PISHOP Julienne KABANDA WIMITSWE Nande? Mfite UBWOBA Bw'abo WABATIJE????AMASHYANO 4 Yabereye MUMUBATIZO
PISHOP Julienne KABANDA WIMITSWE Nande? Mfite UBWOBA Bw'abo WABATIJE????AMASHYANO 4 Yabereye MUMUBATIZO
Advertisement

LEAVE YOUR COMMENT

YOUTUBE COMMENTS

@GSBUGARAMA Says:
Imana iguhe imbaraga igukomereze muri uyu murimo
@UwahoroGrace-l2v Says:
Ibyimana ntimukabi shukishe abantu ibi mushyira mubantu ayomadiniyose bazayace nabibiriya yazazice nibazozo mwifashisha muhesha abantu ngo nibitabo byana nubundi ababaruwa yanditse ntabwonabonyemo bageneze umunyafurika numye umuntu yiburiye amafrw yokwishyura inzu nkahoyagiye kuyashakisha nga araje mumusomere muri matayo 5 😢😢😢
@nisigay Says:
arikuyobya abantu
@NkuriyurwandaAlbert-k4y Says:
Murabamenipr
@BernardNdabunganiye-f6t Says:
Ameeeee
@IrabiziBruno Says:
Komereza aho mwene da nanje niteguye kurwanira ukuri.
@InezaAlice-f1i Says:
Arikose kwabantu banarenganye umuntu ubwentakijijwe ngo arikubatiza abandi badakijwe birababaje nabasutse direde ngobarikubatiza ahaaaaa nugusengacyane benedata ibintubirakazepeee
@InezaAlice-f1i Says:
Nonese umugani bibiriya ivuga umwepisikopi agomba kuba arumugabo wumugore umwe none abagore nidewabibabwiye ngobajyebabatiza nkuriyamusoresewe wisukishije udusatsitwohejuru akogoshesha udusastitwo kuruhande nawe nkabambona nawe arikubatiza biremewe? yewe ziriyanzarase zozuriya niriyaminwa byuriya mupasiteri. biriyabyo nibiki? yewe nakataraza izimburamadini ni mburamatorero bazakazana mugahora mutuburirangotuyavemo ngomurikubenshya rekabakiyarimo bahure nakaga nibobabyiteye uwiyishe ntaririrwa murakozecyane Imana yamaho ikumperumugisha.
@fashayoeugenie Says:
Ibyo uvuze ndabyemera cyane nta bishop w umugore ukwiye
@ClaudineININAHAZWE-s8j Says:
Imana ikurinde mukozi w'Imana mwiza urakunzwe na yesu kubwubutumwa bwiza murwanda biteyubwoba vyukuri yesu araje vuba rindira😢😢
@ClaudineININAHAZWE-s8j Says:
nukuriii ntamugore abatiza ntanabantu babatiza ariba3 Imana igiye kumugaragaza ivyiwe bimutekurukane mwizina rya yesu christu Amen
@NdayishimiyeViolette-l2m Says:
Uvuz ukur mukoz wimana
@uhagazephilbert9930 Says:
Pastor, kiriziya Gatorika yashinzwe na Yezu ntabwo yashinzwe nuwo wavuze, ikindi ntahantu handitse ko tugomba kubatizwa mumazi menshi, ahubwo, Yezu yaravuze ngo Mujyende mubabatize mu Izina ry'Imana Data na Mwana na Roho Mutagatifu, utabatijwe muri ubwo buryo ntabwo aba abatijwe, Kandi Catholic church ntabwo yanga kubatizwa kw'amazi menshi kuko hari hari ubwo bayakoresha cyane cyane mubihugu byo hanze,
@MutanganaJeanBosco-r6d Says:
Murakoze cyaneee abantu barayobye
@JanuNkunda Says:
Plz nimumbgire title y iyo ndirimbo ivuga ngo "azoba afite ubwiza budasanzwe azaba afite ingororano yo guhemba buri wese bwana n imirimo yakoreye ng aha kw isi nawe ncuti yanjye azakwambika ikamba"❤❤❤❤irimo amagambo meza cyane
@delefineuwimana4012 Says:
Yes bashobora kubatiza barenz’umwe bivanye nubunini bwumuntu, Juliane yarakeneyeye umuntu wo kumufasha. Mwikomez’ibintu.
@uwinyangemarieclaire8783 Says:
mu ijuru nzasekaaaaaaaaaaaa nimusanga ibi mupfa byose ntabuyo bazatubaza!!!!!!!!!😂
@uwinyangemarieclaire8783 Says:
ariko ibyakozwe byose byanditswe muri bible!!!!!!!!!!!!niki kikubwira ko abandi babaga batari kumwe n' abandi
@KigaliKigali-u1u Says:
Courage Mukozi w'Imana turagukunda
@NZUMVIRDavid Says:
Uravuga ukuri cyane Kandi urimo Umwuka mwiza lmana ikurinde cyane
@KwizeraHenry-v1e Says:
𝕀𝕜𝕪𝕠 𝕟𝕜𝕦𝕟𝕕𝕚𝕣𝕒 𝕀𝕞𝕒𝕟𝕒 𝕟𝕦𝕜𝕠 𝕚𝕓𝕪𝕖𝕣𝕖𝕜𝕒𝕟𝕒 𝕔𝕝𝕖𝕒𝕣𝕝𝕪 𝕦𝕣𝕒𝕧𝕦𝕫𝕖 𝕦𝕥𝕚 𝕞𝕦𝕣𝕚 𝕀𝕤𝕣𝕖𝕒𝕝 𝕞𝕓𝕖𝕣𝕖 𝕪𝕠𝕜𝕨𝕒𝕜𝕚𝕣𝕒 𝕐𝕖𝕤𝕦 𝕂𝕣𝕚𝕤𝕥𝕠 𝕟𝕠𝕟𝕖 𝕦𝕓𝕦 𝕥𝕨𝕒𝕣𝕒𝕞𝕨𝕒𝕜𝕚𝕣𝕚𝕪𝕖 𝕜𝕒𝕟𝕕𝕚 𝕟𝕜𝕦𝕞𝕨𝕒𝕞𝕚 𝕟𝕦𝕞𝕦𝕜𝕚𝕫𝕒 𝕜𝕦𝕜𝕠 𝕪𝕒𝕕𝕦𝕙𝕚𝕟𝕕𝕦𝕣𝕚𝕪𝕖 𝕒𝕞𝕒𝕥𝕖𝕜𝕒 𝕟𝕠𝕟𝕖 𝕨𝕠𝕨𝕖 𝕟𝕕𝕦𝕟𝕧𝕒 𝕦𝕜𝕚𝕣𝕚 𝕞𝕦𝕞𝕒𝕥𝕖𝕜𝕒 𝕪𝕒𝕜𝕪𝕖𝕣𝕒 𝕜𝕒𝕟𝕕𝕚 𝕚𝕜𝕪𝕠 𝕨𝕚𝕥𝕒 𝕦𝕣𝕦𝕥𝕒𝕣𝕖 𝕟𝕚𝕨𝕠 𝕜𝕦𝕜𝕠 𝕦𝕣𝕒𝕤𝕙𝕒𝕜𝕒 𝕜𝕦𝕧𝕦𝕘𝕒𝕜𝕠 𝕦𝕣𝕦𝕤𝕖𝕟𝕘𝕖𝕣𝕠 𝕣𝕦𝕪𝕠𝕓𝕠𝕨𝕖 𝕟𝕦𝕞𝕦𝕘𝕠𝕣𝕖 𝕣𝕨𝕦𝕓𝕒𝕥𝕤𝕖 𝕜𝕦𝕞𝕦𝕤𝕖𝕟𝕪𝕚 𝕙𝕠𝕪𝕒 𝕕𝕚𝕤𝕚 𝕤𝕚𝕜𝕠 𝕓𝕚𝕞𝕖𝕫𝕖 𝕒𝕙𝕦𝕓𝕨𝕠 𝕥𝕨𝕖𝕥𝕨𝕚𝕫𝕖𝕣𝕒 𝕜𝕠 𝕦𝕓𝕨𝕒𝕞𝕚 𝕓𝕨'𝕀𝕞𝕒𝕟𝕒 𝕓𝕨𝕦𝕓𝕒𝕥𝕤𝕖 𝕜𝕦𝕣𝕚 𝕂𝕣𝕚𝕤𝕥𝕠 𝕐𝕖𝕤𝕦🙏
@KwizeraHenry-v1e Says:
𝕄𝕓𝕖𝕣𝕖 𝕜𝕠𝕞𝕦𝕜𝕚𝕣𝕒 𝕁𝕦𝕝𝕚𝕖𝕟𝕖 𝕦𝕣𝕦𝕓𝕒𝕟𝕫𝕒 𝕞𝕨𝕖 𝕞𝕦𝕣𝕚 𝕡𝕖𝕣𝕗𝕖𝕔𝕥 𝕜𝕒𝕟𝕕𝕚 𝕜𝕦𝕜𝕚 𝕞𝕨𝕖𝕤𝕖 𝕞𝕨𝕚𝕗𝕒𝕤𝕙𝕒 𝕦𝕞𝕦𝕓𝕒𝕥𝕚𝕫𝕠 𝕞𝕨𝕖 𝕦𝕨𝕒𝕓𝕒𝕣𝕠𝕟𝕕𝕠𝕣𝕒 𝕞𝕨𝕒𝕤𝕚𝕘𝕒𝕣𝕒𝕞𝕦𝕙𝕒𝕘𝕒𝕫𝕖
@fidelemusiri9504 Says:
N’ukuri jewe ntuye Australia kandi nd’umushumba muri pentecote.Ivy’uvuga n’ukuri 100%
@nfjtech4934 Says:
Kiryoryi vuga ibyo Uzi
@ndahayocreed6660 Says:
Nibyo bikoze bigize abarwayi bararwaye umva ahubwo abajijuka nibajijuke injiji ziracyahari. Abàvuga ko Ari ishyari bashaka ko bakora ibyo bitekerereje
@大卫0 Says:
Bisa nibyo nabonye murusengero Tanzania nahise mbacika bucece abo twajyanye bansanze murugo kbx
@manirakizamichas3120 Says:
Ariko ko ataco wabuze kuri Maquillage tubona hariya nimyambarire?abakobwa bambara za mini,ama pantalon Ko n taco ubivuzeho.,?
@Nzamwitakuzede Says:
Njye sinumva nukuntu abantu babwirizanya ubwibone ntakwicisha bugufi nkibyaranze Kristu
@Isaactoyi Says:
Nanje bansobanurire ico irijambo risigura naho ubugarariji bwabishe 1 Timothy 2-11-12
@ConstanceTuyizere Says:
😂😂😂😂😂
@ConstanceTuyizere Says:
Karabaye 😂😂mwasaze murikuvigishwa 😂😂mukomeze musakuzeeeeeee
@wonderful3239 Says:
Mbega amashyarìiiiiiii weeeeee muzumirwa peeèe .ubu tuvugeko mutazi ibyo muri gukora .YESU ARI gukora ntaho nabonye satani abwira abantu gusenga .
@UwimpuhweLiberee-nz5qs Says:
Nukuba maso ibihe turimo ntibyoroshye tugeze mubihe byanyuma ufite amatwi niwe uzumva ibyo umwuka avuga
@kwizeraaimable5884 Says:
Nyine bagwa igihumure kuko baba barenze kwitegeko rya Bible ntamugore uhagarara ahera ngo abwirize cyeretse niba naho harajemo Gender
@kwizeraaimable5884 Says:
Ahubwo ababantu bakorana na sekibi! nigute umuntu ahwerera murusengero we! Toka Dayimoni ngo Paster!!? Toka! toka! ntunyobye
@kwizeraaimable5884 Says:
Nabe arya ayo nubundi nimenshi
@IgitangazaKelly-m2s Says:
1. Julienne kuri case yumubatizo(nuko grace room Ari ministry Atari itorero ryemewe kunatiza) sikinazo cyuko yabatizaga kuko ntamabwiriza Bibiliya ivuga ngo umuntu uvuye mumazi kubatizwa yifata atya. bitewe namarqngamutima nubuzima winjiuemo nubwo uvuyemo ukaba wagira uko wifata sikinazo cyuwabatije. 2.uriya muntu mwafotoye umanitse ibiganza bitagenze mumazi ni agace ka vedio kuko iyo Hari igice kitagese mumazi bamusuhizamo ntabwo mwakomeje kwerekana niba atarasubijwe mumazi. 3.ese mubigishwa ba yesu yahamqgaye kuba ntamugore warimo nuko abagore batagomba kumuyoboka? Abagaratiya 3:28(muri Kristo yesu ntatandukqniro ryumugabo numugore cg umugaragu na shebuja) umugore kuyobora itorero sikibazo. 4.Niba Koko warize Theology(Bibiliya yandikwa Hari ibintu witaho: aya magambo yqnditswe nande? yayandikiye he? Hari target group yabwiraga? cg ninyigisho rusange?) rero Hari imico imwe nimwe yarangaga ahantu nkabagore batabarwa, cg batagira ijambo muruhame......) ibyo byose iyo wigisha ubisanisha nigihe turimo nabo wigisha kuko Bibiliya niyibihe byose. 5.Naho gushinja umuntu ngo imbaraga yazikuye ikuzimu ibyo n'Imana ubwayo ubizi cg nawe waragiyeyo mugahurirayo.
@SarahNiyonzima-b6m Says:
Julienne niwihane ntacobitwaye kwongera kwakira Yesu nkumwqmi numukiza
@SarahNiyonzima-b6m Says:
Nukuri jw ntacondi mubyImana arik uwokorana namagini nikwamaso yanje abona Ikigeretse niba afise vyabivuta vya Uganda na Nigeria kuk mudhska amavuta arukwo mwamaze kuba aba pastor smavutabaza Iyumuntu yasenze samatajurano
@ISHEMAEmpire Says:
😢😢😢😢😢
@jeanbaptistentibenda9666 Says:
Njyewe ndibaza aho wari uri kuva atangira kuyobora itorero! Ko utigeze uvuga ibi byose mbere yuko itorero rue rifungwa?
@FrereeModeste Says:
Nonese, niba amadini yose ajyana abantu mwirimbukiro, tuyashokemo? Ubwose guterana kwera dusabwa ntakukibaho?
@alphagisore123 Says:
Nawe uvuga abantu ntibabura icyo bakuvugaho umuntu nahura nikibazo ntimukihutire kumuvugaho kuko uyumunsi ni Julien kabanda ejo ni wowe
@AlufaBenadi Says:
Nukuri binobintu biteye isoni mana tabara tabara
@AlufaBenadi Says:
Eeee nihatari umugore asigaye abatiza??
@hopesibo7712 Says:
Nabapangani umugeni aturimo
@hopesibo7712 Says:
Umugore ntabwo abatiza
@JanuNkunda Says:
Nihatali,uwamenya title yako karirimbo ayimpe
@tuyisebgejuvenal Says:
Ese past mwuka wera nuwuhe uwirabura nuwuhe muzodusobanurire
@Gahugu Says:
Izi mbaraga zikubita abantu hasi n'imbaraga mbi

More Iyobokamana Videos