Amata Musafiri yavuze ntacyo kwirata kirimo! 78L/365jrs? 213ml? Nta na 1/4L!
@vanesaandreya2556 Says:
Normalement munyubako ihuriramo abantu benshi , pour la question de sécurité, hagomba kuba hari chef de sécurité buri munsi, un secouriste(s) mu gihe bibaye ngombwa, aho abantu bahurira bose mu gihe cya évacuation,....
@NtagungiraARemy Says:
Ko mutavuga abarangiza kwiga ariko ntibakore akazi.
@NtagungiraARemy Says:
Umushyikirano ibyo tuba dukeneye kumva sibyo tubona abayobozi baza ministere baratubeshya bakavuga discure ziryoshye mu kwirinda guseba imbere y umukuru wigihugu.nkubu minisante ko itatubwiye niba ibyemejwe muri meet the president niba byarubahirijwe.?
@NtagungiraARemy Says:
Ibyo uvuga nibyo.
@footballparty4555 Says:
Hari indirimbo yitwa Ibisingizo bya Nyr'ibiremwa
@habimanajeanpaul1031 Says:
@ Joseph Senior, Nkunda ko ugira ingero zoroheje kuzumva!
@tumusifujames1707 Says:
Joseph Kwiga nikimwe no kuba certified nikindi. Kaminuza hanze aha zitanga ubumenyi bucirritse . Uzarebe nko Muri Field ya Finance and accounting abiga CPA ngo babe certified bikayitsinda nibake so nabo bashyireho extra courses for certification.
@rugalikabob7255 Says:
Ubusesenguzi bwa Joseph nibwo. Karya kantu uherutse kuvuga uti dutanga menshi yo kwigaragaza neza arenze ayo kwitunga niko. Ubukwe busigaye ari ikibazo. Si ubukwe gusa na za anniversaire zimaze gufata indi ntera. Uzarebe, ntawugisura cyangwa ngo afate mu mugongo umurwayi abikorerwa yahuhutse😮
@yizerevalensyv2503 Says:
ikibazo cy'ingaga byo zididinza iboneka ry'abakozi Kandi uko umuganga amara imyaka hanze niko yibonera ibindi byo gukora Kandi bihemba neza nk'uko Utumatwishima umuhanga mu buvuzi yigira muri politiki na ba Biruta bakigira muri politiki ntibagiwe na ba ntawukuriryayo na ba Nyiramirimo ni nako umuganga usiragizwa birangira yigiriye mu bindi cyane ko byinjiza kuruta ubuganga numva aho kuzitira abantu ngo ntibagere mu mwuga bize ahubwo bahabwa akazi ubundi bagahabwa amahugurwa abinjiza mu mwuga neza naho kwibwira ko umuntu yakwiga imyaka 3-4 ngo agasohoka atashobora gukora kwa muganga byo ni ikinyoma kuko abajyanama b'ubuzima baravura batararenze primary
@emmanuelmuhirwa9172 Says:
Aho ntabwo urasa ku kibyimba nyirizina.
Ese umuhinzi afite ubuhe burenganzira bwo guhitamo icyo ahinga mu murima we
Joseph na joseph rwose muri abantu babagabo cyane . ariko muziko iyo licence iba na expired buri mwaka bakora validation kdi nabwo hakabaho gutanga andi mafaranga. imibereho yabaganga yo biragoye cyane gusa Imana ibahe umugisha kuko imishahara yabaganga yo ni ukwihangana abantu barashize.
@aimeloic3945 Says:
Ibigo bishamikiye kuri MINICOM: *NIRDA( National Industrial Research Development)
*RSB(Rwanda Standards Board)
*RCA(Rwanda Cooperative Agency)
*RICA(Rwanda Inspectorate Competition and Consumer Protection Authority)
Naho ubundi ibiganiro muduha rwose turabishima pe!!!
@cyridionahimana7295 Says:
Biriya bigo bishamikiye kuri Minicom ni duplication duplication duplication @ 100 % ariko ikosa rikaba ritangiriye kuri decision makers babishyiraho kandi bazi ingorane bizatera.
Ariko ukunda kwitiranya PS: permanent secretary na MoS: Minister of State, mbyumvise nko mubiganiro nkabitatu ubyitiranya.
PS ntabwo ari member wa cabinet. MoS we ni member wa cabinet.
Thanks
Minister Ildephonse Musafiri yadupfunyikiye amazi. Yatweretse ishusho iteye amabengeza y'uko kwihaza mu biribwa guhagaze mu gihugu, nyamara inzara za NZARAMBA/WARWAYE RYARI... ziranuma mu baturage. Ese ko Dr Musafiri atatubwiye ko imbuto za RAB ari ingumba, ko bazitera ntizimere, n'izimeze zikera nabi ? Nabonye bisa naho muri uyu mushyikirano abayobozi bari bahanye gahunda yo KUTAJORA, kuvuga ibigenda gusa, no kuvuga ibigwi IMIYOBORERE MYIZA irangajwe imbere na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika 🤫🤫🤫
@twahirwa3420 Says:
Aha rwose nabashyimiye💯
Ubusesenguzi mukoze ntibusanzwe👍
@jeanvaljean3848 Says:
Ko numva ibintu byose bipfira kwa MWUKA ra ! Ndabona igihugu kiyobowe na ba BANGAMWABO
@yizerevalensyv2503 Says:
Kera umushyikirano wafataga ibyemezo bikomeye Kandi bigashyirwa mu bikorwa ndibuka niho havuye iby'imirenge Sacco ariko muri iki gihe rwose baba bamurika ibyo bagezeho banatunyomeka ibaze amata ngo twanyoye numiwe koko
@KaginaRobert-zn1cg Says:
Nabonye abasingiza n abivuga abashyikirana ntabo nabonye ahubwo muzabatwereke uko baba basa
YOUTUBE COMMENTS