Ikibazo abanyarwanda dukopera abanyaburayi ariko byagera kuri politic no kwisansura mugutanga ibitekerezo tugashaka kuba nkabanyaRwanda
@porthos120 Says:
Ibi byo kwemerera gusa company kuzajya ari zo zubaka ni ibyo gutuma inyubako zirushaho guhenda kuko company ziba zishaka gukuramo ayazo kandi ntibitanga guarantee ko izo nzu ziba zubatse neza. Ingero z'ibyubatswe na companies bisondetse turazifite nyinshi. Hari inyubako zemewe zo muri R1 mbona zidakeneye gushaka companies mu kuzubaka, ahubwo company ikaba yakenerwa mu gutunganya sites no gukora ibikorwa remezo bya ngombwa kugira ngo ibidukikije bibungabungwe!
@weforchange_2024 Says:
Ibintu muvuga nibyo 1000% nanjye ndabibona pe
@desiremuhawenimana9113 Says:
Joseph, urajo neza. Nakunze cyane ikiganiro mwakoze kubijyanye n'imitirire, ku bijyanye no kuba bigeze ko buri wese hageze ko atakwiyubakira. Harya buriye nomero yawe nayibina gute?
@emmanuelndayizeye4093 Says:
Iki kibazo kirumvikana ariko izo company rwose zubaka nabi kurusha kwiyubakira Ikibazo sukwiyubakira ahubwo ni regulation ya standard yizo companies . Hari umuturanyi wanjye Company yubakiye Cadastre imuca 50 Millions nyuma irongera imwaka ! iyanjye ntahantu ihuriye niye ariko yantwaye 55 Millions kwiyubakira we imutwara amost 80 millions kandi ubuziranenge zeru
@idriss-k6e Says:
Joseph genda urasesengura man. Ikibabaje ababishinzwe ntibanicara ngo bige
@bangamwaboanaclet7610 Says:
Iyi analysis irasobanutse rwose.
@TheophileIngabire Says:
Ubuse ntazubakwa nama companies zateje ibibazo ubushize ntiwavugaga RDB RRA yanzu yo mukanogo izo zose ntizateje ibibazo zarunatswe nayo ma companies akomeye ahubwo mbona hashyirwa imbara Muri inspection ruswa ikavamo naho ibyo barimo gushakira abakire bene wabo
@Karekezi-y7i Says:
Kuva mwatumira Sebiradiyo nahise numva ntabitekerezo mukigira na Joseph kweli? Ukuntu nabakundaga 😢
@viateursikubwabo7655 Says:
NTUREBA IBIGANIRO BIZIMA NAHO BIRIYA BYO KUZANA SEBIRADIYO KURI NO CHANNEL YANYU NTA CONTENT IRIMO PE NTIMUZONGERE RWOSE KWICA UMWIMERERE WANYU
YOUTUBE COMMENTS