Hari ibintu byinshi budasobanutse muri iyi nkuru! Gusa hari abantu banga kuva mu bibazo bagakomeza bakabyikururira nawe ndi kukubonamo tu! Uri gushyira ibyiringiro byinshi muri papa wawe kuburyo ndabona uri kwishakira ibibazo kurusha ibisubizo! Ukuntu uca hejuru ya viol maman wawe yakorewe byambabaje sana! Warangiza ngo azakujye inyuma ajye guhura numuntu wamufashe kungufu ngo nuko wowe ubishaka?! Nta soni?!! Njye inkuru yawe yose nakubonye nkumwana wabaye indashima ugora maman wawe ubundi abo kwa so icyo ukora nukubaha urwitwazo! Niba koko barakumenye ku myaka yawe 12 retard ya 4ans ntiyari kukubuza gusubira mu ishuri! Ikindi kandi papa waw ntakubeshye yari abizi ko uriho kuko ntakuntu famille ye yamusuraga banavugana yamaze imyaka 18 itaramubwira ko uhari? Njye ndabona ufite ibintu wanga kwakira uzakubitana nabyo nukomeza kwishyiramo ko papa wawe ariwe makiriro! Umuntu uviola abana ngo ni umuntu mwiza? Umuntu ngo uguhamagara sa munani zijiro ubwo ni muntu ki? Umuntu umuryango wose udashaka kumva? Utabona amaunités yo kuguhamagara ariko afatinyuka kubwira maman wawe ngo ni umunyamafuti ngo yari kukurihira? Ayakuye he niba atabona na ya amaunités? Maman wawe ntuzamuteshe umutwe ngo aguherekezw please!Wa mugani wa so wanyu ni gute abandi bazi aho papa wawe atuye kumurusha 😅 Nkuko natangiye mbivuga, buriya umuntu ufite ibibazo akunda gukurura nibindi bidafite umumaro! Uwo papa wawe iyo ashaka ko mubonana mwari kubonana niyo mwahurira kumupaka. Kugira igikomere ni kimwe ariko gutekereza ko umuntu ubonye nyuma y imyaka 30 ariwe gisibizo ni amakosa akomeye! Maman wawe niwe gisubizo cyawe yarakureze none arimo aranakurerera ariko uramwitura kuvuga ngo ikosa nuko bamuteye inda?! Ntasoni! Gusa nujya kureba papa wawe ntuzijyane uzarebe inshuti mujyana kuko njye ndamukemanga! Ariko maman wawe umuhe amahoro ntuzamusubize inyuma ho imyaka 30! Ntukikunde! Igikomere ufite nawe aragifite wikongera icye nta gahuzamiryango mbonye aho! Et d’ailleurs nkurikije ukuntu papa wawe wamaze kumugira an idol, wanze kuvuga ko yafashe kungufu maman wawe afite moins de 18ans! Ariko njye nabyumvise tu! Kuko 18 wayivugaga gahoro cyane😂
@IkireziGiselle-iw4mr Says:
This is my story😢😢😢😢 mana nambe nawe wanabivuga njyewe mbanumva ntazi gusa lmana igihe umugisha gusa ndumva ubimvugiye
@BernadetteNyampinga Says:
Imana ishimwe ko wamenyanye na papa wawe ariko akikumva yarikuza ku kureba na maman wawe yakoze ikosa kutagushyira mwishuri nibura ngo wige primair nibura ariko ntakundi nukwihangana rero gerageza ujye kuramutsa papa wawe vuba azapfe mubonanye
@Blessed-y7l Says:
Mureke tugye twubaha ba papa bacu baduhaye urukundo tunabishimire Imana.
@bskskidstv6879 Says:
Yewe ihangane ariko ndumva story yawe iburamo akantu!! Kunda mama wawe deeply kuko uwo mu papa wawe ni “Father” kuko ari amaraso yawe ariko kuba Dad nurundi rugendo. It takes a minute to be a father and anyone can be a father!!! But being a dad requires , love, caring, responsible, etc…. Muri society zacu dufite aba Fathers benshi ari ba Daddy Bo nibake cyane . Kuba dad suko wabyaye gusa , umugabo wese wujuje quality ziranga Dady ni Dady!!! Ababyeyi baguhaye urukundo ukarwanga warakosheje pee
@umudododoreen7590 Says:
Chantal wowe kunda mama wawe umwomore ibikomere yagize by’ubupfubyi no gufatwa kungufu wishyire mu mwanya we wafashwe kungufu urumva wakunda uwagufashe kungufu no kwa so urumva ntibagukunda na papa wawe ubwe nushaka uzamurebe gusa umumenye ntaho ntabindi nta mutima wakibyeyi numva yakugiriye nawe sinzi ko yagukunda rwose utarasabye imbabazi mama ngo yice ikiru nawe ntiyagukunda ,ita kuri mama wawe akabura ntikaboneke ni nyina w’umuntu.
@kaboyiimmaculate4129 Says:
Urabuza mama wawe kubyara abandi bana kdi wowe waravutse jyewe ndabona waramwongereraga ibikomere gusa
@RehemaAnge Says:
Chantal ndamukunze pe yagize inyota yokumenya umubyeyi we kandi aranamubabarira abakobwa na base rwose
@solangeingabire4522 Says:
Ariko iyi nkuru harikintu kitagenda neza kuvuga ngo papa yahemukiye mama, muvuge ko papa wawe yafashe ku ngufu mama wawe( viol) ,mureke kurenganya uwo mubyeyi ngo ntiyakujyanye ku ishuri ngo nta rukundo yaguhaye😡😡. Erega la victime niwe bagize ubuhemu. Mwarangiza ngo mama wawe azafate inzira ngo bajye kumusaba imbabazi. Famille ya papa wawe nabiyemezi désolé pe kuko mu myaka 13 bakumemye bakumariye iki? Hari benshi bize batinze ko batahereye aho bakumenye ngo bagufashe? Si ukubaha papa wawe ufite ahubwo ufite igikomere kuba utarigeze umubyeyi ukubera papa bigatuma ihimbagiza( idéalisé) papa wawe. N uburenganzira bwawe bwo kumenya inkomoko yawe ariko kuvuga ko urutse ko papa yahemukiye mama wawe ntakindi kintu yamukoreye! No come on papa wawe yafashe mama wawe kungufu mwite ibintu mu mazina.abo bakire bari ku kwishyurira ishuri badafite ubufasha bwo kuguhamagara😢 ????? . Muzumve inkuru Karegeya yatumbiye yuko bagiye kureba umwana wi shuti ye yari yarapfuye uko bagiye kureba umwana mujye mutera intabwe mwige. Sha rukundo mbonye aho kuri famille ya papa wawe na papa wawe arigukina n amaranga mutima yawe agusaba kuzana mama wawe amusabe imbabazi ko yamuhekiye aho kuvugako yamufashe kungufu😡😡😡 so sorry to u and yr mom. Ujya ubwira mama wawe ko umukunda umuhe urukundo nizo mbabazi akeneye
YOUTUBE COMMENTS