mu Rwanda hari ikibazo ikomeye cy'ubusumbane mu mishara mu bigo bya Leta kikabije umukozi ukorera ku rwego rwa Specialist Minisiteri under state atangirira kuri 3.II ubwo ni ha 700k naho ukorera SPIU under contract atangirira kuri 3.VI index zitandukanye ubwo ni nka 1600000 kandi bakora akazi kamwe muri Minisiteri imwe ibi niko biri muri MINISANTE na RBC iyo habonetse umwanya muri SPIU cyangwa ibigo nka RBC umukozi ukorera Minisitiri under state niwe uhatanira kuwujyaho kugirano abone frw none murumva ahantu nkaho habura amatiku gute? abandi bahora barebuzwa abandi ariko babatega imitego kugira ngo bagende. Joseph mbona usesengura ibintu byinshi uzadukorera ubusesenguzi kuri turnover iri mu bakozi ba Leta. kuko MIFOTRA cyangwa MINALOC ntibayikora
@idriss-k6e Says:
Yes Joseph aka VAR
@ndacyayisengaj.dediue7784 Says:
Mwaramutse neza Joseph ubunoneho muravugango,abakorera muri private bahembwa neza kurusha muri leta noneho leta ubwayo yatangiye gushiramo inequality igendeye kuri level zibitaro yewe abashiraho policy muri medical public ntabwo wamenya ikiheshe in Yuma.
@JAMA-l7g Says:
Buriya Minisante nayivuyeho umunsi bajyaga imbere ya President bakamubwirako abantu bakora kwa muganga babona PBF buri kwezi, nawe akaza akabivuga Sha Kandi ataribyo( barivugiraga RBC, naza CHU). Buriya ubuvuzi Minisante yirirwa ivuga mujye mubuvugira mu mujyi kuko niho buri, niho abakozi bameze neza kuko PBF barazibona zitubutse. Muzatubarize nubusumbane bwimishahara kuko ubu birakabije kuko abakozi banganya level bafite appointment letter zimwe ntibahembwa amwe, bamwe babongerera imishahara abandi bakabareka, mwarangiza ngo abantu ntibashaka gukorera mu cyaro? Ubundi mbere ya Sabin abakozi Bo kwa muganga bahemberwaga level imwe hatitawe aho ukorera bagatandukanira kuri PBF kubazibonaga ariko ubu shwidaaaaa
@jeremmuhizi Says:
Ese ko mutavuga amanyanga n'igitugu bikorwa na RGB?
@wiseinjungle Says:
Studio ni bien, Ariko haraburamo gufignora na HD images
YOUTUBE COMMENTS