IBINYOMA 7Amadini ya Gikristo ABESHYE Abantu imyaka MYINSHI/Bano BASTOR Mubitondere/MURUKE UMWANDA
IBINYOMA 7Amadini ya Gikristo ABESHYE Abantu imyaka MYINSHI/Bano BASTOR Mubitondere/MURUKE UMWANDA
Advertisement

LEAVE YOUR COMMENT

YOUTUBE COMMENTS

@MukankingiyeCostantine-c3q Says:
Uwokumva azumva narinarabuze ubwiza ukuri Imana yarakoze kukuduha❤❤❤❤❤
@FurahaGisele-x9m5y Says:
Yesu menya iyotwinjira munsegero turega amarozi mwa nyumvira kweri gitwaza sha😂😂😂😂
@UwingeneyeValantine-d8y Says:
Umuraho neza
@ferdinandgasigwa9354 Says:
Ese uwavugako mu madini yose harimo itorero rya Kristo yaba yabeshye?
@UwimanaJeanne-wt4xz Says:
Ndavuga nhyigikiye kayigamba . None ubwo guterana kwera ntimukwemera ? Muri Paulo ariya matorero ntacyo wayatubwiraho ? Yewe lmana iturengere.
@ManishimweMoses-w5p Says:
Amena
@KayigambaJoseph Says:
Nsoba nurira Yesu Abwira yohana ngo ya ndi kire Ama torero arirwi yo mwefeso uvuga gute koabantu Bada kwiye kugiraho batera nira
@KayigambaJoseph Says:
Nonese amateraniro ntakwiye kubaho atabayeho abantu ba kwigishwa gute
@DusabeyezuEmmanuel-k8t Says:
Ariko nawe jya uvuga ibiri ukuri maze ibindi ubyihorere nonese ko bibiliya ivuga abadiyakoni ikavuga abashumba abo babaho ntansengero zibaho ahubwo wenda ibyagakorewemo sibyo bikorwa ariko kubaho kwinsengero ningombwa
@JeanBaptisteMurindabigwi Says:
None se ko yesu yavuze NGO mureke urukungu rukurane na masaka
@jean-B-3 Says:
Gusa inyigisho zose ziba zikwiye gusesengurwa mbere yo kuzakira gutyo gusa. Bisaba buri wese mu bizera gusoma Bibiriya nta bute ugasaba n'Imana kumuhishurira imvugo y'Imana cyangwa kcyo imwigisha kiri mu byo asoma . Buriya muri Bibiriya nta kintu kitarimo. Nkuyu mwigisha arahakana inyubako z'insengero, akimurira imyigishirize mw'ikoranabuhanga rya internet ashishikariza abantu kuyoboka umuryango yashinze yita Minisiteri, ati muve mu madini muze muri uyu muryango w'abantu basohotse mu madini, ubwo aba ashaka kubera ko wo atari idini. Kuko cyane cyane abarokore hari ishusho bahaye idini ( abanyamihango batahishuriwe Imana), hanyuma abemera ko aribo bahishiriwe Imana bya nyabyo akaba aribo "itorero " kandi twibutse abantu ko ijambo "itorero" ryahizeho mu Rwanda na mbere y'umwaduko w'abazungu no kuza mu Rwanda kw'abamisiyoneri.iri zina ryari iry 'urubyiruko rwatorantwaga mu gihugu rugahurizwa hamwe kwigishwa umuco mbonezabupfura, kumasha, guhamiriza no kubyina, banwe bakazavamo n'ingabo z'igihugu. Abahinduzi ba Bibiriya mu kinyarwanda izina itorero niryo basanze ryasobanyra mu kinyarwanda izina " Ekklezia" ry'ikigiriki ari naryo abagatorika bakuraho ijambo Kiliziya. Iyo umuntu abwirijwe ubutumwa bwiza akabwakira akaba umwemera aba atoranijwe n'Imana mubo Bibiriya yita abisi, ubwo umuryango mushya w'abemera Kristo yinjiyemo ahuzwa n'abandi bagatangira gutozwa iby'iyo nzira yo kwizera Bibiriya ikabita intore z'Imana zera. Amadini, amatorero cyangwa za ministeri z'ivugabutumwa bashingira imyemerere yabo kuri Kristo bose baba bari mw'idini rya Gikristo. Uretse rimwe na rimwe uburiganya bukoreshwa n'abigisha bo gice runaka bashaka kwigarurira abo mu cyindi, ariko uretse Imana n'ijambo ryayo, mu bice byinshi cyangwa amatorero ya Gikristo nta na kimwe wakweza ko ariryo "torero rya Kristo". Idini cyangwa itorero ryose muyariho riba ari idini ifite imiterere abayishinze bihitiyemo gukurikiza nkuko n'abo anenga hari ibyabo bahisemo cyangwa umurongo, izina cyangwa inkuru ivugwa muri Bibiriya bafashije bashinga ayabo. Rimwe na rimwe bitewe n'igihe hari n'igihe abashinze iryo torero bakariha izina n'amahame abarigize bazagenderaho, biba bitagifite umwimerere w'uwo bavuga bakomokaho. Ariko uretse amahame abatandukanya, akenshi imyemerere y'abakristo iba ari imwe cyangwa se bagatandukanywa n'utuntu duto dushingiye ku myumvire ya buri cyiciro. Nshingiye ku myigishirize y'uyu muvugabutumwa ndifuza ko haribyo twasesengura. Ese ubundi "idini" ni iki? Iri zina riva mu rurimi rw'igiswahili "dini" nacyo kirikura mu cyarabu. Mu gifaransa ni Religion mu cyongereza ni Religious nimba myanditse neza. Naho iri jambo mu kinyarwanda ni " iyobokamana" uretse gushaka abayoboke ariganya abamwumva, iyo winjiye mu myemerere ku Mana icyo gihe uba winjiye mw'idini" iyobokamana" iyobokamana rishobora kuba ryiza cyangwa ribi. Mu byanditswe bya Bibiriya bitubwira ko hari idini Imana ishima kandi yemera, bikavuga ko ubwo hari n'idini Imana yanga. Reka turebe icyo Imana ivuga kw'idini muri Bibiriya. Mu gihe Yesu yari kw'isi, aho yabwirije ubutumwa idini yari ihari ndetse yahanganye nayo ni idini y'abayuda. Aba bari bafite imyemerere ishingiye ku bakurambere cyane cyane Aburahamu na Mose. Muri Matayo 23:15, Yesu yavuze kw'idini aburira afarisayo agira ati “Mwebwe banditsi n'Abafarisayo, mwa ndyarya mwe, muzabona ishyano kuko muzererezwa mu nyanja no mu misozi no guhindura umuntu umwe ngo yemere idini yanyu, ariko iyo ahindutse, mutuma abaruta inkubwe ebyiri kuba umwana w'i Gehinomu. Uyu ni Yesu avuga kw'idini y'abayuda, iyi dini yarwanije inyigisho za Yesu kugeza imubambishije ku musaraba,nyuma arazuka. Sauli umufarisayo waje kuba Paulo Intumwa idini y'abayuda mbere nawe niyo yakoreraga. yayivuzeho agira ati"Kandi baranzi uhereye mbere na mbere, ndetse bakwemera guhamya yuko nari Umufarisayo wo mu gice cyarushaga ibindi byo mu idini yacu gukomeza imihango. Ibyakozwe n'intumwa 26:5 Mu gihe cy 'itorero rya mbere abakristo basohotse mw'idini y'abayuda ndetse n'andi y'abanyamahanga bakizera Yesu, nabo bitwaga ko binjiye mw'idini nshya. Ni ukuvuga idini ya Gikristo" Abagatiya 1:23 Paulo agira ati " keretse kumva gusa abamvugaga bati “Uwaturenganyaga kera noneho arigisha iby'idini yarimburaga kera” aha Paulo yavugaga uburyo abantu batangazwaga n'uburyo yavuye mu nyigisho z'idini y'abayuda akaba ari mu nyigisho z'iyindi dini nshya ariyo ya Gikristo. Yakobo umwe mu banditsi by'isezerano rishya mu rwandiko rwe yavuze ko hari idini Imana yemera anavuga imbuto zayo agira ati " Idini ritunganye kandi ritanduye imbere y'Imana Data wa twese ni iri: ni ugusūra impfubyi n'abapfakazi mu mibabaro yabo, no kwirinda kutanduzwa n'iby'isi. Yakobo 1:27 Ariko uyu Yakobo yanagize ati " Umuntu niyibwira ko ari umunyadini, ntagenge ururimi rwe ahubwo akishuka mu mutima, idini ry'uwo muntu riba ari ubusa. Yakobo 1:26 Kuvuga ko hari idini Imana ishima, kandi akita abakristo abanyedini aho agaya bamwe muri bo bafite imyitwarire idahwitse nk'ababibaga amacakubiri bakoresheje ururimi rwabo muri icyo gihe ntabwo yabaga yaguye, cyangwa avuga ibitabyo. ubwo yakoreshaga ijambo "idini" kuko iryo jambo rivuga iyobokamana nkuko twabibonye. Idini ishobora kugira ibice byinshi biturutse ahanini ku myumvire y'abantu ishingiye itandukanye kandi bahuriye ku myemerere imwe. Urugero idini y'abayuda yari irimo igice cy'afarisayo, Abasadukayo n'abandi. Idini ya Gikristo nayo yavuyemo ibice byinshi byitwa amatorero ya Gikristo yavutse ku mpamvu zinyuranye. Mu binyejana bya mbere akenshi icyari itorero rimwe cyavugemo ibice hashingiwe ku myumvire ijyanye n'umuco w'ahantu, cyangwa kwivanga k'ubukristo n'imirongo y'imitegekere y'ubwami bwo muri icyo gihe, ubwo twavuka nk' itorero ( Kiliziya) y'Iburengerazuba yaje kwitwa Kiliziya Gaturika ikagira i yicaro i Roma, n'itorero (Kiliziya) y'Iburasirazuba yaje kwitwa Orthodox ikagira icyicaro i Konsititanople ahari Turukiya y'ubu. Izi Kiliziya (amatorero) zombi nazo mu bihe bitandukanye zagiye zivaho ibindi bice bitemeranya imitere cyangwa imikorere yazo kugeza havutse abaprotestanti bakomoka ku nyigisho n ' amavugurura ya cardinal Martin Luther. Abaprotestanti nabo bavuyemo ibindi bice byinshi bibyara amatorero ya Gikristo amwe ashingiye ku mavugurura andi avuka ashingiye ku myumvire itandukanye iishingi ye ku bintu byinshi. Nk'inyigisho zishingiye ku kugaruka kwa Yesu, izishingiye kw'inzina ry'Imana, azishingiye kuri politiki, azishingiye ku guhanga imirimo n'ubucuruzi n'ibindi, kugeza n'ubu haracyahimbwa amatorero ya Gikristo uko bukeye nuko bwije. Kuri Paulo icyangombwa nuko izina ry'Imana ryamamazwa, kuri Yesu mureke urukungu rukurane n'amasaka we azabivangura. Iyi uyu mugabo nawe yigisha ayita ministeri, uretse uburiganya nayo iba ari idini nk'izindi. Kuko ni iyobokamana. Icyo abumva ubutumwa bunyuranye bakwiriye gukora ni ukutagira ubunebwe bwo gusoma no kwiga Bibiriya kugirango babashe kurobanura ukuri n'uburiganya bw'abantu banyuza mu nyigisho n'iyobokamana. Kuko buriya niba uri umukristo wizeye Yesu kandi wakijijwe, iryo usengeramo baryita idini cyangwa itorero, icyo ntabwo uzagihanirwa n'ijuru. Ahubwo niba Imana yaragukinguriye umuryango wo kwizera ukagera kwihana no guhindukira nkuko tubisoma mu Ibyakozwe n'intumwa 3:19, ubundi gendera mu byo Imana igutegeka mw'ijambo ryayo. Ngarutse ku nsengero, ntabwo kubaka urusengero abantu bateraniramo baramya Imana cyangwa basengera hamwe bakanahugurana mw'ijambo ry'Imana ari icyaha cyangwa ubuyobe, ngo twumve ko abigishiriza kuri internet n'irindi koranabuhanga ubwo aribo bari mu nzira y'ukuri Imana ishaka. Oya. Aho ari hose abantu bashobora guhurira bakiga iby'Imana haremewe igihe cyose hari umudendezo wo kuhahurira, hari n'igihe mu gihugu runaka ubutegetsi butemera amateraniro y'abasenga cyangwa bukayemera gusa aho bushobora kuyagenzura, abizera Imana bakomeza umurimo wabo wo kubwiriza no kubaka ubwami bw'Imana kabona niyo byabageza mu karengane. Inyubako z'insengero ntibivuga ko ariho Imana ituye, ahubwo ni aho abizera Imana bateranira bayiramya. Inyigisho inenga inyubako z'insengero igashishikariza abizera guhunga insengero hitwajwe imwe imirongo ya Bibiriya nka 1 Korinto 3:16-17 havuga ngo: 16 Ntimuzi yuko muri urusengero rw'Imana, kandi ko Umwuka w'Imana aba muri mwe? Umuntu utsemba urusengero rw'Imana, Imana izamutsemba kuko urusengero rw'Imana ari urwera, kandi urwo rusengero ni mwe. Cyangwa 1 Kor 3:16-17 handitswe ngo: 16 Ntimuzi yuko muri urusengero rw'Imana, kandi ko Umwuka w'Imana aba muri mwe? 17 Umuntu utsemba urusengero rw'Imana, Imana izamutsemba kuko urusengero rw'Imana ari urwera, kandi urwo rusengero ni mwe". Akenshi guhitamo imirongo nk'iyi biba gusa ari uburyo bifuza gushingiraho imyemerere itandukanye n'iy'abandi banenga cyangwa se ari nayo myumvire bafite nyine hakaba havutse igice gishya cy'imyerere nayo ishingiye kuri Bibiriya mu myumvire itandukanye n'iya abandi. Birumvikana ko mu nyigisho zabo bazatsindagira uko bo bumva uwo murongo bakashishikariza abandi kubakurikira.
@jean-B-3 Says:
Inyigisho ziragwira, ariko iyi ya Gitwaza yo uretse kuyoba harimo n'ubwibone nk'ubwatumye Satani yirukanwa mw'ijuru. Ngo mbere yo kuvuga Imana niwe bagomba kubanza gushyira imbere, ngo bagomba kumwita data!? Ariko buriya aba yarasomye Matayo 23:9 akanahasobanukirwa? hagira hati " Kandi ntimukagire umuntu wo mu isi mwita Data, kuko So ari umwe, ari uwo mu ijuru. Cyangwa yaba yarasomye ibya Lusiferi waje kuba Satani bitewe n'ubwibone no gushaka kwireshyeshya n'Imana? Ezekiel 28:13-18 13 Wahoze muri Edeni ya ngobyi y'Imana, umwambaro wawe wari ibuye ryose ry'igiciro cyinshi, odemu na pitida na yahalomu, na tarushishi na shohamu na yasipi, na safiro na nofekina na bareketi n'izahabu, ubuhanga bwo kubaza amashako n'imyironge bwari iwawe, mu munsi waremwemo byose byari biringaniye. 14 Wari warasīgiwe kugira ngo ube umukerubi utwikīra, kandi nagushyizeho kugira ngo ube ku musozi wera w'Imana, wagendagenderaga hagati y'amabuye yaka umuriro. 15 Wari utunganye bihebuje mu nzira zawe zose uhereye umunsi waremweho, kugeza igihe wabonetsweho gukiranirwa. 16 Wuzuyemo urugomo ruzanywe n'ubugenza bwawe bwinshi bugutera gucumura, ni cyo cyatumye nkwirukana nk'uwanduye nkagukura ku musozi w'Imana. Narakurimbuye wa mukerubi utwikīra we, ngukura hagati ya ya mabuye yaka umuriro. 17 Ubwiza bwawe ni bwo bwateye umutima wawe kwishyira hejuru, kubengerana kwawe ni ko kononnye ubwenge bwawe, nakujugunye hasi ngutangariza imbere y'abami kugira ngo bakwitegereze. 18 Ububi bwawe bwinshi no gukiranirwa kuva mu bugenza bwawe byatumye wanduza ubuturo bwawe bwera, ni cyo cyanteye gukongeza umuriro ukuvuyemo uragukongora, maze nguhindurira ivu imbere y'abakureba bose. Yesaya 14:12-15 12 “Wa nyenyeri yo mu ruturuturu we, mwana w'umuseke ko uvuye mu ijuru, ukagwa! Uwaneshaga amahanga ko baguciye bakakugeza ku butaka! 13 Waribwiraga uti ‘Nzazamuka njye mu ijuru nkuze intebe yanjye y'ubwami isumbe inyenyeri z'Imana’, kandi uti ‘Nzicara ku musozi w'iteraniro mu ruhande rw'impera y'ikasikazi, 14 nzazamuka ndenge aho ibicu bigarukira, nzaba nk'Isumbabyose.’ 15 Ariko uzamanuka ikuzimu ugere ku ndiba ya rwobo. Ingaruka yo kwishyira hejuru ni ukugwa, ndetse guhanuka rwose.
@NikampeThaddée-k9t Says:
Yesu ashimwe Gitwaza ni Anti chrito Nuko Nibibiliye iratubuza kwita umuntu Data Nuko ngo Data n'umwe wo mw'ijuru ntawundi Data dufise wundi (mirapa numéro yanyu)
@horimberepeace7376 Says:
URAKOZE GOOOSEEEEEEE PASTEURS WACU📢📢📢📢📢📢📢📢📢📢📢📢📢📢📢📢📢📢📢🌎🌎🌎🌎🌎🌎🌎🌎🌎🌎🌎🌎🌎🌏🌏
@ingabirekabarisajustine Says:
Nonese Itorero ririhe ngoturijyemo
@IngabireCynthia-b2v Says:
Hallellua
@IngabireCynthia-b2v Says:
Amen
@MbarushimanaGodefraid Says:
Abantu baraburiwe ariko banze kumvukuri murakoze mweneda Uvuga ukuri nubwo batumva🙏🙏🙏
@bagumaphilipo-ip4tq Says:
Ameen 🙏 papa
@PrimiemNdamirabagabo Says:
😂😂😂
@PrimiemNdamirabagabo Says:
😂😂😂
@PrimiemNdamirabagabo Says:
😂😂😂
@LeonBaguma-ix9tx Says:
Mwebwe mutwigisha kumenya ibyiza n'ibibi kd bibiliya ivugako igiti chazanye urupfu nicyo cyo kumenya ibyoza n'ibibi gutyo mutujugunya mu rupfu !!!
@LeonBaguma-ix9tx Says:
Mwebwe mutwigisha kumenya ibyiza n'ibibi kd bibiliya ivugako igiti chazanye urupfu nicyo cyo kumenya ibyoza n'ibibi gutyo mutujugunya mu rupfu !!!
@LeonBaguma-ix9tx Says:
N'iyo bibiliya uvuga ninde wayanditse ko mbona abanditsi bonyine biyobeje kuko babigize ibyabo bakabeshera Imana ngo niyo yabyanditse ni nde war'uhari ?
@LeonBaguma-ix9tx Says:
Erega mwebwe mwibera muri business zanyu musoroma impfubyi n'abafakazi , kubaha Imana bitangwa nayo , s'umuntu ubitanga , kd kuyisenga ntibigombera kujya mw'idini wapi , abazungu barababeshye namwe mukomeje n'ukubesha kugez'ubu .
@Niyo-Franc Says:
Ndatinya ko wazahugira muguhugurà abàndi wowe utihugura
@MutuyimanaFelicite-k6i Says:
Urimo neza abantu barimo gushaka icyubahiro nkimana ;ntabwo bikwiye kuko muntu yigereranya nimana kuko icyubahiro nicyayo gusa
@Niyo-Franc Says:
None Jean Luke, uzarokoka gute, ese uracyemera amàtegeko y'Imanà? 1 Yh 2:3-4 [3] Iki ni cyo kitumenyesha yuko tumuzi, ni uko twitondera amategeko ye. [4] Uvuga ko amuzi ntiyitondere amategeko ye, ni umubeshyi, ukuri ntikuri muri we. Ndakwibutsa ko Isabato nayo iboneka mumategéko 10 Y'Imana. Ese niwanga isabato ukirinda kwica andi 9 asigàye bwo wazarokoka? Kd Yesu yaravuzeko uzica rimwe (isabato) azahanwa nkuwayushe yose? Ibyahishuwe 2:5 Nuko ibuka aho wavuye ukagwa wihane, ukore imirimo nk'iya mbere kuko nutabikora nzaza aho uri, nkūre igitereko cy'itabaza cyawe ahacyo nutihana.
@EricItangishaka-j8p Says:
Be blessed
@IburahimuIburahimu2 Says:
Nukuri ndagukurikira cane❤
@Here-r8z Says:
Komerezaho,waduhaye nomemeroyagurupe
@pice-marcntigahera2621 Says:
Ni mwembwe babi, ibijiju!? Umu pasteur aberetse ico, arico!? Ati, ndi papa wanyu, d' Imana yanyu ku ko, mbasumvya ubwenge bwa shetani ( dimensions spirituelle satanique!?) Abo bose, barwanira kwubaka ama dini ya baja ikuzimu!? Mbese ugasanga, abakristu n' aba pasteurs, bavuga ngo, bigira ikizimu!? Mwese muri rimba, Israël, ni nde mu kristu atabona ibibi Israël ikorerera aba nya Palestine!? Nta ba Présidents beza kw'isi dufite!? Na Vatican, n' ibibazo gusa!? Yezu weee, wamanutse Koko, uka twereka aba pasteurs canke aba padiri aba Imam, n' abandi bayandi madini, yezu twereke amasengero yemewe n' awe!?
@TriphineUWAMPAMAHORO-n8q Says:
Nasomye Bible urimukuri kose gumamo
@TriphineUWAMPAMAHORO-n8q Says:
Nasomye Bible urimukuri kose gumamo
@TriphineUWAMPAMAHORO-n8q Says:
Nasomye Bible urimukuri kose gumamo
@TriphineUWAMPAMAHORO-n8q Says:
Wowe,Imana yakuzanye kugirango abayobye ubahugure
@UWIMBABAZIClaudette-ip3hw Says:
Dukeneye kwiga naho ubu tuzize kutamenya
@heriyoussouphar6668 Says:
None ko lmana ivuga ko tutoheba gukoranira hamwe nabandi we atubwira tube mwitorero wapi
@evaristensabimana1066 Says:
None se AYALONI muhuriye n,Abagorozi
@MugishaPacifique-z1g Says:
Ahubwo turaruka umwanda wawe
@IshimweJustine-s2r Says:
Yewe ibyo uvuga nukuri nuko tutumva
@IshimweDeborah-f4h Says:
Nyamara ufite ugutwi niyumve ibyumwuka abwira amatorero urimo kristo papa.
@UwamahoroConstantine-d2s Says:
Hi there's no watsup link in description
@nshunguyinkacharles1333 Says:
Muvandi yesu akunda itorerorye kurutauko turikunda yesu yavuzeko
@peacerugira Says:
Amen
@daussonbigirimana-pi7kv Says:
Uwutagira mpwemu wimana atanasoma nagupinge ubundi uko nukuri
@Esperance-f8d Says:
Ariko mumadini harimwo abama imbuto nziza nabandi usanga bafise ingesomb nn mwicogih wocufatir hamwe ko atar itorer rya christ?kand harimw beza vyogenda gt?ahubw ntiwobigish kuvayo wobabwir kwigisha abo batam imbut nziz kugra ribe ishenger rya christ ryukuri!!!nimump umuco
@Esperance-f8d Says:
Murakoz cn
@godisgood3914 Says:
Egoko

More Iyobokamana Videos