Abantu benshi bamara umwanya munini mu mirimo itabinjiriza amafaranga: mu Byumba by'amasengesho, muri za chorales n'ahandi nk'aho.
@IshemamarkSabra Says:
Ubundi murwanda leta izadufashe idushyirireho banki ishinzwe inguzanyo zubuhinzi nubworozi nindi ishinzwe inzu zimiturire
@BrigitteTuyishime-j7h Says:
Mfite amatsiko ko kumenya umushahara muhembwa!
@lambertnyoni656 Says:
Covid ytweretse ko gukora bidasaba kwicara mu bureau
@uwayezubeatrice9883 Says:
😂😂😂😂😂😂Akantu ko gukona urushishi 🙀🙀🙀
@mugiranezabosco9070 Says:
Yesu hagati y'ibisambo bibiri
@NASABYIMANATheoneste Says:
Ndabakunda cyane
@lynamusabimana8578 Says:
Ilindi kandi ino iburayi( ndavuga Belgium) abana bemerewe gutangira gukora guhera ku myaka 16, bakaba bafite amasaha bakora ku mwaka. Nukuvugango umwana akora gahunda yo gukora muri za vacances za pasika, noheli ndetse no muri weekend akiga gushyira udufaranga iruhande. Icyo gihe iyo aguiye kuri universités baba bifitiye argent de poche: dore urugero rwu tuzi bakora: gukora muri restaurant, gukora isuku muri za bureaux, ibitaro amahoteli, gukora muri super market, gukora delivery, gutunganya jardins. Gulorqvmuri patisserie, abiga nursing gukora munbitaro as student... Byose birafasha
@DioPrimetv Says:
Ubushomeri bwo bumeze nabi rwose, kwigisha abana kwihangira imirimo nabyo biragoranye kuko isoko ry'umurimo riracyari hasi
@lynamusabimana8578 Says:
Muransetsa rwose. Ino muri Europe ibyo bita congé prolongeerde ou bridge ou pont biremewe cyane kandi biterwa na Droit du Travail. Usibye ibitaro n'ibindi bikorwa byi banze.. Ariko umukozi wese ashobora kuyifata akurikije iminsi ya congé afite mu mwaka.
@edenitvofficial Says:
Ibyitwa BDF iyo bivugwa numva Ari cinema njye nayoboye akagari imyaka 6 nta muntu numwe wabonye inkunga cg inguzanyo ya BDF kdi barasabaga
@uwiringiyimanadiogene1350 Says:
Kugurisha mu Madorali ntibyemewe Joseph we! Buriya na Forex bureaus ntizakabaye ziri mu gihugu cyacu!!!
Ibyakazi byo byihorere.njye narakoze ndatsinda barakanyima umwanya usubizwa ku isoko kugeza liste ibaye expired .
@nyiresthertv8572 Says:
Joseph mutanze urugero rw'umusigiti iruhande rwa zion Temple habaye amananiza ariko ubu byarangiye bagiye kwisabira Gitwaza kuhagura , uwo muturanyi wo kwa Yezu Nyirimpuhwe nibamwihorere bakomeze isengesho Imana ifite uburyo izagura ubuso ariwe bwite wiyingize Kiliziya , ikindi agurishije Kiliziya nta maninza ni we uronkeramo byinshi cyane muri Kiliziya urugero Sina afite byinshi bizwi yatanze nk'impano no kugera ku butaka , kubaka Kiliziya ari wo uriya mugisha umwizanira , icyubahiro afite , buriya n'abe bose yarabaronkeye n'ibihe biri imbere , abenshi mu bana bacu bishyuriwe amashuri , kugira umugisha mbona ko ari igikorwa sogokuru yadukoreye mu bwitange yagize Kiliziya igeze iwabo umugisha , naho bamuha ayo ashaka habaye amananiza bizayoyoka , benshi ntibamenya no gusigasira umuryango kugera ku bisekuru bizaza ! biciye mu neza
@EricRUKUNDO-m6v Says:
Uwavuga iby uburezi ntiyava mu nzira. Habuze igitoroshi. Niba ari uko bidahitinga, itangazamakuru ntiribyitaho. Petit frerr yambariye ibyo babamo muri TTC numva ni hatari.
YOUTUBE COMMENTS