URUGO RWATANGIYE KWANGA NKOZE UBUKWE ICYUMWERU CYA MBERE????IMITUNGO YANJYE YARAHASHIRIYE| ubuhamya BW
URUGO RWATANGIYE KWANGA NKOZE UBUKWE ICYUMWERU CYA MBERE????IMITUNGO YANJYE YARAHASHIRIYE| ubuhamya BW
Advertisement

LEAVE YOUR COMMENT

YOUTUBE COMMENTS

@FlorenceCadette Says:
Arko c neza neza umuntu abana n undi igihe kingana gityo utabona ko umuntu mubana atagukunda Koko!!!?paa ahaaa
@iribagizavenantie1295 Says:
Si ari ni ko umuntu wize aba injiji gutya
@ingabiresandra7179 Says:
Mbega Umugabo wumupfapfa!!! Yahombye Umugore kabisa, ntabwo yakwigera kubona undi nkawe. Indeed she's a wife material. Ubundi Abagabo mukunda iki kweri? Ndumva Umugore nkuyu ariwe Umugabo wese yagaharaniye kubana nawe ariko ni vice versa. Otherwise much ❤❤ my sister uri umuhanga.
@yvettemunezero2706 Says:
True umugore arababara akamara igihe aryamye ariko iyo igihe cyigeze arahaguruka akongera kugaruka.
@NtibaziyandemyeNaome Says:
Vggbjfjbkvjbhgg🚂🚗🚐🚲🚜🚌🚚🚙🚛🚍🚔🚘🚖
@NtibaziyandemyeNaome Says:
Djajmfnzbxbzgf 🏌️🚒
@uwamurerajeanette-r6y Says:
Naje gusanga buri mwana azana ake gashya
@uwamurerajeanette-r6y Says:
Abavuga baba batarabona, ubwenge bwumugabo
@mbabazicaroline-g3l Says:
Wa mu mama we ntabona irarenze pe,ugira umutima mwiza,ntabarokore bakibaho niwowee❤ usigaye.
@MuhorakeyeOdette-bc6xq Says:
uwakunyereka wamudamu we❤
@mukaremerarebecca Says:
umwana yanze kose amuterura ariko nase ntiyamushakaga ni ukumutsindiraho kubwo amategeko naho iyo umugabo atakigukunda nabana bawe ntababa abashaka . ikindi harinibindi uzicuza urugorwawe bararutashye
@mukaremerarebecca Says:
ro umbabarire si ukumena isosi ariko abagore bikigihe barashaka ibintu abagabo batashobora Kandi niyo waba uhembwa menshi kurusha umugabo umugabo uramusaba ni umutware ni umutwe wurugo
@mukaremerarebecca Says:
Kandi ntabwo abagore dufite uburenganzira bwo guhora tubwira abagabo ko tubakunda umugabo yabikwangira pe ahubwo uramwubaha ugaca bugufi , ukaganduka ukagira amahoro ugatanga amahoro ubundi urugo rukaba paradizo
@mukaremerarebecca Says:
ibyo abagore biha gutekerere urugo no kwishyura inzu kurihira abana ishuri guhitamo aho kubaka , guhitamo plan yinzu muzubaka abagabo ntibatekererezwa n, abagore ahubwo yakwica . Kandi ni ukwihiraho imigogoro itariyawe , mbega ubundi incingano zawe uba wazujuje mbere yokwivanga muzabandi , ikindi abagore bazubaka ntibita umwana uwabo uravuga uti umwana wabandi maaa atarira nkakabona , ubwo Uzi ko ninda utavuga ko ariyawe madaaa uravati India yabandi idahungabana Kandi sindabona umugabo watekeye umugore ngo nuko yabyaye nyoko se cyangwa nyokobukwe baba bamaze iki wagize amahirwe aza kugutwara ndumva Usha ibintu umugabo atashobora twebwe ntashobora no kukuzanira ibiryo Aho uryame noneho umugabo uterura umwana ubundi ntanubwo agucanira itara uwomugabo yari imana yirwanda ahubwo umushake
@Tjk-q7p Says:
Mbega umugore uvuga buhoro agatwara time.
@brigittemukandoha6057 Says:
Hari igihe ibikomere twakuranye bitubuza kubaho neza mu ngo zacu! Natwe tukaba ba Nyirabayazana.pole sana
@murekateteclaudine7851 Says:
Uyu muntu ateye ubute kumwumva ashyiramo gutinda kwinshi mu byumvikana ni umuhanga arko ntiwamwumva ngo usoze ikiganiro.
@ndahayoolivier-oi4oc Says:
Ubwo niwowe mujura
@mariemurekatate7626 Says:
Kuko nsanze twahuje umubabaro yambera umuvandimwe akanduhura umutima nabaye igicibwa mumuryango natawe numugabo abana 2 mbese namateka nanjye.
@mariemurekatate7626 Says:
Kuko nsanze twahuje umubabaro yambera umuvandimwe akanduhura umutima nabaye igicibwa mumuryango natawe numugabo abana 2 mbese namateka nanjye.
@mariemurekatate7626 Says:
Muraho! komera mubyeyi haracyari ibyiringiro imana izadu shumbusha rose wambaba riye ukama nimero yuwo mu mama?
@nzayisengapascaline5411 Says:
Sha nanjye nzaza ubwo umuti wakoretse wo kutagaragaza ishusho
@WHEREELSE21 Says:
Arìko ukoze critical analysis uyumugabo wamusabye ibyo adafite ikindi ushobora kuba wivuze neza ariko ataribyo
@rocktower7412 Says:
Mbega umugabo wumugome!
@km_gospelupdates Says:
Nkunze ukuntu yahishe identify ye.
@vestineshami928 Says:
Harimo ikintu ki derangea. I guess the microphone 😢
@uwimanacathy5458 Says:
Ariko ye,nkava mu nzu,nta mafrw,salaire yose igenda,nta ntebe,nta gitanda,nta safuriya,nta sahani? Ngo bitagenda bite se?
@uwimanacathy5458 Says:
Igihuru kizavamo igihunyira kiboneka kare.
@uwimanacathy5458 Says:
Gusohora amafrw biroroha,ariko kuyinjiza cg kuyasubizwa bikunda kugorana. Niba ufite uko wayabona,yakomereho,wiyatera inyoni,wiyategeza imisega.
@uwimanacathy5458 Says:
Harya ngo gukunda ni uguhuma? Nzaba mbarirwa.
@JeannetteMuhawenimana-g2c Says:
Rose,nkunda ukuntu ugaragariza umuntu imvamutima ❤
@uwinezaconsole8523 Says:
Yoooo disi bibaho
@niyomucyonadine387 Says:
Rose kwariwowe uboneka mumafoto
@manzilydia6644 Says:
Nimba kutagaragara byemewe muzantumire nange mfite inkuru ikomeye
@aminauwera2646 Says:
Yabuze umugore sinzi ko nkuwo apfa anubatse ngo aremye.
@Josingab Says:
Ndumva Uyu mutumirwa ari umugore wa Ndimbati muri papa sava.
@chany9950 Says:
Manawe niho bavuze kwabagore atabwenge tugira pe wamugore we umbabarire wakoze ubujuju sinokubesha
@chany9950 Says:
Komera mama
@Fofopretty Says:
none se Ubwo izo micro zanyu ,mutwishe amatwi gusa
@kianatvshow9575 Says:
Komera.mukobwa mwiza
@anatholiekantengwa5683 Says:
Ubu buhamya burimo isomo rikomeye cyane ,warakoze mubyeyi kutangisha umwana papa we .Rose ni umunyamakuru mwiza kandi akaba na mwiza hose merci ku buhamya
@machanical01 Says:
Mbega indirimbo ndikumva inyuma aho nashize uwahangeza,uretse ko iki kiganiro cyandijije gusa wa mumama we uri intwali njyewe nti byashoboka byaba uzaza jet lee cg nkaba naratandukanye kera uzi kwihangana pe
@faveur710 Says:
Madame tu es une dame Formidable Ntakwankisha Umwana Papa we Suis d'Accord avec toi👏👏👏👏 Bravo🌹🌹🌹🌹🌹🌹🥂❤
@faveur710 Says:
Rose Ndagukundaaaaa Yesu weeee imana ikurinde na Familles Yawe tu es vraiment une Rose 🌹🌹🌹🌹🌹🌹🌹🌹🌹❤❤❤❤ Grace From Belgique 🇧🇪
@faveur710 Says:
Komera komera ma , Tu es vraiment forte Chapeau🌹🌹🌹🌹🌹🌹❤ Grace From Belgium
@muhawenimanaalphonsine2361 Says:
rose urimwiza sha
@delphinecyuzuzo3610 Says:
Uri a strong woman mama. Uwo mugabo yaguprofitiye mu rukundo rwinshi war'umufitiye na personality yawe yo koroshya ibintu. Ariko byose biberaho kutwigisha, humura. Imana izaguhanagura amarira. Jye numvise ufite umutima mwiza udasanzwe pe. Keep it
@roserusingiza1286 Says:
Rose nkunda ukuntu ureka umuntu akavuga, ukamuha umwanya, ntu muce mw’ijambo 👌🏽👌🏽👌🏽.. Kandi n’awe uli mwiza pe 😍
@JanviereIngabire-p9z Says:
Kuko mfite inkuru ndende
@JanviereIngabire-p9z Says:
Rose nukuri ndishimye pe ukuntu wahishe isura yu yumama nange uzamvugishe ntange ubuhamya nange isura yange itagaragaza

More Abantu Videos