KARABAYE/Abantu bose bari mu madini bita ba Pastor babo Dadi na Mami MURARIMBUTSE/kuko muri ikuzimu

KARABAYE/Abantu bose bari mu madini bita ba Pastor babo Dadi na Mami MURARIMBUTSE/kuko muri ikuzimu

????

#WHATSAPP_0788266238 #AYALONI_TV #CLICK_SUBSCRIBE_LIKE_and_SHARE #250788266238 #250726888535 #0788733808 Kora Subscribe hano https://youtube.com/channel/UCr40L6braMsiAVNJcclb8kA Turabaramukije mwese bene Data bakunzi bacu iyi Channel twayishinze bigendeye kuri SMS twahawe n'Imana yuko tugomba gufasha abantu bose bashaka kujya mw'Ijuru, kumenya ijambo ry'Imana, ngo bave murujijo rw'Agakiza ndetse n'urujijo rw'inyigisho z'amwe mumadini ziri kuyobya abantu na bamwe mubahanuzi bari gusenya ingo z'abantu kubera ubuhanuzi bw'ibinyoma. Ndetse n'ibindi byinshi, muzagenda mubibona uko tuzakomeza kubana. Iyi Channel nta dini narimwe ibogamiyeho niyo gucishaho ijambo ry'Imana ndetse n'ubuhanuzi Imana iduhaye yaba uwo itumye cyangwa se natwe ibuduhaye. Murakoze cyane kubwo gukomeza kubana natwe. Turabakunda.

Advertisement

LEAVE YOUR COMMENT

YOUTUBE COMMENTS

@niyoniringirajeanbosco Says:
Ushaka kuba mukuru mubwami mbwimana abe umugaragu wabandi uwigisha angane nuwoyisha bityo bityo.
@kayirenzimarie1518 Says:
Nibyo twarabuhishuriwe tubifata minenegwe none uduteye imbaragaImana iguhe umugisha
@lou-ma7999 Says:
Aliko nicyubahiro, abanyamahanga ntabwo bavuga ubakuliye mwizina! Sibyiza guhamagara umukuru izina. Nanjye ntali pasteur bampamagara "Maman" kandi niba clients, nanjye harabo nita Papa! London bati sweety babwira ba clients! Byikubabaza rero
@Nkomezirumenera7312 Says:
Bishop mukinyarwanda numwepesikopi
@giseleuzabumwana2909 Says:
Icyo urarebye usanga Ari cyo kibabaje
@MUKABUTERAGorethetv Says:
Imana iguhe umugisha Imana iturinde kuyoba
@blessedrwibutso4915 Says:
Abefeso 4:11 [11]Nuko aha bamwe kuba intumwa ze, n'abandi kuba abahanuzi, n'abandi kuba ababwirizabutumwa bwiza, n'abandi kuba abungeri n'abigisha, Kwitwa title y'ibyo ukora kandi yanditse muri bible si ikibazo, ikibazo kiza igihe umuntu abikoresha ku bw'inyungu ze, kwishyira hejuru,... izo titles zindi zitemewe na bible nka mon seigneur, daddy, general, marshall,... zo zaba ari ikibazo gikomeye pe!
@zuzuuwineza948 Says:
Ubwose bitway'iki Koko? Ark mwareste iryo kosora ko bifite nyirabyo!!!?
@anithandikumana7739 Says:
Je sinumva nivyo uriko uravuga . Igisha Abantu ubutumwa Bwiza . Igiteyikibazo amashengero ya none sama titre nivyaha vyagwiriye mumasengero . Nay'ibindi ntaco bitwaye . Kiresteko niwa bwirako abakristu bavuga Ayo mazina barigucumura batazoja Mwijuru . Nay'ibindi numva ataco bitwaye uriko utumwanya wubusa . Ubwo n'ubutumwa bwo gusamaza Abantu bibagire ivyo bategerezwa gukora . KO mukunda gusevya abandi bakozi b'Imana . Ayo mafoto wayashiriyeki . Nkah umenga MWe ntama kosa Mukora
@irenemusabyimana2138 Says:
God bless u kbsa
@ClaudineNiyonzima-m4m Says:
Muri matayo 28:16-20 ubundi ntabishyasha kimwe gusa ushyobora kuyobya benshi
@ClaudineNiyonzima-m4m Says:
Mwene data ndabona ibyo uri kwirushya none ayo ma title ni murimo haricyo biriko ahubwo ndabona wokora icyo yesu yabwiye intumwa muri matayo 2822
@muryeryeburora6589 Says:
Mwene data mukundwa urakoze cyane Ariko nawe ibyo ngo mukozi w'Imana sibyo kuko turi abana b'Imana ntituri abakozi. Ikindi ndizerako uzagenda urushaho kubisobanukirwa uyu muburo tuwumenye hashize imyaka 35. Amahero yidini atwereka amaherezo yaryo. Ari inkwi ari amazi ntakirakorwa kuko ubuyobe bwaradutse.
@gorethmukashaka563 Says:
Yesu aguhe umugisha, ubundi se intama iragira izindi ibaho? Yoh; 10 , tuzabazwa byishi.
@damascenengirinshuti2211 Says:
😂😂😂😂😂😂Babwire Babwireeeeee
@evelynekubwimana2414 Says:
Murakozee caanee kuduhuguraa. Ndanyuzweee pee! Umutumire Yesu akomezee kumuha Umugisha
@abiellabatarihotv1510 Says:
Ariko kuva Imana itaragukoresha ntabwo wovuga ngo maraya numukozi w'Imana, ashobora kuba umukozi W'Imana.
@abiellabatarihotv1510 Says:
Nawe uragwaye mubandi, umutima wawe niwo uzi ukuri, nawe ugwaye ingwara imwe niyo abuvuga.
@abiellabatarihotv1510 Says:
Kuki uyumugabo arimugwanda kuki wewe yiyata ingénieur kuki wewe atabivuze mukinyagwanda. Niba apôtres bivuga intumwa, gukoresha apôtre bitaniyehe. Kimwe ni igifaransa ikindi nikinyagwanda.
@uwinyangemarieclaire8783 Says:
Bavandimwe benedata, nibyiza guhugurana ariko nimwibande kwigisha abantu bakizwe batunge Yesu mu mutima, umwuka wera azabayobora, abigishe ibikwiye byose. Abashaka kubahwa bubahwe , nibarengera bazabibazwa n'uwabahamagaye, dutinde mu kugerageza kuvuga ubutumwa bwiza bwa Yesu
@clothildemugorewera7409 Says:
Imana iguhe umugisha.Kandi Imana itwigishe guca bugufi.Nanjye ndabyanga.
@jeanpierreimanizabayo159 Says:
mushubati ni muri rutsiro iwacu
@dodododo1881 Says:
Bariya bose bemera bakabita Dadi , ababikoze bose nabakoze zaubautique zokurya impunye zitwa aba christo ,ariko tuzajya tubasengera rimwe umucyo w'Imana uzabamurikira bahweze aho bari ,bamenye ubuntu bw'Imana bwukuri bazahita bavamukurindagira
@dodojafa1104 Says:
Amadini menshi mu Rwanda yahindutse udukundi twabishakira imibereho. Utuzu twamadini.
@marie-joselinebagarirayose2817 Says:
Ni ukuri Imana ikoresha uwo ishaka uko yaba ameze kose ntirobanura k ubutoni ntireba nk abantu .
@miburojerome8242 Says:
Nsobanurira.1Tim3,aho bavuga abepiskopi n'abadiyakoni ni title.None se bitandukaniyehe n'ibyo uvuga ngo nta title zibaho?Fonction rero bivuga icyo umuntu ashinzwe.None ushinzwe izo nshingano bamwita ngo iki?Ndakwingize nsobanurira
@amazinggraceofficial3509 Says:
Tite, 1:7 - Car il faut que l`évêque soit irréprochable, comme économe de Dieu; qu`il ne soit ni arrogant, ni colère, ni adonné au vin, ni violent, ni porté à un gain déshonnête;
@amazinggraceofficial3509 Says:
Mon Ami lire Bien la Bible " 1 Timothée, 3:1 - Cette parole est certaine: Si quelqu`un aspire à la charge d`évêque, il désire une oeuvre excellente.
@pascasiepasi2413 Says:
yesu nagukoreshe kabisa kk beshi icyubahiro Nico kibishe baca bishira hejuru birenze
@tuyizereildephonse3577 Says:
Ubundi Bibiliya si igitabo nk'ibindi byose abantu bakoraho ubushakashatsi uko biboneye.Bibiliya ni Imana Jambo Yh 1:1 Niryo yaremesheje ibintu byose kdi natwe Twabyawe n'Ijambo uzongera cg akagabanya namwe murabizi!
@honorineumwiza2895 Says:
Uyu muntu w'Imana yagiye atuburira kuva keera ahubwo nitwe twinangiye. Imana itubabarire...
@sin1966 Says:
Mega umuntu yamenye ukuri we!1111
@nizigiyimanafatmafatma3140 Says:
Ni biyite abigishwa nkuko kristo yabivuze
@annelunyirandikumana9671 Says:
Oh my God
@vyunamemichel7873 Says:
Amahoro mwene Da Kirara, None ivyo bintu ko birwiriye urakoriki kugira bihagarare?
@karirestella5283 Says:
Imana iguhe umugisha kuvuga ukuri mwene Data.
@karirestella5283 Says:
Nicaha nyene kuko ntibaba bumviye ico Yesu Kristo yavuze. Igikuru nukumenya ukuri hama ukagukwirikiza.
@uwanyirigiramariepaule8925 Says:
Ibyo Yeau yivugiye biragaragara kandi birasobanutse ibisigaye biva ku mubi...
@rurangwaoscar851 Says:
Rwose ntibikwiye Pastor birahagije kumwita Papan birababaje cyane
@odettenyiraneza8073 Says:
Yoooo ndatangaye koko mbega ukuntu umwuka w,imana ari mwizaaaa ibi bintu narabihishuriwe ndanabyigisha ndishimyeko bigiye kugera kuri benshiiii
@micomanasseh3497 Says:
Iman'Ibahumugisha.
@jean-moisensengiyumva8830 Says:
Muri aka karere kacu ndabonye ubwa mbere umuntu asobanuye ukuri ... kugendera mukuri no kuvyanditse nico twakabaye dukora kandi tugendera... none ....ibyo byose biva kuki ....wavuze kare .....LES NICOLAITES....
@nsabiyumvajeanmarie4043 Says:
Ndiho aguhezagire muvandimwe,ikindi naco nabasaba muze mutugirire umushakashatsi Niki:nirihe zina ryukuri malayika yabwiye Mariya kazovyara umukiza?in Yesu?canoe in Yahshua?kuko mbonye murabashakashatsi.murakoze
@gutabarwanimanatv1074 Says:
Nukuri
@coucou4413 Says:
Murakoze guduhugura. Iki kigwa girakwiriye cyane. Kuko hari ubuyobe bwinshi. Dada n'umwe. Twese abavandimwe.
@coucou4413 Says:
Rabi bitera ubwibone
@kayirenzimarie1518 Says:
Uko ni ukuri kdi Imirimo yabo irabaranga
@wisequotesempire6428 Says:
Nigeria bavuga general overseer,urumva ko ari uwikirenga
@verenedushimimana7524 Says:
Amen Amen 🙏🏾 Imana iguhe umugisha mwene data Iy'Imana niyo kubahwa niyo guhabwa icyubahiro, twiyifobya iyi Mana irakomeye twirinde cyane gukomeza kuyikora mujisho
@Bugingo1 Says:
Birabujijwe gukoresha verse imwe wigisha cg usobanura bibiliya kuko byakuyobya, koresha verse nyinshi zivuga kuri father urazibona

More Iyobokamana Videos