ABAGABO BENSHI NTIBAZI KUNEZEZA ABAGORE BABO????IBYO GUHORANA AGAHINDA~Clarisse ABIGARUTSEHO~ IYUMVIR
ABAGABO BENSHI NTIBAZI KUNEZEZA ABAGORE BABO????IBYO GUHORANA AGAHINDA~Clarisse ABIGARUTSEHO~ IYUMVIR
Advertisement

LEAVE YOUR COMMENT

YOUTUBE COMMENTS

@glorioseniyonzima4449 Says:
Rose nsanzw mukunda,nongeyeko Clarisse
@hhhhhhhh5749 Says:
Akantu ko kuvayo Ntawe ugateganya Ahubwo Iyo umugabo apfuye ? Ko byo Biri normal bigenda gute ?
@itt250 Says:
mbega ikiganiro cyiza❤ Ubundi Bible ibivuga neza ngo nimucumura ntimugakore icyaha ngo izuba ririnde rirenga mukirakaye
@mukayirangaolive2630 Says:
None c iyo akunaniye muribyose wabigenza gute ari wowe ufite inshingano akagerekaho no kubuza umutekano mutugire inama
@DancillaMPAWENIMANA-hk7jk Says:
Mukanya weee urimwiza❤❤
@Today.now.01 Says:
Kenshi abagabo ntidukunda abaduhitiramo imyambarire ariko tugashako umugore yambara uko tugomba.
@IrasubizaGifty Says:
Nange nikundira Clarissa cyane na lose sha noneho iyomurikumwe mubara inkuru ndabikunda nukuri muzarambe badamu beza
@THEBEAUTYTVSHOWthebeautytvshow Says:
Clarisse ndagukundaaa ubyumvee
@MUKUNDECynthia-ky3yf Says:
Ch Rose na Clara bibaho koko! Kera nari caring ku rwego rudasanzwe! Uwo nitaho ntangaragarize ko yabikunze cg ngo nanjye abinkorere! Bigezaho aho nshiduka byaranshizemo peuh none asigaye abinyibutsa ati" ko utagikora ibi! Nanjye simenye aho byagiye! Kandi nyamara narabikoraga mbyiyiziho peuh😢 But kugira ngo wongere ugaruke muri mood ya kera birarushya peuh😊 thank you 🙏 ndabakunda ❤🙏
@uwiringiyimanaclarisse7372 Says:
Sha nagushakaga shahu nanjye narwaye INDOMETRITIS😢 NABYAYE MBAZWE AFTER BARAYINSANGANA INDA YANJYE IRAMBYIMBYE MUNGIRE INAMA YUKUNTU NAKWIVUZA NGAKIRA NDABINGIZE UMUNTU UBONA IYI SMS ANGIRE INAMA NDAHANGAYITSE
@uwamahorojacqueline-r6b Says:
Njye nari mukumbuye cyaneee
@umusarurotv Says:
Uwomuntu ni Joriji baneti waziritse ihene hejuru y'inzu😅
@Icyishatse25 Says:
Ese tubwire warakize Munda ‘v
@mamaal6949 Says:
I like the intro 😂😂ng bafite Utwanaaaa😂😂😂
@louiseirafasha1550 Says:
Ahhhh❤❤ kitwa Petero nzukira noneho ahumugabo yasigaye murugo biri mugice cya 2😅😅😅❤😂
@NIYITANGAJeanette-b6b Says:
Hi ! Ni Peter Nzukira waziritse Inka hejuru y' inzu
@nyiramugishagentille626 Says:
Narimukumbuyd disi❤
@uwerasoline4097 Says:
Ni ukuri nkunda ukuntu useka rwose ,ariko Rose rwose wowe ngukunda bikomeye ni uko ntinya kujya kuri camera mba numva naza tukiganirira , ariko abanyamakuru iyo ubasuye bakwakiriza camera😂😂😂😂
@paulinendayishimye7661 Says:
Ni petero Nzukira
@genaedissa1008 Says:
Clarisse shaaa ❤❤❤❤❤
@flowrwanda1031 Says:
Uwo mwandiko ni uwa petero nzukira
@mmkjbvbvkampireon1752 Says:
Kabisa njye ntacyo narenzaho
@janeurwukuri4723 Says:
Uwo mwandiko ubwo Si petero nzukira🫢
@antoinettemukamusoni9225 Says:
Indamutso nicyambere kuko ushobora kwinjira uvuga nabi ariko ntago uba uzi strago mugenzi wawe yiriwemo.
@antoinettemukamusoni9225 Says:
Penso❤❤❤❤❤
@Bonamipodcast Says:
Mariya arasetse koko 😂😂😂 Nyamara izina ry umutware ntaribi kurinagaho 😂
@chrishubert6047 Says:
Happy new year Rose wanjye ngukunda cyane 🥰🥰🥰
@chrishubert6047 Says:
Nimwiza twari tumukumbuye
@esperancebutoyi6927 Says:
Rose uraraba neza ko utagwaye goitre (umwingo) kuko uwugwaye.birashika ntutwite urawivuza rero bawubage kuko naje narawugwaye barawubaga ubu narakize
@MeidanTarinatOfficial Says:
Narimukumbuye pe❤
@mukamazimpakajudith213 Says:
Rwose ngewe iyo ngeze murugo njya mugikoni niyo naba mfite umumozi
@alicefaisane4212 Says:
Petero nzukira byari mumwandiko mugitabo cyo gusoma
@mbabazinadia99 Says:
Uwiteka nukuli abakomeze Rose I love u love u too cla uzi kubara inkuru koko😅😅 u are very smart guys imana nukuli Yumve gusenga kwanyu ibahe abana beza bumugisha kdi bidatinze nukuli yihutishe ibihe yomore imitima yanyu namwe mwishime nkabandi babyeyi disi kdi ikomeze kwagura imitima yanyu niyabatware banyu mukomeze mwikundanire nkuko mubikora nizindi famille zose zitegereje abana uwiteka abatabare amen
@Ninafrance-n1t Says:
Ibyo byo gufata amazina yabagabo banyu nibinyamahanga kandi iyo mutandukanye ujya kurikuzaho murukiko cg aho igihugu ubamo cyagennye. Ariko ibyiza nukudafata ayo mazina yabagabo banyu, ntago ari itegeko ahubwo umugore numugabo barabyumvikana kubwabo
@faithbanda1982 Says:
Rose your friend she has a cute smile.😊
@RushingabigwiMarieGoretti Says:
Ese iyo umugabo atazi guhahira urugo, n'est-elle ntiyite no kumaranga mutima y'umugore we, n'est-elle ntiyite no ku abana, uwo umuntu yamugenza ate????
@rachelmunezero5365 Says:
Rose mwiza Ndagukunda cyane nkunda ibiganiro mukora biranyubaka cyane Imana ikomeze ikwagure ikomeze utere imbere
@DusabemariyaCladine-df1sv Says:
Nose uyumubwira akakwihorera wakora iki?
@DusabemariyaCladine-df1sv Says:
Uvuze akantu numva niko kogutanga ugashirirwa byambayeho pe narashiriwe nsingara nanjye ntazi icyondicyo
@u.e2332 Says:
iyo song ya yuda irantembagajeee ngo tubana nkuzi i wish mine understand kinyarwanda too nkajya nyimutura hahahahaha
@usanasemediatrice19 Says:
Sha abenshi ibyo twarabibuze pee
@iradukundamireille5228 Says:
Sha muvuze akantu nibuka ukuntu nigeze nkorera umugabo surprise mbona ntiyishimye arambwirango ntabikunda nugusesagura,noneho rimwe kukazi kabo bakina kakawete ndeba ukuntu yashyushye ashaka impano azatanga ndeba ukuntu yishyimiye iyo bamuhaye kd itarinafite agaciro nkiyo namuhaye Sha narababaye nubu iyo byibutse agahinda karanyica😢😢
@MurekateteFrancine-p3h Says:
Ako gakuru naka petero nzukira😂,ndabakunda❤
@abegadarl4716 Says:
Naringukumbuye kurino mihanda wee😊❤
@DuduGloria Says:
Uzorabe ubaze umudocteur
@DuduGloria Says:
Rose je uyumuns ndakuravye mwizosi mbona umenga urafse goitre twe mukirundi tucita ikimirongo woba ubiziko ugifse cnk nizosi ryiza je naravye nabi
@umuhirwajoyeuse9457 Says:
Clarisse weeee warukumbuwe nukuri warabyibushye cyane, umeze neza? Warunarwaye warakize? Ibazeko nanditse ntarareba nikiganiro😂😂😂 uratubwira niba byaraciyemo wa
@saraumugwaneza2030 Says:
Mwakoze ikiganiro cyiza,mwubahwe.None se umudamu wikoreye inshingano zose z,urugo,akagerekaho no kuvunishwa mumarangamutima,ukagerekaho no kudahabwa agaciro umugore ufite umugabo umufata gutyo mwamugira iyihe nama?Ndabinginze nimubona iyi Comentaire yanjye munsubize.
@whitecalaroyeee2026 Says:
Naringukumbuye Uwanyana chou❤❤😂
@deborahumutoniwase9871 Says:
Amen warakize?

More Abantu Videos