Sinzi uburyohe Bw'Urugo Kandi Narashatse😭Imyaka 19 Irashize🥲| Apostle Gitwaza yaramburiye Ndanga
Sinzi uburyohe Bw'Urugo Kandi Narashatse😭Imyaka 19 Irashize🥲| Apostle Gitwaza yaramburiye Ndanga
Advertisement

LEAVE YOUR COMMENT

YOUTUBE COMMENTS

@ROSETVSHOW Says:
Ushaka kuvugisha Mama happy 0788647392
@virgolaparfaite6752 Says:
Mana weee!! Iyi si ni dange 😭
@UyisabyeChantal-l8e Says:
Mam wacur ihangane iyo si Imana yagusenyeye ahubwo ni satani umwe wamanukiye isi wigira marayika w*mucyo kuko Imana ntigira abantu babi ahubwo ucunge sana izo mbaraga zikugenderera
@claudetteu1104 Says:
Iyo Imana yakwisuriye mu nzozi rimwe, kabiri ndetse gatatu 🤔 ihanganire izo ngaruka kd izakomora humura
@claudetteu1104 Says:
Yewe Imana ntacyo yaguhishe ahubwo amatwi arimo urupfu ntiyumva ihoni. Imana ikubabarire kutumvira
@MugamageIslaer Says:
Ntukabeshye urumubeshyi wowe ntasoni.
@MugamageIslaer Says:
Uwo mugore n'umwana mubi twabanye ahantu kimironko ahanura ibinyoma kubwindamu uwo utamuzi aramubarirwa.
@bmillions9681 Says:
Murakoze cyane rwose.Ubu buhamya ni ubw'umumaro kuko Imana turabizi ko ivuga kandi ibyo ishenye irabisenya n'ibyo yubatse irabyubaka.Uzagirira umugisha mu kumvira Imana.
@BukuruSesphara-k6h Says:
Imana iguhezagire muvyeyi
@AssoumptaByukusenge-ul7wq Says:
Mubyeyi komera duhuje ubuhamya nanjye imyakani19ariko yagahunda numubabaro kd nkunda gukorera lmanape
@MurerwaClaire-e8p Says:
Imana imuhe umugisha
@MurerwaClaire-e8p Says:
Ikibazo kimwe gusa
@MurerwaClaire-e8p Says:
Mama hape Amephoin ye mubaze
@MurerwaClaire-e8p Says:
Yesu ashimer
@johanithasan8765 Says:
May be the guy had Narcissistic personality disorder.😢
@RfghVv Says:
Vava urakoze mubyeyi mwiza Imana iguhe umugisha rata ❤❤
@hagenimanaelie1786 Says:
Ibyo bintu kandi aribyo dukwiye kumenya
@bobm4381 Says:
Kuba ntaburyohe bwurugo uzi nuko wasuzuguye umugabo ntakindi
@MukantagengwaSolange Says:
Abantu batunzwe no kubeshya
@IngabireDiane-b6w Says:
Najye narimaze kubizinga
@Moriya-w8b Says:
Nanjye. Maze 26ans arko ntaburyohe bwurugo ndabona pe ariko nariyakiriye kd ndacyarurimo
@Mignonetvshow Says:
Imana iravuga
@ireraaudrine2516 Says:
Rose ukwobukey ukwobwije uguma wibera kezaaa disiiii
@Nowacomedy3 Says:
Iyo mwapfuye ubusa niho ujya mu miteto
@Nowacomedy3 Says:
Biterwa n' icyo mwapfuye kugirango mutandukane
@Nowacomedy3 Says:
Ntago ari ukuyihesha
@Nowacomedy3 Says:
Wowe uri umuntu wajye❤❤❤
@Nowacomedy3 Says:
Abatabizi ntago babizi sha😢
@numukobwagermaine5125 Says:
Nanjye byambayeho inzozi tuzubahe🎉❤
@MarieGorettiMukanzigiye-oj3sy Says:
Ndakumva cyane..
@MarieGorettiMukanzigiye-oj3sy Says:
Impore
@hakizkizimanaelysee7099 Says:
Jyew turabuhuje mber ngusimvya umuryang njyenimunini yantaye tuvyarany Beshi mumyak mike cn 🤦
@inachris-m4v Says:
Wa muvyeyi uvuga neza ubuhamya bwawe❤
@specioseusabyingabire140 Says:
Ariko iyo mana yanyu ni injajwa.
@LilianeUwimbabazi-wx9ih Says:
Wow be blessed mama
@MWUNGERITV Says:
Icyo nukuri uyumugore yasenye ataranashaka
@bizashira2108 Says:
Umugabo ntakuntu atagombaga kuba mubi. None se ko wari warajagaraye? Birumvikana ko iyo mitekerereze wabanaga nayo yanatumaga umubanira nabi! Naho ibyo kuvugana n' Imana mujye mubibwira injiji.
@FlorenceUmutoniwase Says:
😭😭😭ahaaa
@Intarecyane Says:
Uyu wasenyewe ninzozi nakasamutwe
@Intarecyane Says:
Uyu wasenyewe ninzozi nakasamutwe
@NestorSinzotuma-t6k Says:
Rose ,jewe sindumva umugore avugako afise amakosa. Ba muhamagara Bose. Hariho abagore bizokunda ko mubana naho umugabo yoba Ari malayika
@NsengiyumvaEmmanuel-v4y Says:
Muraho neza mubyeyi mukomere
@dusabezubeda Says:
Buri wese agira impano ye Ntabwo bivize ko ari wowe wenyine kd icyo îmana icyo ya kugeneye nta nakimwe kibihagarika cg ngo kibikureho igeno ni igeno nanjye ndota ikintu kikaba byange bikunde kiraba kubulyo ntinya no kurotorera uwo naroteye cyeretse iyo narose byiza kuriwe ariko ibiteye ubwoba nda bichecheka
@kagoyireJulie Says:
Wihangane mubyeyi nkunze ukuntu wafashe imyanzuro yo kwirerera abana nibyiza cyane,nanjye byambayeho ariko iyo wikomeje kuri Yesu biragufasha
@EugenieMujawimana-n7d Says:
Rose bravo, ariko ujye ufata Position ituma umutumirwa adufacinga neza.
@Jeannette3qs Says:
Yesu kristo Ashimwe mwenedata ,ndumva uvuga ko ukijijwe mama happy,ndakwifuriza kuba koko mama happy ,iyabaga nagiraga nimero yawe nari kukubwira icyo numvise mu buhamya bwawe! Umugabo wawe si mubi ,wowe ntiwari mubi ahubwo mwari abantu mudahuje ,dore icyabaye warose usezerana ni undi mugabo wakoze ubukwe,bivuze ko umugabo wawe ntago muzi ariko iwabo mu miryango wasanga baraterekereye rero imiryango yaterekereye iyo usezeranye ni umugabo ntago ariwe muba musezeranye ahubwo uba usezeranye ni umudayimoni w' iwabo kuburyo niyo musezerana mu ndaro wivugira ngo njyewe sindi umugore ndi umuja umugore ni runaka umukobwa utarashatse mu miryango yanyu,nawe iyk asezerana aravuga ngo sinjye ushatse ,runaka umuzimu w' iwabo utarashatse ,njyewe ndi umugaragu we! Urumva kandi ko Imana yakubwiye ko uwo mugabo atari kukwemerera gukora umurimo w' Imana,ikindi yangaha ko usenga ni imyuka itarahuye.usengere rero abana bawe iyo myuka itazagira uwo ifata muri bo.Uwiteka akube hafi cyane ,agukunde kandi aguhe ibyishimo ki uri mama Happy ❤❤❤Yesu kristo azaguhe ubugingo rwose. Amakimbirane ntago yaturutse kuri we yaturutse ku myuka yari imurimo ni Umwuka wari ukurimo itarahuye. Yashatse kukwangaza no kukurushya ubwo nawe karande zaragusabye.wenda ab' iwanyu sinzi niba bubaka cg igice cy' iwanyu cyubakana ni icy' iwabo.kuko.imandwa zirarambagizanya bitewe ni agace.urakoze
@mukarudakemwabeatrice1774 Says:
Kutumvira Imana nibibi cyane twese byatugizeho ingaruka
@tazz8586 Says:
Bjr Rose urasa neza kumutwe nahandi hose ariko
@leopoldrugemintwaza41 Says:
Murusengero Niko bamera bashimishwa nuko ubaha bo ntabwo baguha kuko hari nababara umuntu kdi yarapfuye cyera bo batabizi
@FlavienneBatamuriza Says:
😅pole komera mama natwe tubayeho mwubwo buzima nibubi cyane

More Abantu Videos