IBI BYO SIMBYEMERA RWOSE NDABIHAKANYE NIBA DIGITEL ID UYIFATA M'URUBU BURYO/GUSUBIZA IBIBAZO ABAJIJE
IBI BYO SIMBYEMERA RWOSE NDABIHAKANYE NIBA DIGITEL ID UYIFATA M'URUBU BURYO/GUSUBIZA IBIBAZO ABAJIJE
Advertisement

LEAVE YOUR COMMENT

YOUTUBE COMMENTS

@knowledgeNew12tv Says:
Ntabwo bivuga rwose ababyumvise sinzi uko mwabyumvise
@thaciennekwizera1689 Says:
Nonese ko wavuzeko gufata Dl bizatuma utacika cheep urumva koko utivuguruje
@thaciennekwizera1689 Says:
Rwose warahindutse mubyo wigishije kuva mbere kuri Dl
@thaciennekwizera1689 Says:
Yesu ashimwe.ikigaragara cyo ibi muvuze bitandukanye nibyo mwavuze muri cyakiganiro mwagaragaje mo ibyo ba bapastor bavuze wenda uzongere ucyumve.ibyo uriya muntu yavuze ko wivuguruje niko biri
@IzakizaJeandAmour Says:
Nubwamamare mushaka nonesi nuubwobutumeawavugaga yo hasigaye atirike kamanzi nukuri uhishuriwe cyangea nifarangacyangwase nigitutu cinyamaswa
@Manishimweevariste-y7j Says:
Jean Luke wabayiki? Konawe wivuguruje?
@IzakizaJeandAmour Says:
Noneho banobanwa amaziyomukibumbano ca Mariya ngonayumugisha noneho ntabwaricaha
@MariamMukakarera Says:
Pole mugenzi
@UmuhireJoseline-g6u Says:
nonese natwe tubahe ubutunzi bwacu ngo babumenye kd babukontrore? ubwo ibyiza suko umuntu yareka kujya muriyo syistim?
@UmuhireJoseline-g6u Says:
Zigirinshuti wamuhoragiki? umusabe rero imbabazi.
@kanyarwanda1988 Says:
Imigani 22:3 haravuga ngo umunyamakenga iyo abonye ibibi bije arabyikinga.ba Daniel ibaburoni bagize amakenga ntibarya kubiryo kuko bari bazi ko byashoboka ko bahindurwa nabyo bitewe n'imana zabo babimurikiye nindi mihango yose bibiriya itarondoye.none se ninde utagira amakenga yarumvise kuva kera ko hazabaho icyitwa New World order,kandi icyambere kizatuma ibaho nuko abatuye isi bose bagomba kuba bafite indangamuntu imwe,nukuvuga ngo iyo umunyarwanda ikaba isa iyo abo mubindi bihugu byose. kuki byajemo itegeko rikomeye,kuki ibihugu bimwe nabimwe abaturage bigaragambije ko batayishaka? umunyarwanda yaciye umugani ugira uti"urusha nyina wumwana imbabazi abashaka kumurya.abazifata bazifate kugirango badasigara mu iterambere.hanyuma yibyo ibizakurikira tuzabimenya.ariko mwibuke iki kintu,bamaze gukingira covid,nibwo bagaragaje ko bakoze amakosa bagatera abantu uburozi ,batari bububakuremo,nanubu hari abafite ingaruka zizo nkingo,abandi baracyategereje ingaruka zarwo.abatarikingije se ntibibereye mumahoro? IMANA yaduhaye ubwenge bwo gutekereza kandi ijya ivugana n'abantu bayo.ariko niba umwe aje avuga yambwiye ngo mukore ibi undi ati ayo ntimubikore,izo mana zivugiruzanya urumva zakwizerwa gute? buriwese w'umuntmyabwenjye yite ku iherezo rye.
@TuyisengeETIENNE-f9e Says:
Ubanze Koko ntawuvugana injya mukanwa! Nawe Koko urahindutse aka kanya ibyo mwavugaga byose muzabihindura
@HabimanaCloude-y1u Says:
Ngahotubwire umwanzuro wawe uzayifata?cg ntabwo uzayifata?
@HabimanaCloude-y1u Says:
Jarike tubwire ibibibyari murukingo rwacovid19 tubwire ingarukazayo uyumunsi noneho tubwire impamvu D I idafite imbaraga zirimbuza umuntu
@IratuziElissa-m7k Says:
wap amajwi yapfuye
@rukundodada3743 Says:
Njye ntabwo untunguye nari negereje iherezo ryawe mu gihe ikigeragezo kikwegereye. Tuzabamenyera mu bihe bigoye. Wowe wahinduka igihe cyose. Mbabajwe nabari barakwizeye. Bene data mube maso.
@umutanganagodelieve2692 Says:
Volume ntayo
@jeandamourbagiraneza5703 Says:
Murakoze kubw'iki kiganiro, gusa bisaba ubwenge na Mwuka wera kugira ngo dusobanukirwe!
@Nyemereratugendane. Says:
Bimeze bite ko ntakintu nakimwe ndimo kumva?amajwi ntabwo arimo kumvikana pe
@RukundoGilbert-v7c6p Says:
Ntago turikumva pe
@niyonzimajean5761 Says:
Handiste ngo ahaniho ubwengeburi kandingo numubare wumuntu 666 uyumubarerero uriguhabwa abantu muburyo bwubwenge
@VitareIkundabayo Says:
Murakoze
@PeaceHORIMBERE-v8x Says:
HALLELLUAA HALLELLUAA HALLELLUAA HALLELLUAA HALLELLUAA HALLELLUAA HALLELLUAA HALLELLUAA HALLELLUAA HALLELLUAA HALLELLUAA HALLELLUAA HALLELLUAA HALLELLUAA HALLELLUAA HALLELLUAA HALLELLUAA HALLELLUAA HALLELLUAA HALLELLUAA HALLELLUAA HALLELLUAA HALLELLUAA HALLELLUAA HALLELLUAA HALLELLUAA HALLELLUAA HALLELLUAA HALLELLUAA HALLELLUAA HALLELLUAA HALLELLUAA HALLELLUAA HALLELLUAA HALLELLUAA HALLELLUAA HALLELLUAA HALLELLUAA HALLELLUAA HALLELLUAA HALLELLUAA HALLELLUAA HALLELLUAA HALLELLUAA HALLELLUAA HALLELLUAA HALLELLUAA HALLELLUAA HALLELLUAA HALLELLUAA HALLELLUAA HALLELLUAA HALLELLUAA HALLELLUAA HALLELLUAAAAAAAAA UMWAMI WACU YESU CHRISTO AGUHEZAGIREEEE CAAAAAANEEEEEEE GOOOOSEEEÉEEEEE PASTEUR WACU 📢📢📢📢📢📢📢📢📢📢📢📢📢📢📢📢📢📢📢📢📢📢📢📢📢📢📢📢📢📢📢📢📢📢🎵🎵🎵🎵🎵🎵🎵🎵🎵🎵🎵🎵🎵🎵🎵🎵🎵🎵🎵🎵🎵🎵🎵🎵🎵
@ManirakizaGodefroid Says:
Imyambi yumwanzi audio ntabwo ivuga muvandimwe
@HategekimanaEmmanuel-o7u Says:
Byanze kukumva pe
@EugeneMusonera Says:
Ntago turi kukumva hajemo kirogoya
@ChristianNenolamungu Says:
Yesunashimwe pastor Amajwi ntiyumvikana kuva Kuntango kugeza kumunota wanyuma
@mutimukeyechristine627 Says:
Umutima w'umuntu urusha ibintu byose gushukana.niba muri guhishurirwa ntimuhishurirwe amategeko y'Imana Kandi ariyo azagenderwaho murubanza,ayo mahishurirwa ni ikinyoma.kwizera kudafite Imirimo kuba gupfuye Kandi imirimo Imirimo Imana yemera niyakozwe n'umwana wayo Yesu Kristo.Rero uwamwakiriye akorera Imirimo y'Imana muri we ariyo kumvira ubushake bw'Imana n'amategeko yayo. Mube maso mutazasanga mwarishutse kuko ukuri kuzanesha ikinyoma uko byamera kose
@mutimukeyechristine627 Says:
Abazirekura ni ruto ni ruto bazisanga bitabagoye guhitamo ikimenyetso cy'Inyamaswa.ahubwo se muzi gutandukanya ikimenyetso cy'Imana ni kimenyetso cya satani? Ikimenyetso cy'Imana gisome muri Ezekiyeli 20:12.Ikimenyetso cy'Inyamaswa nikinyuranyo cy'Ikimenyetso cy'Imana.Mwuka wera uhabwa utangiye kwizera niwe ugomba kukuyobora akagushoboza guhabwa ikimenyetso cy'Imana binyuze mu kugushoboza kumvira amategeko y'Imana harimo n'Isabato nkikimenyetso cy'Imana.ibindi murimo ni amajwe
@bridgettekumbika9776 Says:
Icyo imbwa yanze imanika aho ireba
@bridgettekumbika9776 Says:
Icyo imbwa yanze imanika aho ireba😂😂, Singusetse ndagushinyitse N'umugani
@ChristianismeprimitifTv Says:
*Mt **6:22**-23:* [22]“Itabaza ry'umubiri ni ijisho. *Ijisho ryawe nirireba neza,* umubiri wawe wose uba ufite umucyo, [23]ariko niriba ribi, umubiri wawe wose uba ufite umwijima. *Nuko umucyo ukurimo nuba umwijima, mbega uwo mwijima uko uba ari mwinshi!* ~~Ubuyobe bwose BUSHINGIRA KU. KUGOREKA IBYANDITSWE. *Nk'abantu bahuza kiriya cyanditswe no gufotorwa IJISHO,* BIGARAGARA KO "BAREBA NABI MU BURYO BW'UMWAKA." ~~Mbese ubwo ufotowe ijisho BITUMA AREBA NABI? *(Ubu se abafotowe bareba nabi kuruta uko barebaga mbere?)* *(Abigisha ko abantu bazarimburwa n'irangamuntu, UMUCYO WABO NI UMWIJIMA : Mbega ukuntu umwijima wabo ari mwinshi!!)* ~~Bameze nk'abafarisayo bibwiraga ko BAREBA, KANDI ARI IMPUMYI.
@HakizimanaCloude-e5b Says:
Buri muntu bagomba kumuha umubare wubuzimabwe bwose
@TheogeneIshimwe-i5p Says:
Uko niko kuri
@bravekis9095 Says:
Ubu se ko DI mu bihugu byo hanze abenshi bazifashe bitari byanatangazwa how do you think ? Jyewe kugeza ubu mbona MICROCHIPS ari ho ruzingiye !
@MukarundoAnelique Says:
Turashize niwowe narinzi cg barampinduriye ubayiki akakanya?
@julienneuwambajimana8897 Says:
Nange numvise ikiganiro birashanga🤷
@MukarukundoAntonnette Says:
Waraziruyepe
@Hello50798 Says:
Digital ID sicyo kibazo. Ibibazo ni ibisambo byitwikira idini bikabonerana abakene
@SindikubwaboAlbert-c3k Says:
Abantunkawe babita abaka ibyowatubwiyembere bitandukanye nibyo urikuvuga watangiye kwivuguruza😂
@SebatwareEmmanuel-f8r Says:
Wowe na Dabuku tv muriyopoje pe gidiyoni ageze kumugezi Ningaboze ubuse Koko nagaruka azasanga kwizera kukiri mwisi eeeh ??? Ngaho twibwirire twumveda

More Iyobokamana Videos