INAMA Y'UMUTEKANO(S2EP3): Nkongwa yateye mu burezi n'umurimo irashyira mu kaga Abashomeli!
INAMA Y'UMUTEKANO(S2EP3): Nkongwa yateye mu burezi n'umurimo irashyira mu kaga Abashomeli!
Advertisement

LEAVE YOUR COMMENT

YOUTUBE COMMENTS

@emmanuelkundimana466 Says:
Ibintu muri gusobanura nibyo pe education yahindutse ubucuruzi akenshi umuntu yigishwa ibyo kumutakariza igihe kd akabyishyura ntanaho azabikoresha.
@Microversestudent Says:
Cyaze ikiganiro cyirimo ubwenge
@bazaramyainnocent5229 Says:
Nakifuje ko iki kiganiro cyakumviswe nabayobozi hafi yabose
@AndreaMinani-p8n Says:
Mwibuke ko udashobora kubona contracts 2 imwe yo kumanywa indi ya ninjoro. Ntibyemewe.
@AndreaMinani-p8n Says:
Imyaka yo kwiga aigenwa nabanyiri ibigo by'amashuli. Kuyigabanya ibyo bigo byahomba.
@uwimpayeavit103 Says:
Abantu benshi bamara umwanya munini mu mirimo itabinjiriza amafaranga: mu Byumba by'amasengesho, muri za chorales n'ahandi nk'aho.
@IshemamarkSabra Says:
Ubundi murwanda leta izadufashe idushyirireho banki ishinzwe inguzanyo zubuhinzi nubworozi nindi ishinzwe inzu zimiturire
@BrigitteTuyishime-j7h Says:
Mfite amatsiko ko kumenya umushahara muhembwa!
@lambertnyoni656 Says:
Covid ytweretse ko gukora bidasaba kwicara mu bureau
@uwayezubeatrice9883 Says:
😂😂😂😂😂😂Akantu ko gukona urushishi 🙀🙀🙀
@mugiranezabosco9070 Says:
Yesu hagati y'ibisambo bibiri
@NASABYIMANATheoneste Says:
Ndabakunda cyane
@lynamusabimana8578 Says:
Ilindi kandi ino iburayi( ndavuga Belgium) abana bemerewe gutangira gukora guhera ku myaka 16, bakaba bafite amasaha bakora ku mwaka. Nukuvugango umwana akora gahunda yo gukora muri za vacances za pasika, noheli ndetse no muri weekend akiga gushyira udufaranga iruhande. Icyo gihe iyo aguiye kuri universités baba bifitiye argent de poche: dore urugero rwu tuzi bakora: gukora muri restaurant, gukora isuku muri za bureaux, ibitaro amahoteli, gukora muri super market, gukora delivery, gutunganya jardins. Gulorqvmuri patisserie, abiga nursing gukora munbitaro as student... Byose birafasha
@DioPrimetv Says:
Ubushomeri bwo bumeze nabi rwose, kwigisha abana kwihangira imirimo nabyo biragoranye kuko isoko ry'umurimo riracyari hasi
@lynamusabimana8578 Says:
Muransetsa rwose. Ino muri Europe ibyo bita congé prolongeerde ou bridge ou pont biremewe cyane kandi biterwa na Droit du Travail. Usibye ibitaro n'ibindi bikorwa byi banze.. Ariko umukozi wese ashobora kuyifata akurikije iminsi ya congé afite mu mwaka.
@edenitvofficial Says:
Ibyitwa BDF iyo bivugwa numva Ari cinema njye nayoboye akagari imyaka 6 nta muntu numwe wabonye inkunga cg inguzanyo ya BDF kdi barasabaga
@uwiringiyimanadiogene1350 Says:
Kugurisha mu Madorali ntibyemewe Joseph we! Buriya na Forex bureaus ntizakabaye ziri mu gihugu cyacu!!!
@bkb3192 Says:
Murakoze Cyane. Nakurikiye. cyane..cyane..kubibazo byubushomeri, nibura ry'mirimo. Hari ibitecyerezo byiza nkuyemu. Mukomereze aho
@pater-p4i Says:
Sinkongwa mu burezi ahubwo ni imungu mu burezi
@GiovanniClaudioDEFALQUE Says:
Ikibazo cyo kubaho birenze amikoro, guhora mu buzima bwa shiwbiz bakulikije ibyo nirirwamo kuri social media, kubaho barota, bakibwira ko ubuzima ariko bumeze, kwiga ntuce ubwenge ngo ubashe gukora analyse ngo utandukanye ukuli na réalité? Nkunda uwijama witwa MAGY THÉ BLACK: arahinga, akorora agasana frigo z’abakire kandi agatunga benshi
@GiovanniClaudioDEFALQUE Says:
Bwana Yozefu, ikibazo cy’uburezi mu Rwanda umaze kugikoraho ibihaniro byinshi kandi utanga ibitekerezo byubaka nyamara nta myanzuro ifatwa. Igitekerezo cy’ama konji angahe akulikiranye iminsi ingrate ku gihugu gukennye ni ikibazo gikomeye. Baba baguhaye igihe cyo kwitekerezaho rwose
@mazimpakaeliphaz4680 Says:
Bwana Joseph, ubaze Impaka wibagirwa akomerezaho masters, ukibaza agiye kumasitaringa iki?
@gacinyamyambi7038 Says:
Education y'urwanda ntiyagira ireme mugihe abayirebera batayiteramo , Minister se niguteya yababaza ko abane batayirerwamo.
@nsanzimanafilippe7212 Says:
Ibyo kuba umuturage yaranze gutangira isambu ye mukiranguzo byo ntibirimo nibamuhe Cash nabo barabizi yuko isambu ye ari zahabu itunganyije ayo bazayatura kwiki cyumweru cya mbere cyukwa gatanu
@baributsafilms Says:
Education buriya yacu ntago yabaye business kuruta icyo twayitegamo abantu bige gukora bareke kwiga kubaho nicyo gisubizo
@RUGERO_TV Says:
Ikibazo cya kaminuza zo murwanda zishaka amafaranga kurusha ubumenyi zitanga kuburyo haramasomo bategura kugirango igihe kibe kirekire ark wareba icyo iryo somo rimaze ukakibura? Ndumunyeshuri muri kaminuza imwe hano ikigali ark ureba ibintu umaze umwaka wiga ukabona ntacyo wabimaza hano hanze kd wishyuye amafaranga ari hejuru ya 700k muri make university zo murwanda niscam zigendera.
@cyusaernest5931 Says:
Dufite ikibazo gikomeye byo. Uburezi bwacu ntibuhuye na demand yimirimo ducyeneye. Ikindi abantu bigira kubona diplome apana kumenya
@dialtd3161 Says:
Niyo yakugama kuri secondaire bwana Yoze hahaaaa ariko ibyo uvuga abanyaburayi nibyo bakoresha kandi bitanga umusaruro
@gisanurakirenga9331 Says:
Joseph uri umuhanuzi niba utari intumwa
@thexuma9700 Says:
Ibyakazi byo byihorere.njye narakoze ndatsinda barakanyima umwanya usubizwa ku isoko kugeza liste ibaye expired .
@nyiresthertv8572 Says:
Joseph mutanze urugero rw'umusigiti iruhande rwa zion Temple habaye amananiza ariko ubu byarangiye bagiye kwisabira Gitwaza kuhagura , uwo muturanyi wo kwa Yezu Nyirimpuhwe nibamwihorere bakomeze isengesho Imana ifite uburyo izagura ubuso ariwe bwite wiyingize Kiliziya , ikindi agurishije Kiliziya nta maninza ni we uronkeramo byinshi cyane muri Kiliziya urugero Sina afite byinshi bizwi yatanze nk'impano no kugera ku butaka , kubaka Kiliziya ari wo uriya mugisha umwizanira , icyubahiro afite , buriya n'abe bose yarabaronkeye n'ibihe biri imbere , abenshi mu bana bacu bishyuriwe amashuri , kugira umugisha mbona ko ari igikorwa sogokuru yadukoreye mu bwitange yagize Kiliziya igeze iwabo umugisha , naho bamuha ayo ashaka habaye amananiza bizayoyoka , benshi ntibamenya no gusigasira umuryango kugera ku bisekuru bizaza ! biciye mu neza
@EricRUKUNDO-m6v Says:
Uwavuga iby uburezi ntiyava mu nzira. Habuze igitoroshi. Niba ari uko bidahitinga, itangazamakuru ntiribyitaho. Petit frerr yambariye ibyo babamo muri TTC numva ni hatari.

More Politiki Videos