Yesu kristo nashimwe cane jean luc nukuri abantu baramaze kwinjira mubuyobe ariko iconzico nuko ishengero rya kristo rihagaze kandi rigaragarira abashaka kuribona ndakwinginze rero umpamagare tuyage ndi umwe mubo mwavyaje ubutumwa bwiza ndingaha iburundi ingozi naramaze gufata ingingo yokwitandukanya nimyuka iyovya kandi kuba muri kristo birampagije ariko nokumba hafi vyonshimisha ndi samuel ndayikengurukiye muhezagirwe cane
@NiyonsengaMarie-y8j Says:
Amene IMana iguhe umujyusha
@biganzamoise8816 Says:
Twirinde cyane kwishuka koko ntawarushuje intumwa kubana na Yesu ariko zageze ku munsi wanyuma bataramenya Yesu uwariwe, kugeza n’ igihe bamwihakanye turusha Petero kumukunda, ariko lmana ishimwe kuko Yesu yadusezeranyije Mwuka Wera uzatwibutse ibyo twiga byose ni byo yatubwiye byose Yohana 14:25,26 Kandi ati: ”Ufite amategeko yanjye akayitondera ni we unkunda, kandi unkunda azakundwa na Data, nanjye nzamukunda mwiyereke. Yohana 14:21
@biganzamoise8816 Says:
None se ko urwanyije ibyo Yesu yivugiye? Ahubwo waba utazi uho uri? Kuko Yesu yavuzeko afite intama zitari izo muri uru rugo, ko nazo zizumva ijwi rye zikaba umukumbi umwe. Yohana 10:16. Ikindi kinyoma kwitorero uvuze, ubuse itorero ry’ intumwa za Yesu Yuda yakoraga iki? Ntiyamugambaniye, wowe se ugira ngo ni wowe wakqemeza abantu muri ayo madini yose urwanya hariyo abo lmana yemera mu buswa bwabo babyera bataryarya imitima yabo. Abo rero igihe cy’ lmana izabagira ishyo rimwe. Kandi wibuke ko agakiza gaturuka mu Bayuda abandi musenga ibyo mutazi Yohana 4:22
@PapaKing-bz1fg Says:
Wakoze mukozi w Imana jean Luc kuba utugezaho amasomo ajyanye n agakiza. Komeza kuduhugura uko twakwitwara surtout kuri iyo minsi nka Noël ,Pasika, les anniversaires,uriya minsi makuru yo gutaha inzu,kumurika indaya ( Brad shower......)
Ese kwibuka urupfu rwa Yesu no kuzuka bikura abantu ku Mana cyangwa bituma bayegera??? Njye mbona udakwiye guta umwanya uvuga amadini ahubwo wavuga ubutumwa bwiza ibindi nyacyo bimaze
@UmuganwaClaudette-rm3id Says:
Ariko se Pasika twizihiza: Twibuka ukuzuka Kwa Yesu kristu.!!!!!!!!! Nonese urumva bidakwiriye kumwibuka???????
Numunsi wintsinziiiiiiii
None tukavuga ibyabaye kugirango bitugeze ku munsi nkuyu wa Pasika.
Yewe muragowe adashaka keihimbira bibiriya yanyu mu bwenge bwanyu.......
@n.p.theogene Says:
Ubu se wahamiriza umuntu runaka ko Ari umwana w' imana? Umuntu niwe wihamiriza kuko ntiwamenya ibiri mubitekerezo bya mugenzi wawe!
@newcreature-J7 Says:
Ef 1:16-23
[16]mbashimira Imana urudaca nkabasabira uko nsenze,
Cease not to give thanks for you, making mention of you in my prayers;
[17]kugira ngo Imana y'Umwami wacu Yesu Kristo, ari yo Data wa twese w'icyubahiro, ibahe umwuka w'ubwenge no guhishurirwa bitume muyimenya,
That the God of our Lord Jesus Christ, the Father of glory, may give unto you the spirit of wisdom and revelation in the knowledge of him:
[18]ngo amaso y'imitima yanyu abone uko ahweza mumenye ibyo mwiringizwa n'Iyabahamagaye, mumenye n'ubutunzi bw'ubwiza bw'ibyo azaraga abera,
The eyes of your understanding being enlightened; that ye may know what is the hope of his calling, and what the riches of the glory of his inheritance in the saints,
[19]mumenye n'ubwinshi bw'imbaraga zayo butagira akagero, izo iha twebwe abizeye nk'uko imbaraga z'ububasha bwayo bukomeye ziri,
And what is the exceeding greatness of his power to us-ward who believe, according to the working of his mighty power,
[20]izo yakoreye muri Kristo ubwo yamuzuraga mu bapfuye ikamwicaza iburyo bwayo ahantu ho mu ijuru,
Which he wrought in Christ, when he raised him from the dead, and set him at his own right hand in the heavenly places,
[21]imushyize hejuru y'ubutware bwose n'ubushobozi bwose, n'imbaraga zose n'ubwami bwose, n'izina ryose rivugwa uretse muri iki gihe gusa, ahubwo no mu bihe bizaza.
Far above all principality, and power, and might, and dominion, and every name that is named, not only in this world, but also in that which is to come:
[22]Kandi yamuhaye gutwara byose ibishyira munsi y'ibirenge bye, imuha Itorero ngo abe umutwe waryo usumba byose,
And hath put all things under his feet, and gave him to be the head over all things to the church,
[23]na ryo ribe umubiri we ushyitse kandi ushyikirwamo na byose.
Which is his body, the fulness of him that filleth all in all.
@NdesSylvere Says:
Uwite kk a agukomeze! Kampire Clarisse yagiyehe?
@ishmaelirumva6410 Says:
J. Luck Imana igukomereze amaboko.
@antoinekayitare5331 Says:
Ariko ntahantu Yesu yigeze avuga kubyapaska ngo tugege tubikora ibyo yabivuze Ari gutanga igaburo asezera abigishwa be naho Paska iri mu isezerano rya Kera .
@NyiramahirweSoline Says:
Yesu ati muge mubikora bibe urwibutso rwanjye
@barabaranisautitv Says:
1abakorinto 5.7.8
@Mahanayimu Says:
Ese navuga iki??? yesu aguhe umugisha gusa Kandi agukomeze ndize
@emanuelemaombi7310 Says:
Kd Imana ige ibashoboza gushyira ukuri ahabona
@balthazardusabeyezu6695 Says:
Amen! May God bless you Pastor. Abafite amatwi yo kumva twumvishe.
@ME-mg3lv Says:
Ese ku bijyanye no gutoranya muzadusobanurire abaroma 9 igice cyose
@oscarHaragirimana Says:
Wamugabo uteye ubwoba duhereye no kuri mose lmana yari yaramutegetse iminsi yo kwibuka none tureke kwibuka none se nkubaze no kwibuka nibibi jya usonanura neza mubintu byose ugomba ko haba ikiza ariko nikivanga mticyaburak kuko satani ntarabohwa
”He took some bread and gave thanks to God for it. Then he broke it in pieces and gave it to the disciples, saying, “This is my body, which is given for you. Do this in remembrance of me.”
Luke 22:19 NLT
@emmanuelrwibutso6491 Says:
Yesu ashimwe cyane, Ntago nzi impamvu abantu twese twitirirwa Kristo ariko ntitube twasengana, Twagnira muburyo bwuzuzanya,Ibi byose by,amcakubiri bigaragaza ko tutaremerera mwuka wera ngo atuyobore, tumeze nka Petero atarajya kwa,Colonelio
YOUTUBE COMMENTS