Jean Luc Imana iguhe umugisha, narimaze iminsi numva ibibintu uko Ari 17 biranga idini nitorero arko ubu noneho umwuka ansobanuriye neza ibyaribyo, mumagambo macye idini ni Satani kuko ibi bintu byose biranga idini nibyo biranga Satani (kamere ya Satani) naho Itorero ni Yesu Kristo. ibi bintu uko Ari 17 biranga Itorero ni Kamere ya Yesu Kristo
@nduwayezuaimefrancois1025 Says:
Njye kuva namenya Gitwaza namuhishuriwe ko akorera satani kandi ko afite ubwenge butavumburwa n'abanyamubiri.Afite akarimi kareshya kandi kabeshya
Jean luc uje mu gihe gikwiye pe!kuko ntawavumbura gitwaza ko akorera izindi mana,cyokora nabonye igiterane cye abasore bambaye ubusa mu gituza baririmba mu rusengero mushidikanyaho. Ariiko ririya jambo ngo Yesu siwe nzira y,ukuri ijyana abantu mu ijuru wenyine nahise nsiba ibye byose.
@messieroireine1056 Says:
Komera ku rugamba Jean Luc mwenedata kandi Uwiteka agukomereze amaboko. Turagukunda cyane ❤
@Hebrews10-10-pu2rq Says:
KU MWANA W'UBUGINGO CG KU MUNTU WAHAMAGAWE NTABWO BISABA KUTUBWIRA IBYO ABANTU BISHAKIYE NGO BYOSE TUBYEMERE.
KANDI ABANTU BIGIZE ABANEBWE MU BY'IMANA KANDI URU RUGENDO BISABA GUSHIRIKA UBUTE N'UBWOBA.
NITUDASHIRIKA UBUTE KANDI NGO TUBE MASO BAZATUYOBYA, KANDI NYIRUBWITE (KRISTO) NAWE YARABIVUZE NGO BAZAYOBYA BENSHI NDETSE NGO BAZAKORA N'IBITANGAZA!!!!
UBUNDI C UMUNTU YITWA DADY (PAPA, FATHER) ATE!!!!
KANDI DATA ARI UMWE WENYINE.
IKINDI TWESE TURI INTAMA MU CYANYA CG MU RWURI RWA DATA.
UMWUNGERI AKABA UMWE, TUKABA ISHYO RIMWE, UMWUKA NI UMWE, DATA UMWE.
NYABUNEKA TUBE MASO DUKANGUKE, AMAZI SI YAYANDI, TURAGANA AHANTU HATARI HEZA KU BANA B'UBUGINGO.
@kayibandasamuel5427 Says:
Uwo musaza ni umuyobe pe.
Gusa biragoye kumutahura.
@uhfvf1083 Says:
Ariko nawe aho udusomeye naha nyuma Yesu yaraje, na nyuma yo gupfa kwe ariko ikibazo legend yabajije apostle cyavugango: Ese abantu bapfuye Yesu ataraza mu isi ku munsi wumuzuko ntibazabona ijuru ko bari batarigishwa Yesu nawe menya haricyo mupfa Cg haruwamugutumye
@JN-bq8dh Says:
Ariko wamugabo wee wagiye ureka gucya imanza ko Kristo azabyikorera
@Hebrews10-10-pu2rq Says:
NDABASABA, NDABINGINGA KO MWASHYIRA COMMENTS KUBYO NAVUZE DUKOMEZE DUHUGURANE NUMVE NIBA KOKO IBYO NANDITSE ARIBYO.
MURAKOZE!
@micomyizaalexis7958 Says:
Ikigaragaracyo uyu mugabo kumuvuga nibyo byinjiriza iyi chanel yawe ikibazo nuko umuvuga nabi ikindi wibuke amaga Yesu yavuze ngo nti mugacire abandi urubanza kndi ati mbere yo gutokora igitotsi kiri mujijo rya mugenzi wawe banza urebe umugogo uri muryawe, niba ubaye umucyamanza wa wabantu ubwo Imana izakora iki ? Niba ubwiriza umuntu iminsi yose,Yesu uzamubwiriza ryari?
BYATUMYE ITANGA UMWANA.... KUGIRA NGO UMWIZERA ATARIMBUKA AHUBWO AHABWE UBUGINGO BUHORAHO (NTIBYUMVIKANA C)??????
NONE ABANTU BARABWIWE, BANZE KUMVA NGO HAZAKUTIKIZWA AMATEGEKO BATISHE????
UBWO NI UBUHE BWOKO BW'AMATEGEKO!!!!!
NIBA UMUNTU YARANYUZE MU NZIRA ITARIYO UBWO IKINDI KIZAREBWA NI IKIHE?????
INZIRA NI IMWE NI KRISTO YESU WENYINE.
NAH'UBUNDI IBY'IMANA NTAKUGEBEKEREZA KUBAMO , UWABIVUGA UWARIWE WESE, TITRE YABA AFITE IYO ARIYO YOSE, ICYO YABA AKORA CYOSE!!!!!!
NTA KIGOYE GIHARI RWOSE MU BYO KUVUGA NGO YESU NIWE NZIRA, UKURI N'UBUGINGO.
@Hebrews10-10-pu2rq Says:
Yohana 3:16
Kuko Imana yakunze abari mu isi cyane, byatumye itanga Umwana wayo w'ikinege kugira ngo umwizera wese atarimbuka, ahubwo ahabwe ubugingo buhoraho.
Yohana 1:12-13
Icyakora abamwemeye bose bakizera izina rye, yabahaye ubushobozi bwo kuba abana b'Imana. Abo ntibabyawe n'amaraso cyangwa n'ubushake bw'umubiri, cyangwa n'ubushake bw'umugabo, ahubwo babyawe n'Imana.
Yohana 14:6
Yesu aramubwira ati “Ni jye nzira n'ukuri n'ubugingo: nta wujya kwa Data ntamujyanye.
Yohana 14:9
Yesu aramubaza ati “Nabanye namwe iminsi ingana ityo, kandi ntiwari wamenya, Filipo? Umbonye aba abonye Data. Ni iki gitumye uvuga uti ‘Twereke Data wa twese’?
ICYATUMYE YEREKANWA NI UMUGIRA NGO AMAREHO IMIRIMO YA SATANI
Yohana 3:8-12
Ukora ibyaha ni uwa Satani, kuko uhereye mbere na mbere Satani akora ibyaha. Ibyo Umwana w'Imana yerekaniwe ni ibi: ni ukugira ngo amareho imirimo ya Satani. Umuntu wese wabyawe n'Imana ntakora ibyaha kuko imbuto yayo iguma muri we, kandi ntabasha gukora ibyaha kuko yabyawe n'Imana. Icyo ni cyo kimenyekanisha abana b'Imana n'abana ba Satani. Umuntu wese udakiranuka cyangwa udakunda mwene Se, si uw'Imana. Ubwo ni bwo butumwa mwumvise uhereye mbere na mbere, ngo dukundane tutamera nka Kayini wari uw'Umubi, akica murumuna we. Mbese icyatumye amwica ni iki? Ni uko ingeso ze zari mbi, naho iza murumuna we zikaba nziza.
@Hebrews10-10-pu2rq Says:
ABANTU BAVE MU BINTU BYA FANATISME RWOSE !!!!
NTA MUNTU WEMEREWE KUGENEKEREZA KU BYO KRISTO YESU YIVUGIYE UBWE!!!!
IBYO UMUNTU ATAMENYA NI IBYABAPFUYE KERA BATARAMENYA KRISTO YESU CG UBUTUMWA BUTARABAGERAHO ARIKO ABUMVISE UBUTUMWA BWA KRISTO YESU NTIBAMWIZERE BO BABA BARAMENYE UKURI ARIKO NTIBAKWEMERE (UBWO NAMWE MURABYUMVA).
@Hebrews10-10-pu2rq Says:
BIRAGOYE KUVUGA KO YESU ARIWE NZIRA, UKURI N'UBUGINGO????
IKIGORONYE GIHARI NI IKIHE????
IKITUMVIKANA C NI IKIHE?????
UBWE (KRISTO YESU) YARABYIVUGIYE, NONE NGO BIRAGOYE!!!!!!
YESU NIWE NZIRA, UKURI N'UBUGINGO, IBYO NTA GUSHIDIKANYA CG NGO DUCE KURUHANDE CG NGO TUGENEKEREZE.
UTANGA UBUGINGO BUHORAHO NI IMANA DATA KANDI INZIRA NI KRISTO YESU.
@kwizerafred3536 Says:
So terrifying and alarming for sure. Plz change
@YESUKRIST Says:
Urubyaro rwa Yakobo nibo bari Ubwoko bw'Imana naho muri Periode yacu inzira ni Kristo kuko niwe watumye twemerwa!
@YESUKRIST Says:
Urubyaro rwa Yakobo nibo bari Ubwoko bw'Imana naho muri Periode yacu inzira ni Kristo kuko niwe watumye twemerwa!
@elieniyoyitungira8331 Says:
Courage mukozi w, Imana ushaka kwumva azokwumva none uvuze ko Yesu atari inzira nukuri vyiza wocureka kwigisha kwakira Yesu nkumwami numukiza
YOUTUBE COMMENTS