Nta kintu na kimwe mu buhanuzi bwo muri Bibiliya cyahanuwe kitazasohora ,BABULONI ibyayo biri gushyira ku mugaragaro bityo ufite inzara n'inyota by'agakiza ka Kristo ayisohokemo .(IBYAHISHUWE 18:1-4).IBYAHISHUWE 17,18,19
@magnifiqueUwimana Says:
Shalom shalom bakundwa bumwami wacu Yesu kritso Clarisse na Patrick kamanzi na njaruck umwami Yesu kritso abamperu umugisha mwishi utagabanyije mukomze gushira ahabona ukuri twahishwe nukuri abantu bi Mana bararuhiye mumadi
@NezaJew Says:
Niba muzi ko bariya bazungu bari muri Isirayeli ari Abisirayeli muri mu mwijima w'icuraburindi. Bariya SI Abisirayeli cg Abayuda ni Abedomu bibye identity yacu biyita amazina atari ayabo (Ezekiyeli 35:10; 36:5 na Ibyahishuwe 2:9).
@NezaJew Says:
Mujye mumenya gutandukanya ibintu. Ntimukabumbire ibintu byose mu kintu kimwe. Ibyasajishijwe ni ibiki? Cyangwa ni ibihe? Ibyo Yesu yasajishishe ni amategeko yose ajyanye n'ibyo gutamba ibitambo gusa. Ibirenze ibyo na byo ni ubuyobe.
YOUTUBE COMMENTS