Ivyo uvuze nivyo kabisa idini n uko riri kandi Yesu ntagsmahunda afitanye naryo . Ikindi dukwiye kumenya idini si izina ni ubuzima ni Itorero si izina ni ubuzima . Kuvuga amakosa y idini no kuyamenya ntibitwinjiza mw Itorero . Itorero ni inzira y Imana itugeza ku Mana ivyo bigaragarira mu buzima duhabwa n umutwe Yesu . Rero namwe harivyo mbanako bigaragaza idini ; ab Itorero ntibagira amasengesho yo kwiyiriza ngo babigire itangazo ,ikindi ni uko kuntu utokwivuga utavuze titles zawe... ubwo si ubuzima bw Itorero . Nifuza mwogera aho mugira ubuzima bw Itorero atari kuvuga amakosa y idini gusa ( sinanse kumutayavuga) , ikindi n uko uvuga ko ico gitabu wanditse arico gifasha abantu kurongora idini . Bibiliya irihagije simvuze ko ico gitabu atari ciza a
Imana iyo iguhaye umushumba aba ari umubye wowe ibiganiro ntakiganiro wakora ngo usoze utavuze gitwaza bwira abantu ibyubwami bw'Imana .kwihana no kugaruka kwa yesu
@enockmanoah1636 Says:
1. Umwuka w'imana Uzana Ubumwe ark wowe Ugamije Kwangisha Umutu Abandi.
2. Uragenda Ugafata Aka video gato ushaka. kugirango unenge, aho kuduha yose ngotumenye contexte ukuri kwibyo Umuntu yarashatse kuvuga.
Aha gitwaza yarimo abwira Abantu kubaha Abashumba na Deontologie yitorero.
3 bwiriza Abantu ukuri kwa yesu bakumenye, kuko Iyo umuntu Azi ukuri Amenya nuvuga ikinyoma atiriwe Avuga Abantu.
4.gitwaza Tabwo Arwanya yesu kd yazanye benshi kuri yesu Sinzi niba umaz kuzana bangahe. Kd byose Yavuz biri biblique nuko Arinyigisho Udasobanukiwe.
5. Ndagusaba kwiga kumva sens yicyo umuntu Avuz. Kd usabe Imana Iguhe Ihishurirwa Ujye ubona Ibyo ubwira Abantu uve mukunenga.
@niyonshuti Says:
Murakoze cyane, none dukore iki??
@KidumuJean Says:
Umu pasteur yarakwiye kwihana yigereranyije n Imana agatinyuka ngwatanga ubuntu
Yesu yaravuze ngo ntimuzagire uwo mwita so kuko so arumwe, ar'Imana. None Gitwaza yatinyutse gutegeka ko bamwita batyo?.
@jeanny380 Says:
Ushaka view gusa zishakire ahandi apana kuri Gitwaza
@jeanny380 Says:
Wagiye ufata Video yose uzimpamvu yabivuze munjye muyoba mwe nyine
@ErasteNzeyimana-p8h Says:
Inyigisho utanga ziranyubaka ukomerezaho ngaho
@ferdinandrurangwa7910 Says:
Ariko njye mba numva Jean Luc kumurimo w'Imana ukora wokongeraho gushinga itorero kugirango abo tuzajya duhungisha tujye tubona aho tubashyira hatari mu birura byabarya (rero umva itorero nifuza ko washinga niri rikorera Imana mukuri kwayo no mu mwuka ,itorero ridashyize imbaraga mugushaka indamu,itorero ritanga ibyacumi n'amaturo ariko ntibijyanwe ngo kukicaro ahubwo bigahindukira bigafasha abakene no kumurimo w'mana kumugaragaro no mumucyo .
@ferdinandrurangwa7910 Says:
None se Jean Luc we ubu koko tukimara kumva ibi bintu koko gitwaza avuze koko uyumuntu ari gukorera Imana ikiranuka yo mu ijuru?kuki abantu banga kubona bakanga no kumva koko?ko Imana itwereka abantu batuyobora ngo munzira y'ubugingo ataribo tukanga kureba?ibyo Gitwaza bamuvuga ubu ibyo avuze ntibihamiriza ko ibyo bagiye bamuvugaho ari ukuri?bantu mukurikira uyu mugabo Gitwaza muhunge mudapfa (muhunge urupfu rw'iteka mwa bantu mwe kuki mudatinya urupfu rw'iteka mwabaye ibyihebe?) sinzi uko mureba ariko Imana yo ibasha kugera mu mitima yanyu nibahe kubona.
Ariko se wa Mugabo we ko numva urwanya abasengera hamwe, ubona na Yesu akiri ku’isi atarajyaga mu’isinagogi ?? none se Yohana yandikira amatorero 7 yo muri asiya nibande yari yandikiye ??
@AdrienSibomana-dv7tq Says:
Gitwaza turamwemera ariko ikosa yararikoze
@mukamanaspeciose2505 Says:
Iyi vidéo narayumvise nanjye nabirebaga live numva ndumiwe
YOUTUBE COMMENTS