2 Abakorinto3:3
[3]Kandi koko biragaragara ko muri urwandiko rwa Kristo rwanditswe natwe, rutandikishijwe wino ahubwo rwandikishijwe Umwuka w'Imana ihoraho, rutanditswe ku bisate by'amabuye ahubwo rwanditswe ku by'inyama, ari byo mitima yanyu.🎉
@twagirimanapatrice4518 Says:
Idini ni imwe mu ntwaro Satani akoresha ayobya abantu b'Imana , tube maso mu madini turimo twifuze , dushakashake uko twamenya ibyo Umwami ashima , dushake kuyoborwa n'Umwuka Wera .
@twagirimanapatrice4518 Says:
Aba bantu bavanga cg bitiranya le sentimental et le spirtuel:ibwami ni ko bigenda , umugabekazi agira imbaraga nyinshi cyane ni ko uwo bise Bikira Mariya afatwa , ni ubuyobe bukomeye 😢
Kindly contact me for more information about James ,Jude Thaddeus,Simon and Sarome whom you confuse to Blood Relatives of Jesus! Truly you are wrong!Abo uvuzeho Bose bari mu kigero Kimwe na Kristo cgwa banamuruta kuko bari no mu Bigishwa be.Sarome yarı n'Umugore deja,arı muri ba Bahamya batatu b'izuka.Nanjye nemeranya Nawe ko Mariya Nyina wa Jambo na B.Mariya arı babiri batandukanye.Yeremiya yabivuze ukuri!!!
@BiraboneyeClement-dh8tq Says:
Please uzasome uzamenya
@Uwasealia-123 Says:
Yewe jyubanza ushake ubusobanuro bwamagambo mbere yuko uyahakana kuko bikiramariya bisobanuye isugi Maria bikra nicyarabu bisobanuye isugi,none c uhakanako nyina wa Yesu atamubyaye arisigi?Imana ibayobore inzira yukuri
@ndayisengamonica Says:
Jya kuri Urumuri rumurikira isi Tv wumve uko sekibi akuvuga.
@ndayisengamonica Says:
Itonde kuko utashyikira ubwiru bw'Imana.
@sibojado8812 Says:
Wowe se uri nde wivanga mubitakureba?
@uwimanacharlotte7224 Says:
Uhu
@Orthodoxbelief1 Says:
Si tu ne lis pas tais-toi! Njyewe si ndi uwo muri Roman Catholic church; ndi ndi muri Orthodoxy. Wagombye kuba warize Theology, Christology, Mariology, Pnevmatology, Agiology kugira ngo witwe umuhamga. Niba rero utarize, icecekere kuko nta cyo uzi! Ariko sinkurenganya, ntiwize nyine! Jya wiivugira uti " babbaababababbababababbababa ngo ni indimi. Nkurikije uko nkureba, ntabwo uri ku rwego rwo kuba mu batheologians! Shaka ibindi wakora, kuko ibyo uvuga nta competence na busa ubifitemo. Singusuzuguye, ariko ndakugaye! Kumva wihaye gusobanura kandi utariize!
@KanyamihigoCharles-z3e Says:
Ibyi utumva ujye ubirekera ba nyirabyo. Muzutungurwa ni mumenya ukuri kwabihishe.
@VenantBaruhuke25 Says:
Mwiriwe jean Luc mwoba mugikorana na clarisse belgiqwe
@AbubaKare-s5h9k Says:
Tumbira yesu wenyine. Ibindi byose batumbiriye nibigi rwamana
bibiriya ivuse ngo na bene se ntabwo ivuze bene Nyina dusobanuriri icyo kintu ntabwo bibiriya ivuze bene Nyina🙏
@EvelynMupfasoni Says:
Musome muri Yohana 2:12, Bibliya itandukanya abigishwa ba Yesu (bene Se mu kwizera) na bene se mu mubiri! Ezekiel igice cya 8, Imana yeretse Ezekiel ubuyobe itazababarira! Abosereza imibavu ibishushanyo, abasenga bareba iburasirazuba!
@EvelynMupfasoni Says:
Musome muri Yohana 2:12, Yesu yavuye mu bukwe bw’i Kana ajyana n’abigishwa be na bene se i Kapernaumu. Aha Bibliya itandukanya abigishwa ba Yesu bene Se mu kwizera, na bene se mu mubiri! Ikindi, muri Ezekiel igice cya 8 tubona Imana yereka Ezekiel abasenga ibishushanyo babyosereza umubavu!!! Abandi nabo bateye umugongo ingoro y’Imana bikubita imbere y’ibigirwamana bareba Iburasirazuba!!! Ibyo tubona mu madini n’ubu!!!!!!!
@que-ton-reigne-vienne Says:
Bibiriya iravuga ngo uhereye cyera nta muntu n umwe wijyeze kuzamuka mu ijuru cyangwa ngo amanuke usibye umwana w imana niwe wenyine waje akamenyesha imana kandi bibiliya iravuga ngo hariho imana imwe one God n umuhuza w abantu n imana ni umwe one mediator between men and God ni umuntu yesu kristo ,the man Jesus icyakora murambabarira ntabwo inzi aho byansitse uwaba yarasomye yanyibutsa I love you all icyakora amadini yose ari mu buyobe ko bibiriya ivuga ngo yesu yaje gukuraho ibitambo n amaturo kuki abapasitori baka abantu amaturo????
YOUTUBE COMMENTS