USABWE KUBANZA KUMVA IBI MBERE YUKO WIZIHIZA PASIKA IZABA 31/3/2024 KIZA UBUNGO BWAWE MUKUTAWIZIHIZA
USABWE KUBANZA KUMVA IBI MBERE YUKO WIZIHIZA PASIKA IZABA 31/3/2024 KIZA UBUNGO BWAWE MUKUTAWIZIHIZA
Advertisement

LEAVE YOUR COMMENT

YOUTUBE COMMENTS

@felixsebanani795 Says:
2Abakorinto 4:10 ntago ari 2Timoteyo 4:10 Tugendana mu mubiri iteka urupfu rwa Yesu,ngo ubugingo bwa Yesu nabwo bugaragarire mu mibiri yacu
@DenyseTUMUKUNDE-f7v Says:
Yesu abakomeze knd abahumugisha amen
@DieudonneIrankunda Says:
Wakoze Jean Luc ku mhati n'ishyaka ryo kwigisha Ijamvo ry'Imana. Gusa hari aho nawe ugaragara nk'uri guhakana Bibiliya. Sinibwira ko Pasika twizihiza ubu ari nk'iy'abisiraheri bizihizaga. Yesu ubwe yaprofise abigishwa be abereka uko bakwiye kujya bizihiza Pasika bitandukanye n'ibyari bisanzwe kuko n'ifunguro yasangiye n'abigishwa be ntiryari umwana w'Intama. Yari umutsima abasobanurira ko uwo Mutima ushushanya umubiri ugiye gutambwa; na vino abasobanurira ko ari amaraso ye agiye kumeneka kubwabo. Arangije ati, "IBI MUJYE MUBIKORA MUNYIBUKA". Niba abantu bizihiza Pasika batyo kuko bose ubashyira mu gatebo kamwe ngo bahakanye Yesu Kristu. Ujye ugerageze usobanure uko bikwiye kuba bikorwa aho kumvikanisha gukorwa mu buryo ubwo aribwo bwose, kuko nawe aho uru guhakana ibyo uvuga ko wemera.
@NiyongaboEmmanuel-ve1tu Says:
Yes yes that is really thank you pastor
@jeorgeboy7682 Says:
uvugukuri bwiriza amahanga dukizwe
@nsanzimanafilippe7212 Says:
Yaba mukuri no muburiganya Kristo aramamazwa buri wese agira uko afashwa niba ufite uko ubyumva n'abandi bafite uko babyumva
@ingabiregrace2320 Says:
Ese ubu tuzabwirwa niki uvuga ukuri dukiranuke ubundi Imana izatuyobora aho youtube zaziye mba numva mumutwe wanjye byaricanze
@lecgtvmushumba Says:
Yewe ufite akazi gakomeye cyane wowe wihutira gutokora amaso yabandi ese wowe urasukuye cyangwa 😏🥺
@PastorGAHUNGUJean Says:
AHO NSHIGIKIYE JEAN-LUC N UKO KURYA ADASHOBORA KURERESHA UMWANA WAWE KWA MALAYA NIKO UTOJA KURERESHA UWIMANA MUMADINI Y IBINYOMA TUZI NEZA DOCTRINES SATANIQUES ZIHARI.
@PastorGAHUNGUJean Says:
Frère Jean-Luc Gira amahoro y Imana muri Kristo. Burya nkunda yuko urumuhizi ukaza urafasha abantu kwuguruka amaso bakamenya ibibyoma vy amadini. Mugabo kuca pasika ucitondere , kuko Umwami niwe Yivugiye ati : " MUZE MWAME MUBIGIRA MUNYIBUKA , IFUNGURO RYERA KURI TWEBWE N 'UMUNSI MUKURU WA PÂQUES NTUVYITIRANYE N'IVYA KATOLIQUE IBIFATA NK'UKO YAPFUYE UWO MUNSI
@balthazardusabeyezu6695 Says:
Amen. May God bless you Pastor
@MurekateteSylvie Says:
Mujyemutureka ABA cathoric
@MukamanaAlphonsine-p4x Says:
Ariko ubundi itariki ariyo cyangwa atariyo bitwaye iki? Ikingenzi suko umuntu asenga?kubwanjye mbona mwakwigisha abantu kuva mubyaha naho ibyo bindi mucukumbura nugutandukira no kurwanyana kwamadini kd mukirengagizako mu ijuru hatazajyayo idini ahubwo hazajyayo abakiranutsi Yewe Imana inyihere kuyikorera ibihuje n,ugushaka kwayo nere imbuto zikwiye abihannye naho iminsi mikuru kuyizihiza no kutayizihiza sibyo bihindura umuntu intungane cg umupagani
@emmanuelrwibutso6491 Says:
1 Abakorinto 5:8 Nuko rero tujye tuziririza iminsi mikuru tudafite umusemburo wa kera, cyangwa umusemburo ari wo gomwa n'ibibi, ahubwo tugire imitsima idasembuwe ari yo kuri no kutaryarya.
@emmanuelrwibutso6491 Says:
1 Abakorinto 5:7 Nuko nimwiyezeho umusemburo wa kera kugira ngo mube irobe rishya, mube mutakirimo umusemburo wa kera koko kuko Pasika yacu yatambwe, ari we Kristo.
@vickynzabonimpa2765 Says:
Imana ishimwe cyane kunyigisho nziza mutwigishije. Imana iguhe umugisha nabawe bose
@UwitonzeJosiane-k3d Says:
Ukuri kuzuye
@PN20028 Says:
ubuyobe nubuhakamyi ni bi?
@Umwero Says:
Nonese ko abasinzi basinda bavuga Yesu, natwe tuzarorere? Wamugabowe ufite agace kukuri ariko uri mubuyobe
@HasangirabakizeArcade Says:
Urakoze cyane ❤
@ndayishimiyeprosper1671 Says:
Iyi minsi Noeli na Paska murapfa iki nayo koko. Kd ngubu arabeshya imbaga ko ari Mwuka wera umuyoboye.Uti ibiyikorerwaho ni amahano, nkubusambanyi ubusinzi nibindi,Ushatse kuvuga ko ntabikorwa kuri iyo minsi bizima byiza kurundi ruhande? Hhhh uyu We arabavana mu idini,ariko amaherezo akazagusha mubadive abazamuyoboka. Hari nabandi bavugabutumwa nabo usanga bavuga ko ntadini bigisha baganishaho ariko amaherezo bakazayobora abigishwa muri rya Dini bemera. Ingero murazizi. mbiswa maaaa. Sh Mwitubeshya mwabisambo Mwe.Byibuze na Kiliziya ihamya ko ari imwe itunganye kd ishingiye kuntumwa.mumisa buri Cyumweru bakabihamya.
@ndayishimiyeprosper1671 Says:
Iyi minsi Noeli na Paska murapfa iki nayo koko. Kd ngubu arabeshya imbaga ko ari Mwuka wera umuyoboye.Uti ibiyikorerwaho ni amahano, nkubusambanyi ubusinzi nibindi,Ushatse kuvuga ko ntabikorwa kuri iyo minsi bizima byiza kurundi ruhande? Hhhh uyu We arabavana mu idini,ariko amaherezo akazagusha mubadive abazamuyoboka. Hari nabandi bavugabutumwa nabo usanga bavuga ko ntadini bigisha baganishaho ariko amaherezo bakazayobora abigishwa muri rya Dini bemera. Ingero murazizi. mbiswa maaaa. Sh Mwitubeshya mwabisambo Mwe.Byibuze na Kiliziya ihamya ko ari imwe itunganye kd ishingiye kuntumwa.mumisa buri Cyumweru bakabihamya. Sh Muraje mugwe, mugushe namazuru.
@victorntakirutimana3535 Says:
Pasteur,wihangane turubaha abakozi b'Imana,ariko wokwegera abahishuriwe inyigisho ndora Mana bagufashe warayovye,va mumarangamutima utahure ukuri. Yesu we nyene agutahuze kuko bible ntayo urasobonukirwa
@victorntakirutimana3535 Says:
iyo udatahura ibintu ntushake kubasigurira ivyo nawe utunva Pasika nivyo yamyeho,n'imbere ya yesu,nawe uravyemeza,kwibuka ko yesu yasubiriye ikimazi catangwa nta caha kirimwo.Kubona utabitegera ntakosa,icaha cawe n'ukwigira umuhanga mu vy'Imana nkuko umengo ubana nayo canke se muravukana
@SibomanaFelix-n4j Says:
Nubwo batakumva babwire
@Inzirayawetv Says:
Nukuri 💯 Imana izabahembere umurimo mukora utoroshe gusa umwana wubugingo arumva .
@mukamaemmanuel3228 Says:
Erega uburyo ibibintu byivanze birahambaye kubicangura biragoye birasaba ko tuba dufite umutima umwe
@KamiDidi-q7f Says:
Usanezaneza nka Vieux wanjye Akeze Aruhukire Mumahoro Yanyagasani
@augustinnininahazwe2638 Says:
Turabashimira cane ukuntu mutwigisha ivy'ubugingo,umuganuro n'iki mu kirundi?
@AmaniMethode Says:
Yewe nakwemeraga ariko aha ho uratubeshye utakwitonda ngo yisengere yatana
@ndayishimiyeprosper1671 Says:
https://youtu.be/wIIlJES1ovs?si=t24viMfJre9ktGJA
@bikorimanaClement-uk7cl Says:
Maze igihe ngu kurikira Nawe nkibyo Amadini akora None tuvugeko abantu bazanjya mu ijuru arabazanjya muri community yawe abari mu madini batazaza bazarimbuka Mt 24:5 [5]kuko benshi bazaza biyita izina ryanjye bati ‘Ni jye Kristo’, bazayobya benshi. Bwira abantu babe Maso bakizwe naho kubazana muri Ayaloni Family si mu ijuru naho inyamaswa irahagera
@megdee777 Says:
Hari benshi bakwjbeshyaho Jean Luc bakibagirwako target yawe na Musisi ari ugushaka views zibahesha cash za youtube. Gusa icyo mbemerera mwashatse content ishobora kuyobya ab'injiji mukabarindagiza burundu, ntabwo mumeze nkaba Yongwe, Claude na Mutabazi za ngirwa apostles and Pastors zo zivuga ibirapfurapfu umuntu wese ahita abona ko ari ugushaka amaramuko.
@megdee777 Says:
😂😂😂😂😂😂😂 Jean Luc we nakugira inama yo kureka kurwana izo udashoboye, wigize umuntu usubanukiwe n'iby'Imana ariko uribeshya cyane kuko n'abafarisayo bakuru bawe niko bibwiraga nyuma Yesu/Yezu aza kuberekako batannye.
@ChantoNkusi Says:
Abakozi b'Imana bari hanze aha abantu nibatitonda bazayobya benshi! Ngaho ngo noheli nikinyoma ! Ngaho paska ngo ni ikinyoma ! Mbese ibintubyose ngo nibinyoma ! Yewe umwuka wera atuyobore naho ubundi abakozi b'Imana bacanganyikisha abantu pe !
@bettymtv2589 Says:
Noneho baba nagirango bibonere amaturo!!!!!
@bikorimanaClement-uk7cl Says:
Muraho neza Jean LUC Ibyinshi uvuga ndabyemera ariko ariko hari yo ntemeranyaho nawe ko usohora abantu mumadini urabanjyanahe?Ese iyo association yawe yo niki sinumva functionnement Ari nkiya Amadini icyo muhindura n'inyito gusa naho ubundi nibimwe Kuko namwe nzi neza ko amafaranga muri kuyahiga ahubwo nimubwire abakristo basenge basome Ijambo ry'Imana bitandukanye nibibi naho kubakura Aho bari sicyo gisubizo kuko ntaheza h'isi Kandi Wibukeko Yesu yavuzeko muminsi y'imperuka hazaduka abavuga ngo nibo bafite Yesu abandi bati nitwe Yesu yaravuzengo ntimuzabakurikire Bwira abantu bisengere naho kubazana muri Ayaloni Family ndumva ntaho uzaba utandukaniye n'abadiventiste Babwira abantu ngo bave muri Catholic church Nandi madini Ndemeranya nawe ko Leta zivanze n'amadini none se Wowe witeguye kwigomeka kuri Leta Hahaaa nti munyumve nabi ni hitiraga😂😂
@emmanuelhabineza7246 Says:
Narinshatse kuvugango Yesu azabikubaza .Reka kuyombya abantu
@emmanuelhabineza7246 Says:
Ibi bintu Yesu uvuga azabikubaza , gusa ndagusengera ngo Yesu akubonekere .
@estherkamikazi3948 Says:
Ndabasaba ko mwansobanurira ibijyanye n'isabato. Kandi niba hari inyigisho mwabisobanuriyemo munyobore nyikurikire. Mbaye mbashimiye. God bless you
@estherkamikazi3948 Says:
Ndi mushya kuriyi shen, ariko nanyuzwe n'inyigisho mutanga
@estherkamikazi3948 Says:
Ndabaramukije mw'izina ryera rya yesu
@anarwema6818 Says:
Ariko se nyine ko twibuka umunsi yitambyeho igitambo kimwe kizima gihoraho . Aba Kristo bakibuka ko yaducunguye , ninde wakubwiye ko bizihiza pasika yo mu gihe aba Israël bari mu misiri !? Pasika iyi ni umunsi wu urwibutso rwa agakiza Yesu yaturonkeye adupfira akazuka ku umunsi wa gatatu ari wo Pasika. Ubundi kuki uvuga ko abantu bagomba kuza gukurikira inyigisho zanyu bameze nkabitandukanije na amatorero basengeramo ? Mukaba mwizeye ko babaye nkaho bemeye gusinya contrat namwe , mwizeye ahubwo ko mubonye neza neza abahakanyi bujuje ibyangombwa ! Ibibintu mwigisha simbihinyuye kuko namwe muvuga Kristo ! Ariko ibyo muvuga rwose, ntabwo bisobanutse neza rwose. Harimo ibintu birimo kubiba confusion mu bantu. Ahubwo mwakagombye kwigisha , neza mugasobanura , ariko kandi mutanasebya bagenzi banyu bigisha kuburyo mutemeranyaho . Ikindi , mwebwe ko muhamya abandi ibyaha, muri mwe , uko mukorana , ntawe utsindwa nibyo kwi isi , cg umubiri nu ubuzima mutuyemo ngo abe yakosa !? Murahamya neza ko muri abere , muri aba nyakuri 100%? Aha naho si ukubahinyura ni ukubasobanuza !
@BukuruMediatrice Says:
Kimw abant muz ngah kur youtub muvug ubutumw butandukany bensh tuzozimir kuk umwewes azavug vyiwiw ukumv ngicacum ngontigikenew aband bakaz ngokirakenew non tuzomeny ukur ukwah? Ivyapasik navy Yesu arik arasangir nabigishw biw munz yohejur ntihar hegerej pasik abasigir irag ngo ivy baz bam babigir bamwibuk. Non kwibuk urupf rwiw nicah kwel?
@kananisilas4031 Says:
Nubu batamba ibitambo bitsndukanye babaga amatungo:pasika, noheli, umuganura,... Bagatura amaturo yishimwe mu nsangengero z'ayo madini
@NyiramanaMartine-q5l Says:
Ni ukuri kdi birumvikana. Ubwo uwo byateguriraga yaje kuki tukibikora? Hari undi Yesu dutegereje? Oya Yesu yaraje ni we pasika ni we gitambo kizima,ukuraho ibyaha by'abantu. Imana iguhe umugisha
@NyiramanaMartine-q5l Says:
Ibyo ni ukuri kuzuye. Mwuka arusheho kudusobanurira.
@anarwema6818 Says:
Muraho ! Mukomere cyane. Nonese , igihe Yesu yasangiraga ni intumwa ku wa kane mutagatifu , yazibwiye ngo iki !? Ntabwo yazibwiye ko bazajya bakora uwo muhango wo kozanya ibirenge usobanura urukundo , hamwe no gusangira , yavuze ngo iki ? Urahakana se ko atavuze ko ibyo akoze , abatoje , bazakomeza kuzajya babikora bamwibuka ! Wowe , tubwire neza , icyo ni ikinyoma ? Nonese , kuwa gatanu mutagatifu , saa cyenda amaze kubabazwa no kurenganywa , kubwi ibyaha byacu , ntiyadupfiriye , ku umusaraba ? Urabihakana bwana Jean Luc !? Nonese urahakana , ko ku umunsi wa gatatu , ariwo wi icyumweru cg uwambere wi isabatto , atazutse? Nonese , niba yarazutse , kuri uwo munsi bakawita nawo Pasika , kuki aba Kristo batakwizihiza , uwo munsi , umukiza wacu , waducunguye, yazutseho. Ukitwa Pasika ? Sinkurwanyije ariko , nawe wadusobanurira neza , ibya Yesu ni uburyo yaje akaba kwi isi , akigisha abantu agatora intumwa ze cumi nebyeri kuzageza nyine ku umunsi wo kuducungura . Wowe ubyita ute ? Urakoze ngaho dusobanurire.
@niyonkuru577 Says:
Uvuzukuri kutagabanije cane🙌🙌🙌🙌🙌
@mutatismutandis900 Says:
Komera komera jean luc we, Urabizi se ko Dusigaye turi inshuti??

More Iyobokamana Videos