Ariko Niko namabonekerwa byagendaga ariko mfite ikibazo ko Hari abantu benshyi ubugingo bwabo burimo bupfira my bubari no mumarogi arimo yubakwa buri munsi mwabaye aribo mubwiriza ubutumwa ko bakeneye ubabwiriza mukareka mukareka nibura abajya gusenga bafite iyo nyota ko Imana igiriye inyota bayifitiye ko izabereka inzira nawe mbona uri umuhezanguni Hari benshyi bakeneye Kristu ariko mukirirwa mwihaye amadini musenya abandi muzi amarogi Ari ikigali nahandi ko mutayavuga murabona abakeneye Kristu Ari abahe ?
@HABUMUKIZARegis Says:
Idini ya Kiliziya Gatulika ni idini ya Satani
@nyiramajyamberepauline2197 Says:
Roho Mutagatifu abamurikire abiyereke niko mbasabiye mu izina rya Yezu Kristu.Amennn
@egidetwizeyimana6786 Says:
Ahubwo ubwo busambanyi n'ubusinzi n'ibindi bipfuye byose banabikorera iyo za Kibeho mu mashyamba yaho no mu misozi ihaba kuko niho nize ibyaho ndabizi neza gusa iyaba abantu babashaga kumva ukuri 😢😢😢 ariko utazumva azabireke Uwiteka apfa kuba yabahaye ubutumwa ku munsi wa amateka bazabazwa impamvu bumvise bakigira ingumba z'amatwi bakayaziba ngo batumva.. Urebe abagutuka n'abavuga uri kuyobya cg ngo uraca imanza nkaho bo hari ubundi bumenyi bafite burenze ibyo uvuga
@HATEGEKIMANAJeanClaude-d2h Says:
ntimugace imanza kbs Imana Niyo mucamanza va kumadini buriwese nakurikirane iherezo rye ntabwo baramya ibishushanyo nurwibutso ntugace Imanza
@dushimumukizafelix5310 Says:
Amadini icyo yahishwe kd akanagihisha abayagana,ni ukumenya Yesu Kristo by ukuri ,imiterere ye,ibyo akunda,ibyo yanga ndetse n ibyo yatwigishije.Niwe wari mu is,ninawe waje mu isi ndetse ninawe uzagaruka mu isi gutwara itorero.yari mu isi ariko ab isi ntibamumenya ariko abamumenya yabahaye ubushobozi bwo kuba Abana b Imana ,abo ntibabyawe n umubili n amaraso ahubwo babyawe n umwuka,kubyunva birakomeye,mwizere Yesu Kristo wenyine kuko ninawe shusho y Imana itaboneka.
YOUTUBE COMMENTS