Ntugende utankandiye ku gafoto nyabu tuzamurane❤❤❤❤
@BAZIMAZIKIDEOGRATIAS Says:
Ahubwo mwibaze izo ntambara ziri mubayobozi mwibaze ingaruka bifite mubaturage ? Ese bafunga bagenzi babo gutyo Bose bakora mukarere mwibaze abo bayobora bo hasi amahano bakorerwa
@MAZIMPAKA-l8x Says:
Kuki abantu bizirika ku kazi?
Kurega umukoresha ni bibi Kandi akiguhemba.
Ikindi, kwizirika ku batagushaka nabyo si byiza. Urasezera ukazakora ibindi.
Niboroherane.
@kaberaericdeo118 Says:
Akarengane mu Rwanda no munzego zibanze kazarangira gute? Inzego zikomeye z'umutekano n'intara zijandika mumatiku nkariya gute aho gukemura ibibazo by'abaturage n'abakozi bato bo mu nzego za leta. Mayor se we yijandika mu nzangano ejo nawe azavaho nabi? Inzego z'umutekano ni zive mukwijandika munzego zibanze n'amatiku yazo. Nazifashe gukemura ibibazo aho kujyana mu matiku twumva. Aba bakozi nibarenganurwe muburyo bwose amategeko ateganya.
@bizimanareverien2923 Says:
Aha!
@gacinyamyambi7038 Says:
Sha uwo mugabo nashake yisubireho yandike yegura kumpamvu ze bwite pe nkuko yabigiriwemo inama na Disciplinary comeete 😂kuko nareba nabi azisanga munzererezi.😅
@gacinyamyambi7038 Says:
Sunivuze ariko ukuri n'uko inzego z'umutekano nizo zifatira local Authority decisions Kandi ibitagenze neza ntizibibanzwe.
@TwagirayezuEmmanuel-k2r Says:
Sha wakwisubiriye komini guhinga za dodo ko ukareka kwanduranya? Rwose ibyo uvuga byose birumvikana wararenganye. Gusa abo uri kurega nibo uri kuregera! Kuko byose baba babiziranyeho, systeme y'igihugu yubatse kimwe😢 tuza rero wiyumanganye muvandi!
@kwizerapaul3096 Says:
Joseph umfashe kugusobanucyirwa neza kuko njyambyibaza bikanshanga mukuri amatiku aba muturere hari Number 1 uhagarariye ingabo uhagarariye Police uhagarariye enesesi uhagarariye RIB uhagarariye njyanama mukarere hamwe numunyamategeko wakarere umfashe kumenya impamvu ababantu bose bibufamwo umwanzuro wamatiku nkaya kuko tubyumva heshi????
@iwacutv6925 Says:
Abanyarwanda nibiga rwose , yakarebeye kuri umwe wari i Rulindo washijwaga akinyuma
@boscomutatse9644 Says:
Gitifu ndumva baramurenganije (ngendeye k'ubyo amategeko ateganya). Ark nshingiye ku ibaruwa yanditse, binteye kwibaza ukuntu ubundi yabonye akazi ko kuba gitifu w'umurenge (kuko ndumva afite ubwwnge na analysis bidashamaje). Nkeka akarere kasanze n'ubundi ntaho azageza umurenge mu mihigo bagahitamo kumukuramo.
Ikosa akarere kakoze ni ukumurekera mu kazi ahibwo bakamuhindurira imirimo.
@uzabakirihosalvator2796 Says:
Bage babakuraho uko bashaka kuko ni na ko baba bagiyeho. Bagombaga kubaha imyanzuro yabafatiwe kuko banajyaho si uko barushaga abandi ubushobozi. Byagakwiye gusubirwamo ibizamini bikajya bikorwa utsinze akaba ari we uyobora! Kuko iyo washyizweho, unakurwaho nta tegeko rikurikijwe! Ahubwo nakomeza kwinangira azaburirwa irengero.
@inkamuntu250 Says:
Vanessa yaje mumwenda wa mwuka disi 🥰
@Bolingo-c2i Says:
Ujye uha na Vanessa yamamaze agira ijwi ryiza cyane. Mukora neza buy the way.
@bizimanajeandedieu2533 Says:
😂😂😂 Nyamagabe... !!! Ariko bavandi...Muziko Nyamagabe yajyaga iba iyambere mumihigo...???
@borainn1367 Says:
Nyamagabe ni ibyo yihoreramo aho gukorera abaturage bityo igahora ku myanya y'inyuma.
Muzarebe umuhanda w'amabuye bakorewe mu Gasarenda utagendwa : wangiritse utaratahwa bararuma barahuha
YOUTUBE COMMENTS