MAZE IMYAKA 40 NDI UMUKURU W'itorero MU BADIVANTISTE NJE KUGARAGAZA Ibinyoma BYABO/Musohokemo
MAZE IMYAKA 40 NDI UMUKURU W'itorero MU BADIVANTISTE NJE KUGARAGAZA Ibinyoma BYABO/Musohokemo
Advertisement

LEAVE YOUR COMMENT

YOUTUBE COMMENTS

@DushimimanaSandrine-s4h Says:
None wowe ucira abantu urubanza ngo barayobye urinde??
@TuyikundeJacques Says:
Watsimbara kuwiteka gute Kandi urimokuyobya ubwoko bwayo
@GodbertheIradukunda-m3c Says:
Agakiza agakiza agakiza twese dutekereze kugakiza ibijanye namadini tubirekere abanyamadini yesu araduhagije
@HabimanaJean-r8t Says:
Kumaramo imyaka myinshi siko kumenya Kandi siko kwizera
@NzamurambahoPascal-y2y6m Says:
Iyuo lavou
@nizeyimanajeanpierre-qw8io Says:
Imyaka umuntu amaze ntibibuza ko satani amukoresha
@nizeyimanajeanpierre-qw8io Says:
Uyu musaza yaravangiwe
@Elianenyirahabimana-y4l Says:
Warayobye
@Elianenyirahabimana-y4l Says:
Nakuvumbuye nimwe mwadusenyeye umuryango uratorongera mwiyonkoye kubadive
@AbariyusengaXavera-k8y Says:
Weretswenabadayimonintabwarimanaisabatonikimenyetsokimanarekagusebanyanasataniarahanura
@MudahogoraAline-r2v Says:
Mwitonde bene data satani yatangiye gukorera mu bantu ,azayobya abantu muminsi yanyuma mwitonde
@umubwirizaenock Says:
@ UMUBWIRIZA Enock komera IMANA iragushyigikiye komera hishura ukuri
@JajaNiyo-f2s Says:
non wew uracavugako urumudiva kandi utacemera inyigisho zabo
@niyitegekapaul7994 Says:
Iby'umwuka bisobanuzwa iby'umwuka bindi. Ese niba agahembe gato ko muri Daniel 7:8 ari Antiocus Epiphanous, ni gute uhuza ibi? Antiocus Epiphanous yabaye umwami wa 8 mu bami 23 bayoboye intara ya Macedonia mu bwami bwa gatatu bw'ubugereki, kandi agahembe gato ko kaboneka ku ntamaswa ya kane ari yo Roma. Ntibishoboka ko wahuza umuntu wo mu bwami bwa 3 n'ubwa 4. Niba atari ukuyobywa, ni imigambi yateguwe kuko iyi nkigisho ari iy'Abajezuwite.
@RutabagishaJeanpierre Says:
Mwaje kwishakira viuse uwomusaza ntabyazi arateka imitwe
@AbrahamZha Says:
Umva wamunyamakuru we twebwe twifuza kumenya ukuri kubuyobe bwamadini yicyigihe plz uzatubarize uwo mugabo namugenziwe rutagengwa nabonye Bazi gucukumbura kumadini uzababaze kubyerekeye abahamya ba yehova twuve icyo babavugaho plz murakoze
@ndamyinanajeanpaul9683 Says:
None x woe muzehe munabandi woe ho turabwirwa Niki ko mumayerekwa yawe utabeshye? None ko ukiyita umudivantiste kd Ari abayobe wakweruye ukavuga uwo uriwe? Ese iyerekwa ryari turaryizezwa Niki ko ryavuye kuwiteka kd amategeko yuwiteka uje kuyasiribanga ukaba utakuyeho? Ongera wisuzume neza nshuti yange
@karekezichristophe8841 Says:
Saza utanduranyije musaza
@KALASIRA-x9s Says:
abadive nanjye mbona barayobye, iyo yubahirije isabato aba yumva ijuru yarikoreye byarangiye
@esperanceniwemutoni9111 Says:
Uyu munyamakuru aratuma tutumva ubusobanuro neza byaba byiza uretse agasobanura byimbitse ingingo ikumvikana.Merci!!
@Niyongabirepacifique Says:
𝐔𝐛𝐮𝐬𝐞 𝐧𝐢𝐤𝐢 𝐮𝐯𝐮𝐳𝐞 𝐤𝐢𝐫𝐢𝐦𝐨 𝐜𝐲'𝐢𝐧𝐠𝐞𝐧𝐳𝐢
@Niyongabirepacifique Says:
𝐈𝐡𝐢𝐬𝐡𝐮𝐫𝐰𝐚 😂𝐢𝐛𝐲𝐚𝐡𝐢𝐬𝐡𝐮𝐰𝐞 𝐛𝐲𝐚𝐡𝐢𝐬𝐡𝐮𝐫𝐢𝐰𝐞 𝐲𝐨𝐡𝐚𝐧𝐚 𝐧𝐚𝐡𝐚𝐛𝐚𝐧𝐝𝐢 𝐧𝐮𝐛𝐰𝐚𝐤𝐚 𝐧𝐠𝐚𝐡𝐨 𝐧𝐚𝐰𝐞 𝐚𝐧𝐝𝐢𝐤𝐚 𝐢𝐠𝐢𝐭𝐚𝐛𝐨 𝐰𝐚𝐧𝐝𝐢 𝐤𝐞𝐡𝐨 𝐧𝐠𝐨 𝐢𝐛𝐲𝐚𝐡𝐢𝐬𝐡𝐮𝐰𝐞 𝐧𝐮𝐰𝐚𝐡𝐨𝐳𝐞 𝐚𝐫𝐮𝐦𝐮𝐝𝐢𝐯𝐞😅
@MugeniShallon Says:
imyaka 40 umaze mwitorero ukaba ukoresha bibiriya yo muri fone
@MugeniShallon Says:
.ni ukuberiki udafite bibiriya
@TuyisengeDaniel-b7u Says:
Nimushake musebye idini ryabadiventiste ariko ntaho muzumva ryijanditse mubiza byikigihr .erega ukuri kurahari kuko kwanditse muri bibiliya
@TuyisengeDaniel-b7u Says:
Abantu barimo gushaka ubuzima bakabushakira mumivumo ubwose guhimbira idini ryatoranijwe nimana ubwo wumva bizaguha amahoro.mureke guca imanza
@Nzirandende Says:
Uragonga urukuta sha ! 31:13
@Nzirandende Says:
Uwagihishuriye ni Satani
@joselynenyiranshuti7304 Says:
Mbona hari ijambo ryitwa isabato(uburuhukiro). Abantu badashaka kumenya(usomye Mariko2:27-28. Yesu yivugiye ko ariwe mwami w'isabato ndetse nayo. Yesu niwe buruhukiro nyakuri. Dimanche niho Yesu yazutse kuwa mbere w'isabato,....... Mureke twite kucyo Yesu yakoze kuruta amategeko kuko nuwayahawe ntiyayakiranutseho(Mose), Yesu wenyine niwe utarakoze icyaha niyo mpamvu uwamwizeye nawe azabona ubugingo.
@UwiragiyePaccy-b7t Says:
Ntangajwe nuburyo uhakana ubuhanuzi bwa Daniel hamwe nibyahishuriwe yohan.ntiwatuyobyawowe Byivugane
@YvetteNiyimbona Says:
Isabato ni umunsi wimana
@elysmugenzi Says:
Kwubaha isabato nubuyobe?
@NambajimanaNambajima Says:
Ikinyoma cyumusaza kirica 1Abami 13:18 13:29 uyumusaza arimubena kubona isomo ryo muri ezekeri 9
@YusufYahaya-e5l Says:
None na duhe irindi torero rikuriraho irya 7
@oliveuwi5048 Says:
Isabato se yajyana umuntu mu ijuru atararikoreye? Umuntu wese acungane no kwizera kwe Mwuka wera atuyobore
@oliveuwi5048 Says:
Uko kwizera nukwabantu kugiti cyabo sibyitorero nonese Bible muri Matayo havuga ko ntawe uzi umunsi none ababivuga babikurahe? Mujye mubasaba imirongo ya bible ibihamya
@kmundendy660 Says:
ka twibwirire INTAMA zazimiye. INTAMA, hari umugabo wo mugihe cya Yesu/Yezu wari umuhanga cyane mubihereranye n'amategeko ( hakubiyemo 10 yari yandikishijwe urutoki rw'Imana Nzima) kandi wubahwaga cyane. witwaga Gamaliyeli (ibyakozwe 5: 34). Gamaliyeli Bwite niwe wari warigishije intumwa Pawulo amategeko (Ibyakozwe 22: 3) . INTAMA n'ubwo Pawulo yari azi amategeko n'ayo kuri Sinayi 10 kandi akayubahiriza hakubiyemo no kuziririza isabato, nyuma yaho amaze KWIZERA Yesu, reba amagambo yaje kuvuga ubyisomere (1Timoteyo1: 13). Yaburaga UKWIZERA butewe n'Intamenya (ubujiji) !! Nyuma Pawulo yaje kuvuga ko ATAGITWARWA n"amatekego yo kuri Sinayi by'umwihariko ISABATO ya buri mpera z'icyumweru (1Abakoriinto 9: 20-21) AHUBWO yavuze ko atwagwa n"amategeko yo KWIZERA (Abaroma 3:27) ariyo mategeko Ya Kristo (Yohana 14:21 & Abagalatiya 6:2) ayo mategeko ashingiye ku rukundo (Luka 10: 25-28) Intama Ni iby'ukiri ko Yesu Nawe ubwe Yubahirije amategeko y'ubwoko yakuriyemo harimo Kuziririza Isabato guhera akiri Muto ( Matayo 5: 17 & Abagalatiya 4:4) ariko iki ntikikakwisobe NTAMA, Yesu/Yezu amaze Kubatizwa ku myaka hafi 29 ibyanditswe byera bigaragaza neza ko Byatangiye Guhinduka ntiyaba acyubahiriza ISABAto ya Buri wa Karindwi w'icyumweru kuburyo batangiye KUMUSHINJA ko AREKA kuziririza ISABATO. Byisomere witonze NTAMA (Yohana 5: 5 - 18 & Yohana 9: 4 - 38). NTAMA zazimiye, Kuziririza ISABAto byaretse kuba itegeko Yesu akimara Gupfira ku Giti cy'umubabaro azutse igihe inyandiko yari Yandikishishweho Urutoki (Abakolosayi 2: 14 muri New King James Version Bible & Kuva 31:18) bivanyweho n"Imana nzima( Yeremiya 16:21) . Ntama turabikundira Pe kandi twishimira kuganira namwe. wazamvugisha tukaganira byisumbuye kuri Bibiliya nta kiguzi.
@turikumukizaalbert636 Says:
Ese mwakabyara mwe ko mbona gusoma ibitabo byinshi nibyo bintu mujyamo byo kubara iminsi nimyaka ubutumwa bwagiye buvugurwamo ko mbona ahubwo bizarangira bibashyize mubuyobe kuruta kunguka? Ese ubundi mutambeshye mubisabwa ngo tubone ubugingo buhoraho kumenya ayo mateka biri kumwanya wa kangahe? Niyompamvu iyo mibare mwirirwa mubara nimutitinda satani azabafatiramo birangire mwihakanye nImana mubyita kujijuka. Mana rengera abantu bawe bahora babwirwa ibintu bibavangavanga ubasange ubahishurire ukuri kuko inyigisho zuzuye iyi mihanda,izuzuye munsengero zitandukanye hatabayeho Umwuka wera hazayoba benshi.
@BavakureClaude-n6n Says:
Itorero ry'lmana ni yesu nabamwizera si abadive
@BavakureClaude-n6n Says:
Mwitonde amategeko mpama byaha mungoma y'lmana ntabayo kuko ntabyaha bibayo.aho niho turi
@BavakureClaude-n6n Says:
Mubwami bw'imana ntamategeko mpanabyaha ahaba.isabato ni muri yesu nta munyabyaha uhaba
@INGABIRECLAIRE-ef5jq Says:
Nagukurikiye mbona nawe iby'uvuga ntubisobanukiwe urimo urashakisha!Bible irisobanura kdi uyisomye ntusabe mwuka wera ngo agusobanurire wanayoba burya!rero wa musaza we ibyo nawe udahagazeho uza kuri camera ngo ubisobanurire abandi gute?!!bakwitegereze neza ibintu byose urimo gushidikanya!
@NiyomukizaDamaseni Says:
Urabenshya ikinyomacyambaye ubusa twizera imana nyiribiremwa ibyo imanayahamije ni ukuri ntibeshya ukurikwayo kuruzuye ntikwogegwaho ntikugabanwa guhora ari ukuri satani sigaho kuyobya intore zimana mukomere mushikame ntimuyobywe
@EgideHabiyaremye-r7i Says:
Saw
@vannykmd6318 Says:
Mbese Imanantifite Itorerorizima? Ni ukuriko ifite itorero,arikoni itorero ririkurugamba,si itorero ryanesheje.Tubabajwen’ukoharimo abizerab’abanyantegenke cyane; aboni borukungu mumbutonziza… N’ubwomu Itorero harimo ibibi,bizagumahokugezaku iherezory’isi.Muri ibibihe biheruka,Itorero rigombakuba umucyow’isiyanduyekandi yononwen’icyaha.Nikuri iryoTorero ry’irinyantegenke kandi rifite amakosa,itorero rikeneyegucyahwa,kubūrirwa,kugīrwa inama,niryoKristo ahanzeho amaso muburyobuheranije.
@MugabonakeIsaac Says:
Ongera amasengesho usobanukirwe neza utava munzira
@rukandemaemmastine9298 Says:
Nubwo mbonye iki kiganiro ntinze cyane, abashobora kubona coment yange bazasome ndetse nawe uzasome neza ubusobanuro bwa daniel bitonze cyanecyane igice cya 11 cya daniel kuko nsanze ufite ikibazo cyo kudasobanurwa neza icyo havuga kuko ibyo uyu musaza yumva iyo ahasomye bitandukanye nicyo havuga.
@rukandemaemmastine9298 Says:
Ikibazo kiri kuriwowe wabyumvise uko bitari. Itorero ry'abadiventiste ntabwo ryemerako ubutumwa bwahawe amatorero 7 buhuzwa nubw'abamalayika 3 ndetse na malayika wundi. Ikiriho ni coincidence y'abamalayika b'amatorero aheruka n'abamalayika 3 na wawundi.
@Petermucho Says:
Let the man of God speak. You are not professional
@Petermucho Says:
Hello The journalist is talkative Asking fake questions. I think you could speak when necessary and let the man of God convey his message.

More Iyobokamana Videos