NABAYE INDAYA Y'UMUYOBOZI UKOMEYE NIGA MURI SECONDAIRE????UMUZUNGU YANGUZE MILIYONI 2 ANYANDUZE SIDA
NABAYE INDAYA Y'UMUYOBOZI UKOMEYE NIGA MURI SECONDAIRE????UMUZUNGU YANGUZE MILIYONI 2 ANYANDUZE SIDA
Advertisement

LEAVE YOUR COMMENT

YOUTUBE COMMENTS

@NgarukiyeModeste Says:
Ubwo ni Nyabarongo cangwe ni Akanyaru ?
@nyirambonigabaviolette7386 Says:
Urri indaya koko pe!
@umutesiphoibe3397 Says:
Clarisse ndakuzi pe muri APAPEN rwose. Esubwo ni Kanani waguhaga uruhushya? Cga ni Garsec? Eeeh ndumiwe disi nabonaga witonda. Gusa nizereko wihannye ukabireka.
@sympatiqueniyonzima1649 Says:
Ariko mwebwe aba bakobwa ntimubazi Uzi iyo Bari mugihe CYO gukundana nabo Bantu bakomeye baba biyemeye NGO baziranye nabakomeye yewe bakica no kurungano rwabo kd ubuzima bwabahinduka ugasanga nibwo. Bari gutanga ubuhamya gusa gira inama abakobwa bage Vareka kwishyira hejuru
@Sauda-f4s Says:
Aliko iyo ufite icyo urya nicyo unywa rwose biba bihagije ubundi ukigirira ibanga 😢😢😢
@DamasceneJean-yi6hs Says:
Izondaya muzacuruza ubuzimabwanyu murindagire bigezaho musebya nabababyaye egoko murakabije
@mutuyubutatuclarisse6852 Says:
Indaya mbaya
@MjawamariyaJane Says:
Imana ibishimirwe Yesu srashoboye
@AnacletNkurunziza-v1s Says:
Mpole mushikanje numva mwabayeho mu bihe bitoroshe
@charlesgndende5358 Says:
Ariko abanyamakuru mwabaye mute no gushaka views? Nigute ubuhamya bwiza gutya ubuha title ngo "nabaye indaya ..." nibura ntunashyireho ko yakijijwe akava mubyaha? Gusa murakoze cyane Imana ibahe umugisha. Imana yacu ninziza kdi irakiza.
@ikagi-k8u Says:
niba uri indaya, tugufashe iki?
@nkurunzizagilbert849 Says:
Icyakuyeko ningombwa ngo ubibwire buri wese???uzongereho ko uri ibigoryi
@JoselineUwitonze-kl6nd Says:
Qqqq🇷🇼🇷🇼🇷🇼🇷🇼🇷🇼🇷🇼🇷🇼🇷🇼🇷🇼🇷🇼
@JoselineUwitonze-kl6nd Says:
Imana nlnzlza🎉🎉🎉
@JoselineUwitonze-kl6nd Says:
Aaaaaaaaasasssasssdds😂😂😂😂😂😂😂😂😂🎉🎉🎉🎉🎉🎉🎉🎉
@bainganasam663 Says:
Hmmm kanihano bantumwe
@MishahiRukamwa Says:
Ariko Isimbi urambwiye! Wa musaza wakuvuzaga bronchitis i Bujumbura kwa Rusizana muri privé, buri munsi wazibye hasigaye gupfa, uramwibuka?uramusengera iyo mana yawe y'amayobera? Kandi ngo mwagiranaga isano ya bugufi!
@MishahiRukamwa Says:
Cyakora uravuga mukobwa! Imana usenga ikorohereze, kukoo! Eeh eeh! Isimbi! Koko? Nyabarongo ujya i Bujumbura, cyangwa ahari Irenga mu Marembo uva i Bugesera mu Rusagara, uri uruhinja rw'amazi, ubizi ute? Cyakora imana fake musenga yo urayizi kabisa! Ceceka! rya ayo wabonye akunyure, ubundi unume Satani ategusarura!
@UMWIZAMELISSA Says:
Ariko sikibazi kikigare ahubwo nawe ntiwaruahobotse pe nuko yesu atarobanura kubutini ariko nawe umuntu watangiriye muwambere cyangwa nubundi Wagiye usanzwe warabaye umugore
@niyibiziedouard7895 Says:
Isimbi ndakwibuka iremera dusangira kakanyanga wowe nabagenzi bawe gusa Imana ishimwe warakijijwe
@Bugingo1 Says:
Imana ishimwe cyane ko Yesu yagukijije, turafashijwe
@felixbienvenue1348 Says:
Ese wari umwana utazi ko kwicara kuri gaz yaka byagutwika? Ntimukivemo ariko
@HyyatTijii Says:
Ark ubwongubwo umugabo muhura rimwe akaguha 2.m?cg mubamumaranye igihe wenda nka 1week 😂ikindi burya ibigabo byiyubashye bigura ibiraya byokumuhanda??
@phionahnkwihoreze5511 Says:
Yooooo ndakwibutse mu ruhango Ukunda imana cyane wigeze no kuntwara gusenga
@GilbertNtakirutimana-w6q Says:
Uruhare rwumubyeyi w,umupapa ningombwa sinigeze numva Papa amuganiriza Fatherhood responsibility iyi si igihe cyose aba Papa batazakora inshingano zabo umuryango bizawugiraho ingaruka ndetse nigihugu
@UwimanaMariette Says:
Mama lan ndagukunda❤❤
@kabayizaalbert Says:
Nkaya makuru uduha nb ayiki
@belyseakimana7670 Says:
Uyu se siwe wavuze ko iwabo bamufuze ra? Ngo bashaka kumushyingira ku munyamahanga
@PatienteDidi1 Says:
Part 2 plzzzzzzzzzzz
@PatienteDidi1 Says:
Urumuhanga mama❤
@NiyimbabaziRose Says:
Ndashimwe cane kurik. Kiganir. Murakoz can❤❤❤
@georgettenkusi559 Says:
J😅lp
@eddydany5301 Says:
Ujye uvuga uti bambwiyeko aliko wirinde affirmation 🤷🏽‍♀️ 🤔
@Itismeforever-q2r Says:
Rose , it’s been a couple of days since i found this YouTube channel, but thank you so much you’re incredible 🫶
@estherirakoze7776 Says:
Imana ni nziza ibihe byose🥹🥹😭😭🙏🏻🙏🏻🙏🏻🙌🏻
@bradleykhanei4092 Says:
Ariko mujye mumenya kuvuga Ikinyarwanda !😅😢 Ntabwo wabaye indaya, cyeretse koko niba wari indaya yigurisha ku bagabo barenze uwo umwe uri kuvuga!! Ariko niba ariwe gusa mwahuraga mukarangiza uwo mukoro 😢 wowe wari ihabara ye, cyangwa umukunzi we, cyangwa se yaraguhinduye inshoreke: ayo niyo mazina wakwiyita bitewe nuko byari biteye!!
@sisigisele1541 Says:
Rose rwose iyo Part 2 irakenewe pe
@uwizeyejosiane7338 Says:
Ariko koko Isimbi wambabariye wo kabyara we ukareka kujya wirirwa uvuga ko Mama wawe bamufashe ku ngufu Mama wawe ko yitahiye ubu wavuze ibyawe gusa Mama wawe ukamureka reka nkubaze nkuwazura Mama wawe yanezezwa nuko wirirwa Umuvugavuga
@mugishayves9033 Says:
Isimbi komera cyane!! Warakuze cyane disi nguheruka kera kuri remera Catholic muri primaire. Imana ikomeze kukwagura no kugukomeza.
@MWS5884 Says:
Agacuro kanjye n'umwanya wanjye mu mana ukurikirane iki kibwiriza, Uwiteka akurinde ariko wegere Imana kurutaho, kubera ko uwanyuzemo muribyo aba agerwa amanjanja,
@MWS5884 Says:
1john3:16
@ruremeshabarnabe3305 Says:
Part two?
@anne-mariekazoviyo2568 Says:
Erega uyu mu maman n ubu aracisigura ku ma kosa 🤷🏻‍♂️ ntarabona ikosa yakoze
@ikagi-k8u Says:
ntukabe indaya muvandi.
@muvunyileonce6466 Says:
Kabuga H school, hari mu Birara bitabaho, no muri Apred hari hazima hakiba Directeur bitaga Kalisa
@innocentmugisha3812 Says:
Urakoze Rose guha ijambo Clarisse. Clarisse urakoze gusangiza ubuhamya bwawe abantu bose. Ndabizi ko ubizi ariko ufite amavuta Uwiteka Imana Data yagusize, jya wivugira ibyo Imana ikubwiye kuvuga, uri umunyamugisha, ufite igikundiro Imana yagusize kandi urakunzwe cyane. Rwose Part 2 nayo izaze
@confiance1-y3z Says:
Hello Rose! Please! Part 2 muyidushakire vrm! We love you so much
@BlessingVeroNdayisaba-ef8xy Says:
Ubuhehesi à 13 ans Nizere ko wabiretse kuko biteye isoni. kandi inkuru uyivuga wishimye. Akamaramaza

More Abantu Videos