None Jean Luck Niba Abraham yarasabiye umwana we umugisha knd nta Pastor wari uhari Yesu ibyo yakoze byaba bimaze iki ko yabarambitseho ibiganza? ubwo na Abraham ubwo atabatijwe ntabwo nawe twakabaye tumwemera. Niba Yakobo yarahesheje abana be umugisha Paul yaba yarabeshye .so ujye utanga ingero ariko zumvikana neza zitanyuranyije n'ijambo ry'Imana.
@NDAYIKENGURIKIYESamuel Says:
Yesu nashimwe Jean Luck!Abantu biyicariye hejuru YA Gehinomu ariko ntibabibona duhamagarirwa guhunga ntidupfe muhezagirwe ndi Samuel Ndayikengurukiye iburundi ingozi
@UwizeyimanaJeannine-ot2xg Says:
Yareka guterana? Yateranitahe?
@UwizeyimanaJeannine-ot2xg Says:
Ese iyo mubuze ngo umuntu nabona ukuri ku idini asengeramo akora iki?
@UwizeyimanaJeannine-ot2xg Says:
Ese kibonekahe?
@SinzinkayoMichel-lu2iw Says:
Bwana Jean Luc ! Gira amahoro ! Ndakwinginze uzafate umwanya wo kuduhuriza hamwe imirongo imwe yo muri Bible:Yesu yivugiye ko agiye kwa se,..ko akora ivy'uwamutumye,.. Stefano na we yabonye Yesu mw 'ijuru iburyo bw 'Imana. Ubundi Yesu ni Umumarayika Mukuru ari we Mikayeli. Tukaba twarigishijwe ko abamarayika ari ibiremwa by'Imana ihoraho. None kuki Yesu atavuze ati ngiye iwanjye. None Yesu aba umumarayika (icaremwe) akongera kuba Imana? Yariremye? Ibyo Stefano yeretswe si byo? Dufashe udusigurire.
@SinzinkayoMichel-lu2iw Says:
Bwana Missionnaire JL Icyingeneye, ntahuye neza iri jambo ngo:Abagore 7 bazisabira kwitirirwa umugabo 1.Yego:umugabo=Yesu Kristo. Abagore ni amatorero. Ndatahuye. Ayo mazina y'amatorero yazananye he ko Yesu Kristo cangwa se intumwa atazina basize bavuze ry'idini y'ukuri ? Ni ay 'inda fusa.
Mu kanya uti amatorero nahuze niba avuga ko yizera kristo ariko adepr yajya.mu kiliziya uti ni ishyano ubwose tugufate dute umuntu yivuguriza mu minota 20'
@yizerevalensyv2503 Says:
Gutanga umugisha ko ubivuga kuri Yakobo ntuvuge uko Yesu yajyanywe mu rusengero? Kuki utavuga kuri Hana wajyanye samuel mu rusengero jya ureka kujijisha
@yizerevalensyv2503 Says:
Ese wowe uhuza na nde ko wemera Yesu kuki ugaya abandi wiretse? Mbega imyumvire iciritse ubu kandi urumva nawe utarema ibice mbega ubumenyi buke kandi ubu urumva utari gukora icyaha mu Rwanda
@ezechielniyitegeka8840 Says:
Niba dutegereje yesu christo ko aza Niba yohana umubatiza yaramubanjirije ese intumva yo mugisekuru cyacu ninde ?ugomba kumubanziriza ni nde ese ubutumwa bwigihe nubuhe ?
YOUTUBE COMMENTS