Hello pastor ndashaka kukubaza iki Azo umuntuwatewe urukingo twa covide nambbazi zimana azabona ndakwinginze nsubiza ni Rebecca ikinyinya murakoze
@jeuneafrique3564 Says:
Duhamirizwa na Mwuka wera ntago duhamirizwa nabagore none ko intumwa Paul nta mugore wamirizaga ibyo wigisha ubuza abantu bisa nukuri kuko sibyiza gufana umupira ark ibyo kuba wizera niba ukizerera nk' uko wigisha knd ukaba warabohowe kuri match ukibwira ko icyaha ari UKutagura amasima yo kurusengero rw' i nyarugenge ntiwizera uracyayobye
@mukeshaalphonse7842 Says:
Ibyo Pasteur ari kuvuga ni byo ariko inzira uracyari ndende. N'uriya musaraba w'ibiti bibiri bisobekeranye ni igikoresho cya Satani. Kera na mbere y'uko Yesu aza ku isi cyari ikirango cya Tamuzi. N'ubu mu madini ya Shinto na Bouddha batazi Yesu, ariko bafite umusaraba. Indaya, abaraperi b'ibyamamare bambara imisaraba minini nk'iy' abasenyeri. Imisaraba ishingwa mu marimbi... Yesu yaradupfiriye arabambwa nk'igitambo cyo kuducungura. Ariko yamanitswe ku nkingi. Ni ku ngiga imwe. Ikintu yatereye Gorogota yikoreye cyari igiti. Simoni w'i Kurene yaje kukimutwaza yatangiye kunanirwa agenda agwa. Ageze mu mpinga, Yesu yamanitswe kuri icyo giti,yambitswe ubusa buriburi. Imyenda ye abasirikare barayigabanye. Kuriya Abartistes bashushanya yambaye akabindo anabambwe ku biti bibiri bisobekeranye ni undi mutego Satani yahanze, kandi aha ho bizagorana. Komeza wowe ukore ubushakashatsi. Imana yaravuze iti : " Ndacyafite mu murwa abantu 7.000 batarapfukamira Bayari ". Ahandi iti : " N'aho naza ku isi nkahasanga abakiranutsi batatu gusa; Nowa, Mose na Yobu... ubwo abo ni bo natwara bonyine". Amen
@fafasmith-p3d Says:
Ntumbwir ko ivyishimo vyanj vyubakiy kuyo muziii???
@gahololotv5680 Says:
You have ignorance
@IrankudaAlida Says:
Yesu we
@BarutwanayoBosco-r9s Says:
God bless you for advising us so,l wish to never watch football picture of evil!
@AlfredLeGrand-uv1in Says:
Noe kombona Team zifis ivyobimenyetso kozitakomeye
@NiyonzimaJeandamour-k9w Says:
Numvise ngo har match yaba ya ba Pasteur muri adpr
@emmanuel_nsabirora Says:
Murakoze cyane. None ugice kivuga kuri film umuntu yakibona gute?
@Nishimwe-yp7hw Says:
Njye ndabona aribyo koko
@GirbatNsimiyimana Says:
Nugusenga
@kagamevalens1260 Says:
Nanjye nagize vision kuri cherce mbona ko ari ibyikuzimu
YOUTUBE COMMENTS