ESE NDI MUBI? SINSHAKA KUZONGERA KUBABARA MU RUKUNDO|SANDRA IBANGA YAHISHE RIRAMURIJIJE DISI????
ESE NDI MUBI? SINSHAKA KUZONGERA KUBABARA MU RUKUNDO|SANDRA IBANGA YAHISHE RIRAMURIJIJE DISI????
Advertisement

LEAVE YOUR COMMENT

YOUTUBE COMMENTS

@Jacques-q5h Says:
Duhe number yawe
@Jacques-q5h Says:
Sandra
@Jacques-q5h Says:
Muduhe number yanyu
@umukunziementine3444 Says:
Ariko Rose koko wazaje ukadusuhuza rimwe gusa ugasubirayo. Disi Sandra uyu nawe baratandukanye yabivuze ahandi mu gihe cya vuba.
@umutesiphoibe3397 Says:
Rose ndagukunda cyaneee
@MarcelineDusabirema-q6k Says:
Nadia uranyubatse cyane
@FaustinUwajeneza-iq8kv Says:
Ntago urimubi humura
@iradukp Says:
Rose ndagukunda kd wakoze kuzana Sandra numukobwa mwiza ndamukunze kurushaho ❤
@nteziyaremyefrederic8727 Says:
Ibitecyerezo byose watanze nibyiza ariko icyo usorejeho ngo ntabwo waganira numugabo wawe mukuguca inyuma ,kandi abagambiriye kugusenyera bazashakisha ibishoboka byose ngo babasenyere !!??hariya usubije nabi rwose ndakugaye cyaneeee!!!....
@richardhabimana7892 Says:
Umva nkubwire Nadia iyo Imana ituremera ikagira abakobwa bose nkawe kurinjye byari ku a Paradiso.
@AgnesICYIMPAYE Says:
Nadia twaritugukumbuye Rose wakoze kutuzanira Nadia imana Iguhe umugisha❤️❤️❤️
@JBM-l6f Says:
Nakunze ikiganiro cyanyu. Nifuje kubasangiza aya magambo: 1 Timoeyo 6:6-11. Icyakora koko kubaha Imana iyo gufatanije no kugira umutima unyuzwe kuvamo inyungu nyinshi, kuko ari nta cyo twazanye mu isi kandi nta cyo tuzabasha kuyivanamo. Ariko ubwo dufite ibyo kurya n’imyambaro biduhagije tunyurwe na byo, kuko abifuza kuba abatunzi bagwa mu mushya no mu mutego, no mu irari ryinshi ry’ubupfu ryangiza, rikaroha abantu mu bibahenebereza bikabarimbuza. Kuko gukunda impiya ari umuzi w’ibibi byose, hariho abantu bamwe bazirarikiye barayoba, bava mu byo kwizera bihandisha imibabaro myinshi. Ariko wehoho muntu w’Imana ujye uhunga ibyo, ahubwo ukurikize gukiranuka, kwihangana n’ubugwaneza.
@JBM-l6f Says:
Proud of you girls. You are so young and yet so mature. Mukomereze aho gutanga ibiganiro birimo kubaha Imana no kubaka umuryango nyarwanda. Rose ukomereze aho. Ntujye muri wa mwanda w'abirirwa batwika, batazi ko barimo gutwika imitima y'abantu. Hari ibiganiro byubaka. Nshima ko aribyo ukora. Komereza aho.
@WILLAJEANNETTE Says:
Ohh Nadiya ndagufana cyane ndagukunda pe kereka duhuye nkagusuhuza pe .uri umwana mwiza ntuzahinduke
@NyandwiBosco-b9m Says:
Watubwiriye Nadia akaduha number ye tukamuvugisha turamukunda
@VincentNiyibizi Says:
Gusa Ndagukunda Nadia ariko wowe na Stiven mwaryoshyaga film, gusa nubu ndeba City maid kubera Stiven nawe navamo nzahita nyireka.
@RuthBARAYISENGA Says:
Mana nkunda emotion za Sandra peuh!!! Biranshimisha kbx
@fahadfhad6349 Says:
❤❤❤
@ndagijimanaannemarie5347 Says:
Nadia❤.
@Gwiza737 Says:
Hello rose umeze neza ko wabuze?
@marimini-ih8ym Says:
Iki kintu uvuze cyo kwicara ukabura icyo umariye abantu kdi ukora 😢😢😢😢 kirababaza sana 💔💔
@MeryUwase Says:
Thank you Sandra ❤❤
@fidelineigiraneza3121 Says:
nanjye nibyo abana banjye baragukunda na DIA gusa nanjye nahise ngukunda
@Mip.igikomangoma Says:
Great advices 🎉
@MukahigiroGertrude Says:
@kindness1450 Says:
Yego rata Nadia abana Imana idufasha badukunde Kdi Ibahe Roza nikundira Roza nanjye nsabira Imana izampe urugo rwumugisha ubundi unsabire Imana isubize ibyonyisaba nibi ndashaka kuzakubona urigukorana n'umuntu ikiganiro utwite Roza mwiza I love you more❤ Roza na Nadia Imana ibarebe icyore sibyo barata bamasha❤
@kindness1450 Says:
None C Roza nukuri ndakwikundira Imana iguhe ibyo ushaka byose.
@TuyishimeAngeliqwe-gi9gc Says:
Ndagukunda cyane najye uzankoreshe icyiganiro
@ItangishatseChristina Says:
Nukuri ndashaka nomero yanyu. Ndabakunda❤
@kamanziangel3596 Says:
Uncuiii
@IsimbiRyaChriss Says:
❤❤❤❤❤❤
@muganwajudithkeene9592 Says:
Ntakuntu Sandra yazadusura kuri Jo twins show abashyigikiye mumpe twatuntu
@denyseuwizeye Says:
Thank you for your advice Sandra I really want to tell you that I wish I could meet you couse I love you ❤️❤️🥰
@NiyontezeVestine-yf6fw Says:
Ooohhhh Nadia Ibazeko ikikiganiro cyose nkirebye ntana 1minute ntambutse ndagukunda cyane ❤️🙏 N'Imana irabizi kd ndushijeho kugukunda bby wange Courage uri Umukobwa mwiza physical appearance arko ufte n'ubwenge bwinshi cyane uri Umukobwa wo kwifuzwa na buri umwe wese ufite ubwenge ndagukunda cyane Nadia❤
@UweraElyse-u1p Says:
They way rose a hypinganga nibyo byanjye❤️‍🩹🥹😂
@AHOME5145 Says:
I love love Rose so much❤❤❤❤❤
@simbisarah3406 Says:
Abakobwa ba Yesu sha ndabakunda cyaneeeeeee mwese❤❤❤❤❤❤muri beza in and out
@nyiransengiyumvadevotha998 Says:
Steve yari yarapfiriye ukuri incwii❤❤
@musengimanasamuel1154 Says:
Ndagukunda byukuri iyo nkubony mount Kenya ninya kugusubuza 😂ariko🤍🤍🤍🤍🤍🤍
@nadineumutoni3906 Says:
Sandra ntago narinziko usetsa gutya, gusa ndagukunda cyane pe iki kiganiro ndacyumva nkagisubukura sinkirambirwa , Rose thank you ko watuzaniye Sandra
@adelenshimirimana5323 Says:
Ahugiye muri gereza muri film niko batubwiye Steve ari kumuburanira😂
@comendikuriyo8564 Says:
Ariko rero Sandra ba wirekura ncuti yanje ndabona ako kajipo karakujena sana kakakubuza kwidegemvya.ese we wiyumva gute?
@alexmusore5357 Says:
Rose ndagukunda cane from Uganda
@chanceigabeineza123 Says:
Imirimo Ukorera Mwisi yose Yandikwa Mugitabo Yaba Myiza cyangwa Mibi niyo izaguherekeza Mukomeje kunyibutsa kuminsi Yanyuma yo Gutaha Imana Izabahe Iherezo ryiza
@chanceigabeineza123 Says:
Woooow lmbere cyane Dear Sandra Kumenya lmana nibyo byambere rwose Nta Mana Ntabuzima , Ubirimo neza Yesu Agushyigikire Rose 🌹 🌹🌹🌹🌹🌹🌹🌹🌹🌹🌹🌹🌹🌹🌹🌹
@DivineUwamwezi Says:
❤❤❤
@DivineUwamwezi Says:
❤❤❤❤
@udukundadenyse503 Says:
Nadia ukwiye ibyiza ukunda Imana twahuriye muruhango
@rehemaishimwe6414 Says:
Yego Sha Sandra ntiyiyemera peeee numwana mwiza cyaneee
@ntirenganyamichel3174 Says:
Sandara nakugirinama 1 niwumva kumugabo nagucinyuma uzasenya nkugiriyinama uzabanze umenye impamvu yaguciyinyuma kuko anzagucinyuma bitari rimwe ibitari 2 ibi uzahora ubyibuka koharumuntu wabikubwiye yibereye maputo Mozambique 🇲🇿 😎

More Abantu Videos