GITWAZA ARERUYE Abwiza ukuri ABAJYA Bamusuzugura Ati "MUJYE GUSHAKA IYO MWIGISHA aha n'iwanjye
GITWAZA ARERUYE Abwiza ukuri ABAJYA Bamusuzugura Ati "MUJYE GUSHAKA IYO MWIGISHA aha n'iwanjye
Advertisement

LEAVE YOUR COMMENT

YOUTUBE COMMENTS

@dushimirimanabosco917 Says:
Ivyo uvuze nivyo kabisa idini n uko riri kandi Yesu ntagsmahunda afitanye naryo . Ikindi dukwiye kumenya idini si izina ni ubuzima ni Itorero si izina ni ubuzima . Kuvuga amakosa y idini no kuyamenya ntibitwinjiza mw Itorero . Itorero ni inzira y Imana itugeza ku Mana ivyo bigaragarira mu buzima duhabwa n umutwe Yesu . Rero namwe harivyo mbanako bigaragaza idini ; ab Itorero ntibagira amasengesho yo kwiyiriza ngo babigire itangazo ,ikindi ni uko kuntu utokwivuga utavuze titles zawe... ubwo si ubuzima bw Itorero . Nifuza mwogera aho mugira ubuzima bw Itorero atari kuvuga amakosa y idini gusa ( sinanse kumutayavuga) , ikindi n uko uvuga ko ico gitabu wanditse arico gifasha abantu kurongora idini . Bibiliya irihagije simvuze ko ico gitabu atari ciza a
@KayigambaJoseph Says:
Niba abantu bigisha abantu bagakizwa bakihana bakare kibyaha bakizera umwamiyesu bakuzuru mwukawera wavuga gute kobayobya bantu uyu mutu ubwira abantu Bose ntabwara bayobe ujyubyi tondera nawe utazayoba
@HakizimanaJeandieu-x4w Says:
Undebere Abantu Ukuntu Bamukurikiye ntibamenye bari kubayobya Ariko kitwaza Azageza he gukomeza kuyobya Abantu koko ndumva ngufitiye Umujinya mwinshi gusa lmana ikwiyereke Nukuri
@dusengimanaaimable6870 Says:
❤❤
@UwitonzeGroletta Says:
Muzira abamezeneza pe mubamushaka viyuse mwagiye muvuga ibyimana yabahaye mukareka kwibasira abanu?
@NiyonzimaJeandamour-k9w Says:
Mbega !!
@MATINDAFRIQUETV Says:
Sha uri intumwa y'Uhoraho abandi nibareke kurimbuza abantu koko tutabeshyanye gitwaza wamwita so mubuhe buryo yewe gitwaza ndatahuye ko yamaze kugwa mumutego w'ubwibone iyaba yabyumva yarakwiye kwihana kuko ubwibone bwakuye satani mu Ijuru nibwo buvanye gitwaza mu bana b'Uhoraho
@NdizeyeWilliam-s2l Says:
Komerezaho mukozi w'Imana kuyobora uwayobye biragora kuko batahawe inyigisho zukuri zibahesha ubugingo baracyari abapfapfa barangwa nimijinya ntibumva barangwa nugutukana kuko amadini yapatsindagiyemo igisho zikinyoma zibabuza kumva ukuri aribyo bibahenebereza bibajyana kurimbuka
@NdizeyeWilliam-s2l Says:
Zaoni mwavuye muricyo cyinyoma cyibagenda imbere cyibajyana mukurimbuka
@cyomoroleonbavakure Says:
Vuga Imana ureke Gitwaza
@LadislasHarerimana-ix1ke Says:
Icogitabo iburundi kiriho
@AllyTwagirayezu-lr7yk Says:
Icyo gitabo Kigali turagikurahe
@jeannettea6737 Says:
Imana iyo iguhaye umushumba aba ari umubye wowe ibiganiro ntakiganiro wakora ngo usoze utavuze gitwaza bwira abantu ibyubwami bw'Imana .kwihana no kugaruka kwa yesu
@enockmanoah1636 Says:
1. Umwuka w'imana Uzana Ubumwe ark wowe Ugamije Kwangisha Umutu Abandi. 2. Uragenda Ugafata Aka video gato ushaka. kugirango unenge, aho kuduha yose ngotumenye contexte ukuri kwibyo Umuntu yarashatse kuvuga. Aha gitwaza yarimo abwira Abantu kubaha Abashumba na Deontologie yitorero. 3 bwiriza Abantu ukuri kwa yesu bakumenye, kuko Iyo umuntu Azi ukuri Amenya nuvuga ikinyoma atiriwe Avuga Abantu. 4.gitwaza Tabwo Arwanya yesu kd yazanye benshi kuri yesu Sinzi niba umaz kuzana bangahe. Kd byose Yavuz biri biblique nuko Arinyigisho Udasobanukiwe. 5. Ndagusaba kwiga kumva sens yicyo umuntu Avuz. Kd usabe Imana Iguhe Ihishurirwa Ujye ubona Ibyo ubwira Abantu uve mukunenga.
@niyonshuti Says:
Murakoze cyane, none dukore iki??
@KidumuJean Says:
Umu pasteur yarakwiye kwihana yigereranyije n Imana agatinyuka ngwatanga ubuntu
@NiyonsabaJeremy Says:
Harakenewe ubutumwa bwiza ubwoYesu yahaye abamwizera Matayo 28:18-20 niba muri aba misionaire mutugereho mutugezeho icyo gitabo kirakenewe tubafashe ivugabutumwa budashingiye kw'idini cg kumadini
@hermankahebwa1787 Says:
Abitwa abakozi b'Imana tuzajya tubamenyera kubyo bavuga. 15:49
@UMURINZITV-RWANDA Says:
Ibi biteye ubwoba
@Umwero Says:
Uri injiji. Na Pawuronyahamyaga ko arise wabantu mubyonkwizera none ubwo Intumwa gitwaza abivuze nikingishya akoze? Ese ubundi wakwigishije inyigisho yawe ukoresheje bibiliya akarorera kuzamukora kubakozi b'Imana. Niko wanjiji niba utarimo uharanira kumenyekana no kubona views ngo ubone uko uhaza inda yawe waretse kwibasira Gitwaza ko mbona byose title zawe arinGotwaza gusa
@vincentmuneza8941 Says:
Gusa, dukwiriye gusengerana kuko urwanya Gitwaza ninawe ukurwanya,. Dusengerane rero nibyo bikwiriye.
@vincentmuneza8941 Says:
Yesu yaravuze ngo ntimuzagire uwo mwita so kuko so arumwe, ar'Imana. None Gitwaza yatinyutse gutegeka ko bamwita batyo?.
@jeanny380 Says:
Ushaka view gusa zishakire ahandi apana kuri Gitwaza
@jeanny380 Says:
Wagiye ufata Video yose uzimpamvu yabivuze munjye muyoba mwe nyine
@ErasteNzeyimana-p8h Says:
Inyigisho utanga ziranyubaka ukomerezaho ngaho
@ferdinandrurangwa7910 Says:
Ariko njye mba numva Jean Luc kumurimo w'Imana ukora wokongeraho gushinga itorero kugirango abo tuzajya duhungisha tujye tubona aho tubashyira hatari mu birura byabarya (rero umva itorero nifuza ko washinga niri rikorera Imana mukuri kwayo no mu mwuka ,itorero ridashyize imbaraga mugushaka indamu,itorero ritanga ibyacumi n'amaturo ariko ntibijyanwe ngo kukicaro ahubwo bigahindukira bigafasha abakene no kumurimo w'mana kumugaragaro no mumucyo .
@ferdinandrurangwa7910 Says:
None se Jean Luc we ubu koko tukimara kumva ibi bintu koko gitwaza avuze koko uyumuntu ari gukorera Imana ikiranuka yo mu ijuru?kuki abantu banga kubona bakanga no kumva koko?ko Imana itwereka abantu batuyobora ngo munzira y'ubugingo ataribo tukanga kureba?ibyo Gitwaza bamuvuga ubu ibyo avuze ntibihamiriza ko ibyo bagiye bamuvugaho ari ukuri?bantu mukurikira uyu mugabo Gitwaza muhunge mudapfa (muhunge urupfu rw'iteka mwa bantu mwe kuki mudatinya urupfu rw'iteka mwabaye ibyihebe?) sinzi uko mureba ariko Imana yo ibasha kugera mu mitima yanyu nibahe kubona.
@danimunyemari1344 Says:
imana ugehe umugisha naho gitwaza nintumwa yasekibi
@emmanuelrwibutso6491 Says:
Ariko se wa Mugabo we ko numva urwanya abasengera hamwe, ubona na Yesu akiri ku’isi atarajyaga mu’isinagogi ?? none se Yohana yandikira amatorero 7 yo muri asiya nibande yari yandikiye ??
@AdrienSibomana-dv7tq Says:
Gitwaza turamwemera ariko ikosa yararikoze
@mukamanaspeciose2505 Says:
Iyi vidéo narayumvise nanjye nabirebaga live numva ndumiwe
@LonginUwizeyimana Says:
Imana muyifasha iki Muyikorera iki. Mutumuke
@LonginUwizeyimana Says:
Imana iratuzi Kandi iradukunda Kandi yaduhaye ubugingo. Utabizi atyo azahora yiruka inyuma y abantu bamurye utwe Ubundi yangare
@NdayisengaGilbert-x4f Says:
Yesu agume aguhezagira ukonumva ububutumwa nkomeza kumenya vyishi idini ritonyigishije idini niribi
@LonginUwizeyimana Says:
Ubundi nayobewe abirirwa basobanurira abandi Imana icyo baba bashaka kitari inyungu yabo kikanyobera. Mwibaza ko Imana yananaiwe gusobanura ibyayo??
@LonginUwizeyimana Says:
Ngo no father niyohohe Burriya jye muzi kuva cyera Bakizerera batagira aho baba . Bahombeje abantu benshi barya utwa benshi basiigara amara masa. Ubundi bahita bashwana umwe ajya umwe undi ukwezi. Nta bisambo biboro byabana munzu imwe😂😂
@LonginUwizeyimana Says:
Gitwaza ni ibisambo gusa gusa
@NZUMVIRDavid Says:
Imana ibahe imbaraga nyinshi cyane zo kwamamaza ubutumwa bwiza bw'ubwami bw'Imana ❤
@isiyanyuma6000 Says:
Turashizeee😂😂😂😂😂heheeeeeeeee😢😢😢😢😢😢😢
@Idini_RitunganyeTV3 Says:
Muradusobanurira ijambo mwene Data ninde?
@MunezeroAbraham-xx6jj Says:
ESE ntiwahaha udahahiye kumuntu ?
@jacquelineuwamariya4398 Says:
Jean luc ibyo uvuga abo bigenewe barabyumva ntukavunike wowe ikorere inshingano zawe ukomeze urugendo.
@uwamaliyaphilomene4251 Says:
Mubyahishuwe3 Yesu yabwiye abitorero ryifiradeliphia abashimirako nubwo bafite imbaraga nke ariko bakomeye kwijambo rye, ijambo ririmwijambo ntiriri mukanwa kabanyedini, abanyedini ni raodokia bazakanguka itorero ryazamuwe nibwo bazamenya ibyobarimo ko bihenze kdi bahenzwe, wowe kugiti cyawe cugusa imperezo yawe urebe niba harimo amavuta ariyo mwuka wera
@SuzaEric Says:
Ndi muri zambiya nakibona gute
@7melodytv624 Says:
Nawe urikimwe nabo IKINGENEYE JEAN LUC,Nawe ntuvugirwamo ndakuzi bihagije,ntiworoshye namba,abo uzayobya ugendeye kuntege nke zabandi,ni benshi kdi uzababazwa
@MinaniVincent Says:
Ahubwo mwebwe mwirera niyompamvu mwirirwa musebya abandi bakozi b,Imana nuko mwireze nyine ntakinyabupfura muhira akazi kanyu nukwirirwa musebya abakozi b,Imana
@MinaniVincent Says:
Nonese uretse umwuka mubi ukurimo ,igitangaje mubyo Gitwaza yavuze Niki nuko yabwiye abskriston be ngo bajye bamwita papa? nonese poul we ntiyavuzengo ninjye so kuko arinjye wababyaje ubutumwa
@HabimanaJoseph-c6j Says:
Umvamwese ntimukorera lmana yomwi ljuru sobuja muramuzi mwese nisatani mukitwa bibiriya
@uwizigiyimanaannemarie9587 Says:
Sha nawewe ntabishasha uzanye mbona uje nkabandi bose kandi umenye ko wewe ntajuru ufite uzojanamwo abantu.Mwese twarabamenye .
@JacquieIninahazwe Says:
Shalom Nimba nawe urumukozi w'Imana Tubwire Yesu Gitwaza nimba atari mu kuri Umusengeri kandi umurondere Umuvugishe, utabizanye kuri hano kuri Youtube

More Iyobokamana Videos