NIGEZE KUGIRA URUGO RUBISHYE????ICYADUFASHIJE MU MYAKA 20 TUMARANYE ????????????Hubert Sugira|INAMA KU BAGAB

NIGEZE KUGIRA URUGO RUBISHYE????ICYADUFASHIJE MU MYAKA 20 TUMARANYE ????????????Hubert Sugira|INAMA KU BAGAB

????

Rose TV Show ni urubuga rwawe nanjye ngo tuganire ku buzima by'umwihariko ku ngingo z'imibanire y'abantu. Mu muryango ndetse no mu buzima busanzwe. Twibanda ku biganiro by'ubuhamya n'ibitekerezo by'abatumirwa mu kubaka #Imibanire iganisha ku #UmuryangoMwiza. Twibanda kandi ku biganiro byo #Guteka kuko burya imibanire myiza ihera ku mirire myiza! Niba wifuza kuvugana natwe, kuduha inyunganizi ku makuru tubagezaho cyangwa ukaba ufite ubuhamya wifuza gusangiza Abanyarwanda waduhamagara kuri +250782742950

Advertisement

LEAVE YOUR COMMENT

YOUTUBE COMMENTS

@nkundaberacyprien1713 Says:
Thank you Hubert.
@SmilingHoneyBadger-zm4jb Says:
Baravuga ngo uzangaye guhera mtuzangaye gutinda
@claudineuwamahoro2502 Says:
Number za,Hubert plz
@MukabuteraClemence Says:
Ni ukuri mpa number yawe ndifuza ko wafasha mu kibazo fite
@MukabuteraClemence Says:
Ni ukuri mpa number yawe ndifuza ko wafasha mu kibazo fite
@odetteniyitegeka3067 Says:
Igitangaje nuko abantu bitwaza faiblesse za bagenzi babo bakabona kugaragaza ko aribo babi. Ariko Huber nta bagabo uzi bafite abagore batazi guteka (urugero) kandi wenda uwo mugabo we abizi aho kumusupportinga akagenda asebya umugore we ngo nashatse umugore w'umupfapfa ngo no guteka ntabyo azi. ngire ngo ni hake urugo rukora nka team.
@ariellakankurize6216 Says:
Ndakunda Rose cane
@dusabebellamarlene6644 Says:
Rose turagukunda from Burundi ariko il faut que w, améliora les images
@chantaltumusifu4565 Says:
Hubert yatumwe n'Imana nuko abagabo badashaka kwiga kubaka nkabagore kuko aho babyigira uhasanga abadamu cyane, nibo bafite ubushake cyane
@DivineUmutoniSongwe-iz5bz Says:
Ese umuntu yabona numero ya sugira gute?
@TimbanaNyanzarake Says:
Nigute nabona numero hubert mwamfashije
@mutesiclaudette5210 Says:
Muranyubatse
@godblessme7354 Says:
Iki kiganiro ni kiza. Twakura he number ya Hubert? Or mutubwire aho akorera. Murakoze
@TheJoyofCooking24 Says:
Ese nka bariya bantu bafite personality disorders ko kubaka nabo bigoye...ndavuga nka malignant narcissist, sociopath, psychopath, etc. They are very manipulative kuburyo kubana nabo nawe bituma ugira emotional problems. Nabo ubutaha mwazabavugaho. Murakoze.
@emmanuelntivuguruzwa3849 Says:
You are super my brother
@Mfcsolis Says:
Bwana Sugira,you are the best teacher,nanje ndemeranya name urugo rwiza rurashoboka cane mbifitiye ubuhamya.courrages.
@francoiseh.1032 Says:
Twakubona gute inbox ngo udufashe! Thx
@willygatsinzi1664 Says:
Iki kiganiro kije nari ngikeneye pe ,nibazaga etape ikurikiye mubuzima bwange none ndayibonye, murakoze kuduha ibitekerezo ninyigisho.
@kayitasireclarisse6192 Says:
Izo courses zibaye online byaba ari sawa byafasha benshi
@ahishakiyeclementine2151 Says:
Hubert uri umuhanga cyane Uwiteka akomeze gushyigikira iyerekwa ryawe kuri mariage
@mariepauldusingize3003 Says:
Intanga ngore / intanga ngabo bijya bivugwa
@mukampabukaolive2114 Says:
Hubert wee uraho urakomeye.courage pe Wenda hari bake bazagenda bumva.iyi topic ndayikunda.
@gahungusekagandajoseph2652 Says:
Umugore ninkaho harimo kwihorera
@Emy_sse-dc8mp Says:
Always bella 🌹😊
@GasanaLawFirm Says:
Always a blessing to listen to @Hubert’s wisdom! You have no idea ukuntu utwubaka. Izo courses turazishaka online natwe zitugereho. Congrats brother!
@nyandikira Says:
Sugira urugo rwashingiye ku binyoma rwubakwa rute ?!!
@nyandikira Says:
Ese urugo abarwubatse banyuze sens unique nka ya yindi yo mu mubanda rushobora kubaho ! Mbese barineshyanyeho?!!
@alinekanyamuneza-it4um Says:
Murakoze cn.ikiganiro ni ciza cn
@kayikiresedie3743 Says:
Muzambarize uwomugabo icyo iyompeta yiburyo imaze nk'umuchristo! I am sorry for that ngira amatsiko !!
@BahavuJeanetteStories411 Says:
Iyo minyururu yambaye mwijosi ibyo nibiki sugira weee😢😢
@rudahungalineva5770 Says:
Rose please mwampaye Numero zuyu mu Papa. Merci
@manzialexis Says:
Wampa namba yuwo mugabo
@manzialexis Says:
Murakoze cyane
@lucillekankazi8073 Says:
Dore abantu nkaba nibo dukeneye! Merçi Rose and Hubert! Society iragukeneye mubyeyi!
@ijwiryabatavuga6710 Says:
Bishobotse iki kiganiro cyashyirwa muri Français et Anglais plz
@ijwiryabatavuga6710 Says:
Iki kiganiro nicyiza cyaneee Imana Ikomeze Ibahe imbaraga natwe iduhe ubwenge bwo kwiga tugafata
@liberathebazigaga8589 Says:
Ikindi kibazo nibaza niba umwe mubashakanye ari umusinzi cg umusambanyi hanyuma undi ntabyo akora rwose kandi ufite ibyo bibazo adashaka ubufasha, atumva inama z’abantu bandi mbese we akora uko abyumva ese uwo wundi udafite ikibazo afata iyambere ate? Ashaka umuti ate kandi atariwe urwaye kandi umurwayi adashaka kwivuza burundu?
@denysehakizimana4143 Says:
Rose nawe ndagushiye.
@denysehakizimana4143 Says:
Sugira urakoze cyane Imana iguhe umugisha.
@Yasseryves Says:
Rose urakoze cyane Ujyumutuzanira kenshi 🙏
@aimeekayitesi771 Says:
Ntegereje nizeye nanjye pe birashoboka
@peacemahoroumutoni1646 Says:
I love this man❤
@kekekaka7315 Says:
Muraho mwampaye nimero yuyu mu papa ?
@jeanninewilliams8961 Says:
Please mwaduhaye numero ya Sugira🙏🙏 Imana isubize aho yakuye
@FAMILYMINISTRY-FM Says:
Hubert,Imana ikomeze ikwagure ufashe benshi cyanee,inama zawe ziranyuze cyaneee,Imana idufashe,iduhe ubwenge ni mbaraga,ndemeranya nawe💯% 1:06:44
@FAMILYMINISTRY-FM Says:
Rose mfasha rwose umpe nimiro ya Hubert 44:02
@FAMILYMINISTRY-FM Says:
Mwadufasha mukaduha nimero ya Hubert🙏🙏🙏 42:39
@bazubagira2763 Says:
Ukuntu uba wikiriza cyane birambangamira cyane ku buryo mba shaka kumva ibiganiro byawe ariko simbirangize kubera iyo mpamvu
@christelleiteriteka3777 Says:
Imana iguhe umugisha wamu papa ufise ubwenge bw'Imana muri wewe.
@Nova7726 Says:
Na Antoine Rutayisire yarabivuze nta rugo rubi n'urwa nyuma dutekereza rutaba rwiza igihe abarwubatse babigizemo uruhare urugo rwose rwahinduka rukaba paradison.Uwiteka azubake rwose

More Abantu Videos