Ayaloni Tv na Les 12 ouvriers Tv mukomeze kuduhugura Imana iduhe frw dushyigikire ivugabutumwa mutugezaho Uwiteka akomeze abaagure mu buryo bw'umubiri no mu by'umwuka
@umutanganagodelieve2692 Says:
Yesu Ashimwe bene Data!Icyo gitabo "ukuri nahishwe" niba ku giciro buri wese yibonamo byaba Ari byiza murakoze
Ubwami bwumwijima burapanga ariko nubwami bwumucyo nabwo bugapanga yohana 5:17 ngo Data arakora kugeza na nuyu munsi nanjye ndakora ayo namagambo ya Yesu ubwo rero abafite ikimenyetso cyamaraso ya Kristo nta bwoba dufite mwuka wera uri muri twe azadushoboza guca mu bikomeye hari imbaraga zimira izindi
@nshimyumurwavalens7800 Says:
Ndabasuhuje benedata, nukuri Umwami Yesu Kristo arikugarurirwa intama zazimiye kubw'ubu butumwa bukomeye nukuri ndi umwe mu batorotse satani kubwo guhishurirwa no kumenya igihe dusohoyemo Kandi bitewe n'ibyo nabumvanye mubihe bitandukanye, .. Uwiteka twiringiye akomeze gushyigikira urujyendo rwanyu.
@IngabireMarieclaire-e3x Says:
Musome igitabo intambara ikomeye pg 414 igika cyanyuma ibi byanditswe mu 1888 none birikuba ubu
@janviereniragira2968 Says:
Nuguhungira mur kristo Yesu gusa ntahandi
@ninishalom7271 Says:
Ntivyoroshe iyo tuja 😮
@hopeforlife4783 Says:
Mu gihugu cyacu,abashumba baragiye,barabisabye ko hajyaho itegeko ribuza ubutinganyi,barabasubiza ngo ntakibazo gihari Kandi ngo umutinganyi ni umunyarwanda nk'abandi akwiye kwishyira akizana, icyuko ntategeko bashiraho Kandi ntakibazo cyubutinganyi gihari: ibi byavuzwe nuwigeze Kuba depite yaitwaga Nkongoli,byaciye kuri TV ndabyibuka.Aba pasteri Bari bagerageje.
Umwuka wera w'Imana nadusange nukuri atubashishe gusobanukirwa ibihe kandi atuyobore aduhe ubwenge bwo kumenya uko twifata.
Mana tabara abakwizeye
@dodododo1881 Says:
Trump reka aze tumutore atsinde amatora, maze abihagarike mwizina rya Yesu ,
@dodododo1881 Says:
Abarabu barakize nacyo babakangishya AbanyAmerika ,ariko Africa barashyonje disi ,bagomba kubyemera kubera ko bashyaka cash ,cangwa ibyubahiro
@dodododo1881 Says:
Ninka Gripe ariko irababaza hano muramerica abantu barayigwaye inkorora ikaze ,ariko nukuyinkwera umuravumba abari muri Africa ,ibirayi na Canada na handi muzakoreshye igikakarumbamba .
Bazabikomeza cyane kuko bazica za connection za fone ,kugira ngo hataba itumanaho pe ,
@dodododo1881 Says:
Jean Rick iyo ubona umwana wa 15ans agwara ipyiko ,nacyo bikumwira koko ,uzajye mu bitalo abana bari kwicwa naza cance
@dodododo1881 Says:
Patrick ninzo ndangamuntu baduhaye nizo zituma badu control, jyewe nunva ntabwo ba aba kristo nacyotuzaba pe mwe mushyikame kuri Yesu gusa .,mukomeze gusoma Bible buri munsi no gusenga gusa .
@hillarMusafu Says:
Yesu ashimwe ariko mwakoreye ikiganiro ahantu Hari urusaku
@dodododo1881 Says:
Bizatuma batongera kubitsa muri banque, bazajya bayabika murugo 😂batahishiwa ,ariko nimugire ubwoba Kristo Yesu ari muritwe. Azatuburira
@NGABOYUBUTWARIAbdoulkarim Says:
YESU nashimwe brother ndi ko abakiristo tuba maso kuko turi muminsi yanyuma IMANA Ibahe umugisha mwizina ry YESU Amen
@KarumugaboFidele Says:
Yoooh! Mukozi w,lmana murakoze cyane uwiteka
Adushoboze kuba maso .
@NshimiyimanaEmmanuel-vr3wm Says:
Murakoze kubw'umuburo w'iminsi n'ibihe muduhaye.Imana ikomeze kubaha ubutumwa mugeza ku ntore zayo .Nonese ni gute umuntu yabona ibi bitabo by'inyigisho z'ibihe?
@nshimyumukizajacques7074 Says:
Great reset
@hakizimanaandre1689 Says:
Urakoze cyane mukozi w'Imana ku butumwa uhaye abana b'Imana n'abizera umwami wacu YESU Christo kugirango bakomere mu myizere ndetse bamenye uko bitwara muri ibi bihe bikomeye isi n'abayiyobora barimo kuyijyanamo. Dukomere k'umwami YESU niwe tuzaboneramo intsinzi. Imana ibane nawe mukozi mwiza.
Ni gute bomenya ko ari icyorezo kigiye kuza 😂😂 ni mukanure ivyo bavuga baba babizi kuko nivyo bateguye kandi babivuga kukarubanda ahubwo umu Kristo wese navyuke asenge cane knd munezerwe kuko turi kumusozo w'uru rugendo
@BH-jt8fr Says:
Isabato , sabbath, Saturday = ikimenyetso ki Imana
Icyumweru Sunday dimanche= ikimenyetso ki inyamaswa.
Mukanguke
Imana ibampere umugisha mbanje kubaramutsa di bakozi b. Imana Yesu kristo akomeze kubampera inkomezi ndi umurundi ndabakurikiye cane
@KubwimanaEgide-u6u Says:
Amahanga azasuma nk'amazi menshi yo ku rusumo, ariko Imana izabahana, na bo bazahungira kure nk'ibishingwe byo ku misozi iyo bijyanwa n'inkubi y'umuyaga, kandi bazirukanwa nk'umukungugu utumurwa na serwakira. Dore ibitera ubwoba nimugoroba ariko bwajya gucya bagasanga nta bihari: uwo ni wo mugabane w'abatunyaga kandi ni byo bihembo by'abatwambura.
YESAYA 17;13-14
YOUTUBE COMMENTS