MUKURU WANJYE YANTWAYE UMUGABO????????TWARI TUMARANYE IMYAKA 17|NAVUYE MU BITARO NSANGA BARABANA????Ange

MUKURU WANJYE YANTWAYE UMUGABO????????TWARI TUMARANYE IMYAKA 17|NAVUYE MU BITARO NSANGA BARABANA????Ange

????

Rose TV Show ni urubuga rwawe nanjye ngo tuganire ku buzima by'umwihariko ku ngingo z'imibanire y'abantu. Mu muryango ndetse no mu buzima busanzwe. Twibanda ku biganiro by'ubuhamya n'ibitekerezo by'abatumirwa mu kubaka #Imibanire iganisha ku #UmuryangoMwiza. Twibanda kandi ku biganiro byo #Guteka kuko burya imibanire myiza ihera ku mirire myiza! Niba wifuza kuvugana natwe, kuduha inyunganizi ku makuru tubagezaho cyangwa ukaba ufite ubuhamya wifuza gusangiza Abanyarwanda waduhamagara kuri +250782742950

Advertisement

LEAVE YOUR COMMENT

YOUTUBE COMMENTS

@ROSETVSHOW Says:
0788559578 Ushaka kuvugana na Ange
@heyguysss20136 Says:
Pole mama biratangaje umuvandimwe kugutwarumugabo umuntumuvukan
@nsengiyumvajeanpierre3337 Says:
Ndabona arikiza pe
@MukakigeliJudithe Says:
abandimwe bikigihe nibo balwica
@MukakigeliJudithe Says:
Ingwe irakwicira ikakurusha uburakari
@niyomwungeridiane8376 Says:
Ivugire wamfurawe uruhure umutima uhumuntu amata akaruka amaraso isi yabaye kimbazi
@SolangeUzamukuda Says:
Wampaye number ze
@iribagizaalice7041 Says:
Ariko hariho abantu binjiji koko ubwoc umugore niwe utera inda cg numugabo kuburyo wazirako ubyara abakobwa cyakoze abantu ntibashima hari nuwabuze nabobakobwa komera cyane ndumva warahuritse
@umubyeyiclarisse245 Says:
gusa pole, none nawe yaramubuze umuntu ushyingiye ndumiwe
@rocktower7412 Says:
Abagabo bamenye ko Ari Bo Imana ikoresha ngo bagene kubyara hungu cyanga kibwa. Abagabo babaswa nibo bibasira abagore babo iyo babyara abakobwa Gusa. Ariko kandi: ABAKOBWA ni Abana nk’abandi.
@kayitesijeanpierre4593 Says:
Ingo z'ubuse ni hatari nta muvandimwe!
@kiri-za-2023 Says:
Twese twakuze bavuga ngo turi abakobwa ntacyo tuzamarira iwacu. Batwishyuriye amashuri babaseka, ariko ubu turifashije kandi dufasha n'ababyeyi bacu. Ndetse bishimira ko babyaye abakobwa! Ubundi iyo ushaje, ni bwo umenya akamaro ko kubyara umukobwa. Imana izagufashe abakobwa bawe bazazirikane ko wabavunikiye 🙏🙏
@KamiEthan-zx4ip Says:
Je t aime ma sœur Rose ' je suis une Burundaises
@esperancemukundufite3228 Says:
Nonese uwo mugabo wabonaga afite ubwenge n'umutwe muzima. Ariko warahemukiwe guhemukirwa numugabo numuvandimwe
@Uwimanalice Says:
Ariko kuki abantu bakinisha Imana ngo icyumba cyamasengesho yaratwaye umugabo w’abandi koko
@Uwimanalice Says:
Ubaye nkumugore witwa mama Adeline murumuna we yamutwaye umugabo izi story zibaho pe
@annetblessing5586 Says:
Ariko disi Rose urumuntu mwiza❤ Imana ige uguha umugisha peee!!!
@annetblessing5586 Says:
Njye ndabona uri mwiza ndetse ufite igikundiro❤❤❤ kandi ikirusha byose uratuje!!
@baziretedorothee1752 Says:
Iy isi we !!! Umwana wareze niwe ugufatiraho umupanga ! ntibyoroshye ariko ihanganeee uwo wafashije niwe uhindukira akakugambanira ! isi iraruhije wowe be strong byose bizarangira 😌
@BenayiUmuhozaQueen-qp8px Says:
Sorry dear you're so beautiful just forgive them God will wipe every tears that you have greet your beautiful daughters a child is a gift that comes from God komera dear
@ndayishimiyeaboubakar6578 Says:
Mpore muvyeyi mwiza.imana irahari izokurengera.nizeye ko izoguhozamarira.
@uweraasha2509 Says:
Humura Ange wabyaye babazubagira ,abakobwa bawe nabumugisha bazaguhoza kandi muzabaho neza ,harigiye mukuru wawe azagukerera kandi bibaza
@joselynemubirigi8010 Says:
Harikintu kimwe kingora kumva gushaka umugore cg umugabo mwarekana ukaba wowe nabana mudashobora kwibeshaho nukwezi byibuze 1,imyumvire nkiyi nukuvuna uwo mushakanye byibuze abakobwa bigishywe kwirwanaho rwose .
@godisgood3914 Says:
Ariko Rose wishimira umuntu nkabugykundira ngaho uwo mubyeyi musuhuze❤
@UmuhozaConsole-w4e Says:
Iyimubabarira ntiburi gusubira munkuru ntitukishushanye sinkugaya kko warakomeretse ariko nanone iki kintu kirakomeye kubabarira biragoye
@kcleke4842 Says:
Ro wazadushakira Dominic nick wumu Gospel plz
@lovefirst179 Says:
Uyu mu Mama muzamuhuze na Claire wavuze ubuhamya kuri HFM neza neza ubuhamya bwabo burasa
@lovefirst179 Says:
Ihangane
@nshimirimanjaja6130 Says:
Mbega bakuru babantu ko badukomerekeje yoooo jeho nubu mpereka kugira mariage asha nunomusi ngo yamye abwira umugabo wanje ngo bahurire ahantu baganire isi yaheze mwami turengere utwomore ibikomere twatewe nabo waremye pole maman uri.mwiza
@zeno_derrick8709 Says:
Rose cherie courage ndumva byakurenze gusa mwumveko abantu barahinduka ukumirwa koko😂😂😂
@zeno_derrick8709 Says:
Courage mama❤❤❤, uri mwiza rwose kandi komera. Uwo mukuru wawe n'umugabo bareke rwose isi izabitura ibyo bakoze, naho ikijyanye n'imbabazi ba ubyihoreye wowe iturize ubane nabana bawe amahoro abandi bareke rwose
@mukankuzijolly3913 Says:
Uyumubyeyi nintwari cyane sista wawe umuvumo uzamuhame cyane kuburyo azicuza akabibona nakumiro peee
@maeli6300 Says:
Imana ihora ihoze. ivyobagukoreye bose bazovyishura
@ubuzimabwaclaudine9798 Says:
uwo mugore ntabwo arimwiza ndakwinginze ntukamwegere ahubwo abonye uburyo yakwicya uziyakire please nkuko umuntu ugutwara umugabo ndazi kubabitoroshye ihangane abana bawe numuryango ukomeye ntawundi muryango ushyaka
@dianeingabire5439 Says:
Humura mukobwa mwiza Yesu ni umwami
@bedtecn7406 Says:
Abantu nkabo bohava bakabwira abana.iyungunganye urere abana nico gikuru. Senga cana imana igufashe urere abana bawe.
@vaijoamn1388 Says:
❤❤
@kwizerabenigne1248 Says:
Komera Maman ntabwo umuntu ntiyahemuka ngo bimuhire pe ikomereze kuMana gusa
@kwizerabenigne1248 Says:
Komera Maman ntabwo umuntu ntiyahemuka ngo bimuhire pe ikomereze kuMana gusa
@uwigabiremarrie8424 Says:
Ihangane mubyeyi lmana y'Amahoro ibane namwe igucire inzira izagushoboza kubinyuramo
@ursuleuyisabe4836 Says:
Ariko ntugasetse ngo arasenga Imana isengerwa mukuri no mumwuka
@lynakirezi6107 Says:
Ni mwiza pee
@IcyitegetseMarielouise-b6u Says:
Uzabona imigisha lmana ihumugisha urubyarorwawe❤❤
@umuhozaernestine6777 Says:
Yoooooh humura Imana ikunda abana kd bazakura baguhoze ibyo bikomere❤️❤️😂
@ukl9802 Says:
Erega umugabo niwe utanga sexe. Umugore ni xx, umugabo xy. Rero umugabo niba atari ukwigira nkana, yaraguhemukiye
@clementinemukakabera3094 Says:
Iyi nkuru irambabaje irandijije pe ihangane
@mucyowukurismith Says:
Ngo kugutereta sibyo ukeneye, none se uwo mugabo wihorera udakeneye we hari inshingano afite zo kugufasha kurera abo bana mutabyaranye. Ushaka inka aryama nkazo, iyo carte ukina, mu bana 5 wibaza ko izaguhira? Sorry ariko niko kuri
@ishimwec3886 Says:
Igihe wabivugiye nturaruha mada?
@uwizeyimanamariechantal7503 Says:
😢ndahanuye p nukuri abobakobwa beza nabumuvisha p
@uwizeyimanamariechantal7503 Says:
Abakobwa nibeza kuko nukuri nibanyina babantu abobana bazakugeza kure Kandi heza umva nukuri abobana nabumuvisha p nukuri Kandi isiyose irabashaka

More Abantu Videos