Yemera ko yakoze icyaha . Abo bandi ko bitamureba yavuze ibimureba ? Abandi nabo ko bazabazwa ibyabo . Aba bacungagereza baba abenshi barariye ruswa kandi nawe arabyemera . Ahubwo bamukorere dossier abiryozwe . No kuvugana n’itangazamakuru ufunzwe ubwabyo nicyaha
@Joshua-1725 Says:
Nizere kuzajya utelefona nabandi bafunzwe . Abo yajyaga arinda buriya abona bo babayeho neza ? Muri gereza si muri hotel
@ruhezamihigojeanclaude-jd9dh Says:
Wamu sevevire toka
@UwitonzeJeanDamour-ib3pr Says:
Barenganurwe nibyo
@MukantagaraAngeliqwe Says:
Kwishimira ibyago by,undi si sawa ariko buriya byose ni ikibazo cy,igihe, nk,ubu wavugako nk,uwigeze kuyobora i Ngoma yatinyuka gutaka gutya n,ukuntu guhera mubkwa 7 /2019 kugeza ahavuye ibyo yahakoreye bimugarutse yatakira ingoyi! Pe hari abagira ubumuntu, hakaba n,abandi wibaza niba bazi ko bari mu isi,, igiti uzarya ushaje ugitera uri umwana, pole sana!
Yemwe yemwe mubabarane n'abababaye basi tubasengere lmana ibatabare ibarenganure
@MusabyimanaSamuel-d1p Says:
Isintisakaye buriwese yamunyagira
@mukyaraeddim1277 Says:
Ngahorero
@mamadina8 Says:
Azahere mu munyururu nawe yakoreye abandi banyururu ubugome bukomeye
@christian-o9h5l Says:
Teo none c babafashe ntacyo babakurikiranyeho hari status ibagenga ibyo bari kubyirenhagiza pe ni bategereze bakurikiranwe nihagaragarako barengana bazabarekura
YOUTUBE COMMENTS