesu yavuze ko ntawuzi umunsi cyangwa igihe. Naho uyu musaza niba abona ari mu kuri na jye mbere. Gusa ndabona ari gupapira apfundikanya mu busobanuro bwe .
@WelcomeNGOMIRAKIZA Says:
Abavunga uko, Nabibesha. Ntabwo Ari abadivatiste. Twe ntabwo du precisa
@InnocentHavyarimana-bb9gi Says:
Ndashaka kwibariza uwumu Jésuite arikwiyita umw'Adventiste akakabazo,ese kwari guhakana ubuhanuzi buvuga kukuba umusi ungana numwaka afatiye kubuhanuzi bwomuri Daniel buvuga kumisi 2300 havugwako nihera ubuturo bwera buzezwa,ese kwari guhakana ivyuko ingana nimyaka 2300,natubwire nimba muriyomisi avuga kuva Daniel ahawe burya buhanuzi nimba iyomisi 2300 yaraheze Hama ubuturo bwera burahumanurwa?arko biranasekeje peeee!!!!nubwo biteye agahinda,icakora woyovya uwutari maso,kuko ndizerako iyomisi yarangiye na Yesu ubwe ataravuka😂😂😂😂😂
@InnocentHavyarimana-bb9gi Says:
Yewee izina niryomuntu kweri uri vubabandi nyene,gusa sinumvako umw'adventiste wanyaw azivyarivyo yiga mwuja w'ubuhanuzi ko wamuyovya uko wiboneye,kuko tuzi aba Jésuites ico muri niyompamvu atanumwambaro ubaranga mugira,gahunda yanyu nugucengetera ahariho hose hadahuza na katorike kugirango muhasambure,ariko ndagukurire inkoni kugishitsi gusambura abategereje ntavyo washobora kuko bubakiye kurutare arirwo Kristo,muracabigeragereza mumajambo vuba murabigeragereza mubikorwa vyokubahama ariko bazakomereza kuri Rutare
@LiliyMurekatete Says:
Ijambo rirambwirango komeza icyo ufite utakinyagwa kd ngo azayobya nintore niba bishoboka
@ManiragabaInnocent-ff1ur Says:
Ntabwo ukwiye kuva k'umusingi w"ub utumwa bwiza, Ntawakinisha Umwami Yesu , Kandi ntawukinira kunuzima, kuko Imana ariyo buzima bwacu.
@ManiragabaInnocent-ff1ur Says:
Ibyumweru 70 ni umugabane w'imyaka 2300. Niho nashakaga kubibutsa. Ellen G White kubunenga ni ukwigerezaho.
@JonathanJoji-n4u Says:
Uraraba nezaa muta
@Afande.Kaboy1 Says:
Yooo disi umugabo agiye kwihuza na babuloni.Umuntu wese utandinswe mugitabo cyubugingo wese azaramya inyamaswa.
@LovelyEspresso-bm5ts Says:
Ubuhanuzi si maginnechann
@RubayitaRukaka Says:
Ehhh vieux nakumvise wari uwacu mi MBK/CEBK😂😂
@RubayitaRukaka Says:
Hhhhh nakuriye mu quartier I amo.aba diventistes benshi, baribaratwemejeko iherezo ry,isi ari mu mwaka wa 2000 Kandi bitarenga none nubu narahebye😂😂😂, ariko I y,amadini nabivuyeho pee
@CyuzuzoClaudine-c3y Says:
Ubivuze neza watsinzwe ni sabato ntiwatsinzwe numwuka wera yohana 16:7_8
@christinefuraha8884 Says:
Muzehe Imana ikugendere iguhe guhinduka disi, mbega kuyoba ushaje ayiweee biteye agahinda, mumisi yimperuka abantu bazava muvyizerwa Abantikristo nabo rwose nimureke ivyahanuwe bisohorepe, Muzehe shaka uwomwaba mwaragiranye ikibazo mukirangize ariko ntusevye Itorero ryabategereje
@Delphinemukamana-u7t Says:
Kdi kubuhanuziho, Abaheburayo 1:1--2 Ubwo rero, sinzi hagati yabantu na Yesu arinde ufite ubushobozi bwoguhanura nogusobanura ubuhanuzi
@Delphinemukamana-u7t Says:
Ariko, Imana, itabare abayo nukuri , ubundi, nidusoma neeza Bibiliya, ubwo buhanuzi, bugararagarako, buzaba ryari ? Ese ubwobutumwa nubuhe ? Ninde uzabusohora? Dusome, ibyahishuwe 5 :1--6 Koko twakwize gusoma Bibiliya tukanasobanukirwa, kdi tubanzagusoma imitwe yamagambo ko aricyo yashyiriweho ngodusobanukirwe?.
@celestinsindayigaya855 Says:
Intumwa nkamwe mwaje mw'itorero muri benshi yamara benshi barinda bapfa batabashije kuri senya nkuko Bari barijemo bibwira! Nawe rero uzarinda upfa, nuwarigutumyemwo azopfa arisiga!
@MeshackKraveri-y3g Says:
Nn muze ugomba tujeheh
@MeshackKraveri-y3g Says:
Koko musaza ugomba uzimize abantu
@NtawukuriryayoEmmanuel-o6j Says:
Hello
@FrancisBazira Says:
Ngubu ubuyobe uyumusaza ashaje ahemutse imyaka yamazemwitorero ntacyo yamumariye.
@nibiziegide-pu8rc Says:
Iherezo ryawe ribaye ribi Muta gsa Urambabaj pee
@boyagano5954 Says:
😂Eweee, muraheba mukampenura nugutwenga, ngo ishengero rishingiye ku itegeko rta 4?🤣🤣ewe imyaka yise wamazemo, ntaco wari bwamenye, no gukura ukuriye ubusa, ico nico bita gupfisha umwanya ubusa pe pe,
@fredmugisha9219 Says:
Imana iguhe umugisha mubyeyi abakwita umuyobe ntibazi Ubuntu bw'Imana Nicyo Kristo yamariye itorero Ese umuntu aba uwumusi afite Imana yizera? Example. Nitwa runaka ndi umudivantiste w'umusi
@NshimirimanaElias-d8o Says:
Ubuyobe bwabadive ntibushingiye aho wew vaho wananiwe ndumva iyomyaka yose wamaze urumudive wari mumihango!!
@NshimirimanaElias-d8o Says:
Utwereke muri bibiriya yera firadelifiya ya2
@NshimirimanaElias-d8o Says:
Muzehe haraho uriko wuhenda cane !!
@NshimirimanaElias-d8o Says:
Umubajije neza cane twebwe ntabwo twubakiye kuri wiliams miller no ahubwo turi kuri ellen Gwhat !! Wo1844 kuk miller we yahejej 1843 !!
@NshimirimanaElias-d8o Says:
Nguwo mujezwite rero wanyawo !!
@nirafashasamuel Says:
Nubundi handitswenko azayobya nintore niba bishoboka ntateka nkuciriyeho gx umunsi numwe bikajya ahagaragara
@maryamarya4161 Says:
Imana idutabare kuko abantubagiyekuyoba
@juliennenyirandama502 Says:
Reka gukomeza kuyombya abantu.
@juliennenyirandama502 Says:
Imana Ishimwe ko,Igenda Isobanura Ijambo rya Yo.J Luc niba hari umuntu mwagiranye ikibazo mu ba divantiste.Uzamushake mugikemure.

More Iyobokamana Videos