Ni byiza ko mu gutegura ikiganiro nk'icyi mwari gusaba minutes za discussion yakorewe mu nteko, raporo yaherekeje umushinga w'itegeko muri Minisante. Si uko Leta iba yanze gufungura nk'uko mubivuga ndetse n'amakimbirane muvuga mu nkuru , iyo musobanuza mwari kubona ibisbanuro kuri ibi byose. Ndizera ko muzadukorera iyindi kuru. Kuko iri tegeko riri more precisious and technical.
@adolpheugirashebuja4473 Says:
Bsr, uyu muganga ni umwe mu beza igihugu gifite, abantu bashyira ku munzani ingaruka nziza ni mbi. Kuko iteka simbona gufunga iracyo gisubizo mu gihe atari ibyaha by'ubugome. Amategeko yacu yongera asuzumwe neza.
YOUTUBE COMMENTS