Iki kiganiro ni sawa! JOSEPH uzakoreshe INTERVIEW soraya nibura!!!
@nshimiyimanaemile8870 Says:
Rwose uzasure cg ushake amakuru kuri Bbox irakorera aba client ibintu bibi cyane ufata imirasire yonyine wamara kuyishyura bakagushyira muri CRB ngo wafashe na television kd babeshya Ari ukugirango bakomeze bakwibe batagufungira ngo baguhe certificate
@beagoodperson3230 Says:
Joseph icyo kintu uvuga cya service provider mubijyanye na cash birakabije pee, uretse na mocash uvuga muri equity bank ezzy loan ni 12% ku kwezi nukuri BNR ibikurikirane pe
@dac-o3h Says:
Sacco ni 24% gusa iyo ubaze commissions zose bakata kandi zibarwa muyishyurwa n'inyungu usanga taux yazo ari nka 27%
@brilliantthanks-gt3tb Says:
Murabahanga
@aloystuyizere4630 Says:
CRB online check:*707#
@UmusesenguziRwema Says:
Rero kuri Justin NSENGIYUMVA. Perezida ni Umubyeyi utanga imbabazi kandi umwami ntiyica hica Rubanda niba CID yaramwirutseho imushakisha ahantu hose akaba yongeye kugaruka ari visi guverineri, Perezida agatanga imbabazi ku bakozi bari bitabiriye inama y'abakono ni gute abantu bakuwe mu myanya bashinjwa ibinyoma byo kudasigasira ubumwe bw'abanyarwanda itsinda ryakoze ubusesenguzi ryakomeje kubitendekaho kugira ngo babe victims ry'isesengura rishingiye kuri Munyangire n'amatiku Uwari Mayor wa Musanze na Gakenke bakabasubiza muri Leta abandi bakaba barahawe akato. ibi rwose ntibyubaka abanyarwanda na gato. Joseph uri umuhanga pe ntihazagire ugukanga uvugisha ukuri kutabogamye
@emmanuelhakizimana1998 Says:
Cashless iratunyunyuza! Ni gute kohererezanya amafranga bisaba kiriya kiguzi? Kohereza amfranga Rwf 1,100 bagahita baguca Rwf 100? Hafi 10% akagenda kuri transfer fees? Babibirebeho pe
@habimanajeanpaul1031 Says:
Ni Gatera James/ BK
@habimanajeanpaul1031 Says:
Bazarebe kucyitwa CRB
@rwagasanajames1400 Says:
MOCASH ni 9% , ariko ugomba kumenya ko ari digital loans technology bakoresheje nayo iba ihenze , kandi MTN ikorana na NCBA kugirango iyonguzanyo yihuse itangwe , ntuzatecyereze ko inyungu igomba kunguna ninguzanyo zisanzwe! Ikindi izi guzanyo ni micro-loans zigihe gito bitarenze 1-3months
@yizerevalensyv2503 Says:
Mtn yo yireke abantu bavangura abaguzi aho babona ufite amafrw kuri sim bagahita bazamura bandle aho usanga umwe bamuha internet ya 500 undi make akaba ahera kuri 2000 kuki batarekera abantu amahitamo bishakira
YOUTUBE COMMENTS