Arko njyewe muzambarize abagore, ni inde wabaroze akabumvisha KO kubana n agahinda, n ibibazo bikururira badashaka gutandukana na source yabyo no gutolera amafuti y abo babana bene aka kageni biri normal!! Reka nishyiremo ko ari film ari kutu raconta!!!!
Sha disi uru Rukundo rurakampusha😢 uyu mudam yarababaye pe
@UwingabireAlexie Says:
Mbega umubyeyi wahuye nuruva gusenya weeeee,basi pole
@ishimwec3886 Says:
Part 2 please!!!!
@kigalirwanda8564 Says:
Iyi nkuru ndumva ari umugani😅
Nakurikiye kugeza ku mwana w'Ikivejuru numva birancanze😢
Wa mubyeyi we uwo mugabo yari yarakuroze aguhuma amaso agutwara ubwenge ariko hejuru ya byose hari Imana❤
@BettyMusanganire Says:
Njyewe ndumva warufite ubucucu bwinshi cyane
@judithbabyeyi9735 Says:
Egokoooo cyokoze ni akumiro pe! Ubundi hari abantu bashaka batazi igisobanuro cy'urugo,ariko abagabo bo bateye umujinya
Kwigobotora umuntu nkuyu biba bigoye, cyane iyo utagiye mu rukundo cyane, uwo muhuye wumva ari uwo,.
Abagore n'abakobwa bakanguke basobanukirwe be kwitiranya manipulation n'urukundo
@Furaha-v1n Says:
Rose wacu wabaga he ko twakubuze
@umurabyochannel Says:
Rose Ma chr urasa neza ❤
@nellykarikurubu1923 Says:
Sha uwakudunda gusa ntaranatangizikiganiro
@BeniFleuryNimubona Says:
Uyomwana 😂😂😂
@kathia-i6y2z Says:
Reka tuvuge ko ari urukundo rwatuma ga umwihambira ho da ariko ukundana numuntu atarana gutera inda ukageza aho utwita incyuro zirenze imwe abagore turyetumenya ubwenge umuntu mubi umukunda gt ahubwo njye iyo ungireye nabi rimwe ntangira kukwiga ho kd baravuga ngo umuntu ukugireye nabi rimwe ntanpanvu zuko ejo atakugirira nabi kd murye mumenya ubwenge pe erega nanjye ubivuga ndumuntu ariku tunjyetwiga kurekura abantu umuntu nkuwo uba umukunda ngo ahinduke gt ntamugabo uhinduka pe
@abegadarl4716 Says:
Ako ibaze byonyine kuntegeka ngo icara kuri moto imwe nabana banjye bose nkakwemerera hah sha bitari uburozi byagorana Mana ndumiwe peeee
@IngabireEsther-i1z Says:
Part 2 please 🙏
@inor8458 Says:
Yewe pole mama warahuritse.
Uwo mutima ufite Nyagasani azawundinde pe ibyo sinabivamo. Njyewe umugabo wanjye niyo mugurije cash aba aziko agomba kuyansubiza vuba vuba bitari ibyo twaserera kdi arabizi ko atinze ntakongera kumuguriza.
YOUTUBE COMMENTS